Home News Utuzi twa Col.Dan Munyuza mu gihugu cy’UBUHOLLANDE!(Mukashema Esperance)

Utuzi twa Col.Dan Munyuza mu gihugu cy’UBUHOLLANDE!(Mukashema Esperance)

0

Sept 28, 2016 njyanwa mu iyerekwa rikomeye cyane ryabanje kumbera amayobera akomeye cyane. Nabonye umugabo ufite akamodoka ko mu bwoko bw’IJEEP, (ubuyobozi bwisumbuyeho) uwo mugabo ashaka umugore witwa MONICA, nawe warufite imodoka y’Ivatiri cyangwa se ‘Personal’ ijya kuba umukara uvanzemo n’ubururu.Uyu mugabo w’umuislam akaba ari we uhagarariye IGARAGE ikora imodoka za pfuye (ushinzwe imilimo y’ubuhotozi muri  ministeri y’UBUBANYI na mahanga) ministry of foreign affairs.

Uwo  mugabo nawe ajya gushaka undi mugore uzajya ujya kugura ibikoresho byo gukora muriyo restaurant kwa wa mugore w’umwegakazi witwa MONICA,akaba ari we wahaye ikiraka wa mugabo w’UMUISLAM kumukorera muri restaurant kugirango bafatanye imirimo yo gushaka uburyo bagomba gukorana imirimo yo gukiranirwa.

Mbona uyu mugabo w’umuislam bamushinze guhagararira imodoka zose za pfuye zizanwa muriyo garage (umuhuza bikorwa ushinzwe kuvanga twa tuzi twa Col.Dan Munyuza) bagomba guha abatavuga rumwe na leta y’umwakagara baba mu gihugu cya SPAIN (Netherlands) cyangwa se Ubuhollande.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira umudamu witwa Mukashema Esperance yuko umwanzi(za magigiri) za maze gucura umugambi cyera wo guhitana ubuzima bwe,hamwe n’umuryango we,kandi uwo mugambi umaze igihe kirekire gahunda ikaba igeze kumuryango w’ubutayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore har’ingenza yashyizweho ishinzwe kureba uburyo ajyana abana kw’ishuri,gahunda ze zose akora,kandi buri gikorwa cyose akora cyangwa aho anyura hose bahafata ifoto barangiza bakajya kugambana mu nama zabo bashaka uburyo bakoresha kugirango bazasohoze umugambi wabo mubisha uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

Ariko ubwo mbere nari nabonye gahunda isa naho haba har’umwuka w’ikiriyo ko haba har’umuntu ugiye gupfa mu muryango kandi akazaba azize twa tuzi twa Col.Dan Munyuza.Nuko sinabasha gusobanukirwa ibyari byo,nibwo ijambo ry’Uhoraho ryongeraga kungarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umudamu witwa MUKASHEMA ESPERANCE nta nshuti agira kuko azengurutswe  ni nkozi z’ibibi gusa gusa zishaka kurimbura ubugingo bwe.

Nuko rero dore nakugize amaso ya bakiranutsi kugirango ubamenyeshe imigambi y’umwanzi wabakiranutsi witwa Umwakagara kugirango bamwirinde,kuko uwo yavukiye kurimbura intore z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,ariko nawe kugwa kwe,kuzaba kugari cyane kuko kuzikuba inshuro [7*7] kugirango amenye yuko mu Ijuru har’Imana ikiranuka kandi ica imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Leta ya Nkurunziza igera ikirenge mu cy’Umwakagara!!!

