Sept 28, 2016 njyanwa mu iyerekwa rikomeye cyane ryabanje kumbera amayobera akomeye cyane. Nabonye umugabo ufite akamodoka ko mu bwoko bw’IJEEP, (ubuyobozi bwisumbuyeho) uwo mugabo ashaka umugore witwa MONICA, nawe warufite imodoka y’Ivatiri cyangwa se ‘Personal’ ijya kuba umukara uvanzemo n’ubururu.Uyu mugabo w’umuislam akaba ari we uhagarariye IGARAGE ikora imodoka za pfuye (ushinzwe imilimo y’ubuhotozi muri ministeri y’UBUBANYI na mahanga) ministry of foreign affairs.
Uwo mugabo nawe ajya gushaka undi mugore uzajya ujya kugura ibikoresho byo gukora muriyo restaurant kwa wa mugore w’umwegakazi witwa MONICA,akaba ari we wahaye ikiraka wa mugabo w’UMUISLAM kumukorera muri restaurant kugirango bafatanye imirimo yo gushaka uburyo bagomba gukorana imirimo yo gukiranirwa.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira umudamu witwa Mukashema Esperance yuko umwanzi(za magigiri) za maze gucura umugambi cyera wo guhitana ubuzima bwe,hamwe n’umuryango we,kandi uwo mugambi umaze igihe kirekire gahunda ikaba igeze kumuryango w’ubutayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Dore har’ingenza yashyizweho ishinzwe kureba uburyo ajyana abana kw’ishuri,gahunda ze zose akora,kandi buri gikorwa cyose akora cyangwa aho anyura hose bahafata ifoto barangiza bakajya kugambana mu nama zabo bashaka uburyo bakoresha kugirango bazasohoze umugambi wabo mubisha uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.
Nuko rero dore nakugize amaso ya bakiranutsi kugirango ubamenyeshe imigambi y’umwanzi wabakiranutsi witwa Umwakagara kugirango bamwirinde,kuko uwo yavukiye kurimbura intore z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,ariko nawe kugwa kwe,kuzaba kugari cyane kuko kuzikuba inshuro [7*7] kugirango amenye yuko mu Ijuru har’Imana ikiranuka kandi ica imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Leta ya Nkurunziza igera ikirenge mu cy’Umwakagara!!!
Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwana w’umuhutu Nkurunziza ateguye umugambi wo kuroga abashingamateka b’Umwakagara mu nama bazahuriramo izahuza ibihugu bihuriye muri uwo muryango.Dore bazafata udupapuro batwandikemo imbere hanyuma baduhereze abashingamateka bumwakagara maze ubwo bazafungura bagiye gusoma ibyanditsweho,bazahita bahumeka ubwo burozi buhite bubinjira mu bwonko bazahita bahinduka nkibigoryi uhereye ubwo bazahita batakaza ubwenge ntabwo bazongera gutekereza nk’uko batekerezaga bazahita bahinduka ibigoryi nyuma y’igihe bazitaba Imana bisangire basekuruza iwabo wa twese niko Uwiteka avuga!
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ituro ry’umugisha riraje Uhoraho niwe uryohereje kugirango ukomeze imirimo yawe yubucamanza bw’Uwiteka,kuko abantu barushijeho kuba babi cyane.Ariko cyane cyane Abarundi n’Abanyarwanda leta zombi zikomeje kwijandika mu bikorwa byabazimu na badayimoni kandi zirimo gukorera kumunota wa nyuma kuko bazi neza yuko bamaze gucirwaho iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi avuga.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abega na BASHAMBO,bishyize hamwe kurwanya ubwami bw’uRwanda.Kuko ubu za magigiri inyinshi zigizwe n’Abakagara hamwe n’Abashambo.Ibyo babikora bagirango bajijishe abantu batazajya vavuga ngo ingoa niy’Abega gusa,bityo abanyarwanda bakarushaho kwanga Abega cyane kandi ari bacye cyane,niyompamvu bagerageza kuvangavanga bagashyiramo nindi miryango yindi yo kuruhande kugirango babashe kubona imbaraga.
Ariko dore igihe cy’ubutayu bwabo kiregereje kandi kirasohoye,kuko ijambo ryahanuwe n’umwuka w’Imana rigeze mu marembo yo mu irango rya gakondo ya bakiranutsi kugirango risohoze umurimo waryo uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore ingabo ziteguye yuko rwambikana bagahita urugamba barugira abakabagara bakaba ari bo barurwana bonyine kuko babuze uko bakwibohora muri urwo rucundura bashyizwemo nyuma yo kwicaza umwakagara ku ntebe ya bukunzi uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.Ubu isengesho ingabo z’umwakagara zirimo gusenga,nuko rwambikana maze bagatererana umwakagara kumugaragaro bakamwereka aho babera akaga bakamwishyura ibyo yabakoreye byose agasigara arwana urugamba wenyine we n’umuhungu aho niho azabona yuko yahemukiye abanyarwanda,kandi batamukunze na busa.Uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Mwana w’umuntu,burira ubwoko bwanjye bwirinde cyane umuntu wese witwa umwega cyangwa umushambo kuko batagenzwa na kamwe birirwa bahiga abo batangaho ibitambo kugirango za Nyibingi na Ryangombe babone gutanga intsinzi.Ariko bararuhira ubusa kuko bashinga umuhunda ku kirenge uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.Nyamara uko bafatanije kugirira nabi ubwoko bwanjye ninako bazafatanya kwerekera mu butayu bugufiya kugirango bigishwe yuko Uhoraho Uwiteka Imana aca imanza zitabera niko Uwiteka avuga.
Save
Save