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,umwakagara yabatwaje inkoni yicyuma,ariko we azatwazwa inkoni yubumba kugirango amenye yuko Uhoraho ari we muremyi wa byose,kandi ko,ari we mugenga wa byose uko niko Uhoraho uwiteka Nyiringabo avuga.Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo leta y’abahutu b’Ababarundi iyobowe na Peter Nkurunziza itumiza ubutwa buturutse mu gihugu cya China.Ubwo butwa bukaba bukozwe mu buryo bw’ifu.Nerekwa ko hari nama izahuza abashinga mateka bahuriye mu muryango w’Africa y’uburasira zuba East African Community EAC.Iyo nama ikazahuriramo abashingamateka b’Umwakagara na ba Nkuzunziza.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwana w’umuhutu Nkurunziza ateguye umugambi wo kuroga abashingamateka b’Umwakagara mu nama bazahuriramo izahuza ibihugu bihuriye muri uwo muryango.Dore bazafata udupapuro batwandikemo imbere hanyuma baduhereze abashingamateka bumwakagara maze ubwo bazafungura bagiye gusoma ibyanditsweho,bazahita bahumeka ubwo burozi buhite bubinjira mu bwonko bazahita bahinduka nkibigoryi uhereye ubwo bazahita batakaza ubwenge ntabwo bazongera gutekereza nk’uko batekerezaga bazahita bahinduka ibigoryi nyuma y’igihe bazitaba Imana bisangire basekuruza iwabo wa twese niko Uwiteka avuga!

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ituro ry’umugisha riraje Uhoraho niwe uryohereje kugirango ukomeze imirimo yawe yubucamanza bw’Uwiteka,kuko abantu barushijeho kuba babi cyane.Ariko cyane cyane Abarundi n’Abanyarwanda leta zombi zikomeje kwijandika mu bikorwa byabazimu na badayimoni kandi zirimo gukorera kumunota wa nyuma kuko bazi neza yuko bamaze gucirwaho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega na BASHAMBO,bishyize hamwe kurwanya ubwami bw’uRwanda.Kuko ubu za magigiri inyinshi zigizwe n’Abakagara hamwe n’Abashambo.Ibyo babikora bagirango bajijishe abantu batazajya vavuga ngo ingoa niy’Abega gusa,bityo abanyarwanda bakarushaho kwanga Abega cyane kandi ari bacye cyane,niyompamvu bagerageza kuvangavanga bagashyiramo nindi miryango yindi yo kuruhande kugirango babashe kubona imbaraga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kumbwira uburyo Gen.Karenzi Karake bamukuye kumwanya wo kuba umukuru wa za magigiri,bakamujyana kumugira igshushanyo muri perezidance ngo n’umujyanama w’umukuru w’igihugu.Kandi nyamara nta nama nimwe amugisha arahongaho gusa ahembwa yicaye bashakisha uturimo bamuha tudafashije kugirango atazarabukwa yuko bamugize ikigarasha uko niko Uwiteka nyiringabo avuga.

Ariko dore igihe cy’ubutayu bwabo kiregereje kandi kirasohoye,kuko ijambo ryahanuwe n’umwuka w’Imana rigeze mu marembo yo mu irango rya gakondo ya bakiranutsi kugirango risohoze umurimo waryo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore ingabo ziteguye yuko rwambikana bagahita urugamba barugira abakabagara bakaba ari bo barurwana bonyine kuko babuze uko bakwibohora muri urwo rucundura bashyizwemo nyuma yo kwicaza umwakagara ku ntebe ya bukunzi uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.Ubu isengesho ingabo z’umwakagara zirimo gusenga,nuko rwambikana maze bagatererana umwakagara kumugaragaro bakamwereka aho babera akaga bakamwishyura ibyo yabakoreye byose agasigara arwana urugamba wenyine we n’umuhungu aho niho azabona yuko yahemukiye abanyarwanda,kandi batamukunze na busa.Uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira uburyo umuryango cyangwa inzu yabashambo ari bo bakomeje umwuga wo guterekerera ibigirwimana byitwa NYABINGI na RYANGOMBE,akaba ari bo bafite uwo murimo ukaba ubari mu maraso!Akaba ari bo baragurira Umwakagara kuko inzu yabashambo yabaye umwe na Satani na badayimoni.

Mwana w’umuntu,burira ubwoko bwanjye bwirinde cyane umuntu wese witwa umwega cyangwa umushambo kuko batagenzwa na kamwe birirwa bahiga abo batangaho ibitambo kugirango za Nyibingi na Ryangombe babone gutanga intsinzi.Ariko bararuhira ubusa kuko bashinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.Nyamara uko bafatanije kugirira nabi ubwoko bwanjye ninako bazafatanya kwerekera mu butayu bugufiya kugirango bigishwe yuko Uhoraho Uwiteka Imana aca imanza zitabera niko Uwiteka avuga.

 

Save

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar