Home Inte'l Urutonde rwa zamaneko zikorera kumugabane w’Uburayi amazina yabo

Urutonde rwa zamaneko zikorera kumugabane w’Uburayi amazina yabo

0

Reka duhere mu gihugu cyUbwongereza harumunyeshuli witwa INNOCeNT Bizimana wiga muri kaminuza yitwa University of Birmingham akaba ariwe wanguriye laptop yo gukoresha umurimo w’Uwiteka igihe kimwe nashatse kumugerageza ngo menye ko yaba ar’intore y’umwakagara maze ntegura inyandiko za RNC ni za RPRK zijyanye na politike maze musaba yuko yajya kwa Lawyer akankorera Monarchy Constitutional ya Rwandise Democratic Monarchy RDM.

Ambwira ko azabikora ari mukiruhuko mukwezi kwa (9) 2015 igihe kimaze kugera nta bwo yabikoze ahubwo byageze mu kwakira(10) maze yohereza inandiko azicicshije muri Microsoft ikoranabuhanga rikoreshwa na leta y’uRwanda kuneka batavuga rumwe nayo iza muri e-mail yanjye mfunguye bansaba gushyiramo user and password kuko yari e-mail ye yohereje.

Ako kanya google ihita imbwira yuko abo bantu bakoresha uwo muhora wa internet ari ba hackers ako kanya ndamwandikira mubaza impamvu yanze kohereza muri in box yanjye ahubwo agakoresha ubwo buryo bwo gutata e-mail yanjye.

Abonye ko namutahuye yahise ashyira itangazo kuri facebook avuga yuko hari bantu binjiye muri e-mail ye cyane cyane ashinja abanyeshuli bagnzi be babanyarwanda bingana ko ari bo bakoresheje e-mail ye bakayishyira muri list zabandi bantu bityo bakayikoresha mu buryo budahuye.

Undi ni Consolee Mukarwego uri kumugabane w’Uburayi mu gihugu cy’Ubufarance wahawe misiyo na leta y’uRwanda kugigira RNC yamaze kubinjiramo akoresheje ijambo ry’Imana dore ari muri network ya LEAH Karegeya ariko akanga kujya hura nabo ngo basenge ahubwo akajya abwiriza abinyujije kuri internet kubera kwirinda ko bamutahura ndetse yanatumiwe kuri Radio itahuka ngo abwirize arabyanga uyu numukire cyane yanaguze inzu muri France urumva rero ko atakwitesha uwo mugisha ngo arashyigikira RNC.

Undi Marie Esther Murebwayire uba mu gihugu cy’Ubuhollande nawe uneka akoresheje ijambo ry’Imana yiguze nawe umuhanuzi kazi ahanura yuko umwakagara azava ku butgetsi 2013 mukwa karindwi(Nyakanga) ariko byarangiye Umwakagara akiri ku ngoma akaba kenshi yaragiye ahakana ibyo ashinjwa akavuga ko ashinjwa nabahutu bamwanga ngo kubera ko akunda abatutsi nyamara irivugwa burya riba rihari niyo riba ridahari riba riri mu nzira (Lisemwaro riko,na kama haliko liko njian laja)

Kugeza igihe Imana yamushyiriye ku karubanda ariko aramga akomeza kujya impaka kubera kwanga kwihana Marie yagiye guhura na Nyakwigendera Patrick Karegeya ndetse byashoboka yuko yaba yaragize uruhare rukomeye murupfu rwe ariko anavuga ko ngo yamubatije bityo ngo akaba yizeye ko yagiye mu ijuru.Byaba bibabaje biramutse ari ukuri kuba yaramubatije se ni Pastor az’uko babatiza?Iki nikibazo umuntu yakwibaza niba atarigeze abatiza umuntu numwe agahera kuri nyakwigendera Col.Karegeya byab aragahoma munwa.

Undi uza kwisonga ni Nyiramihanda Maqnifique utuye mu majyepfo y’Uburayi hafi ni gihugu cy’Ubusiya cyitwa FinLande akaba ar’umwegakazi w’umwakagara akaba ari we wanyibwiriye yuko arumwega wabakagara ariko ngo we akaba yibona nk’umucika cumu wahohotewe na leta ya FPR,akaba yibona kuba umucika cumu kurusha kwibonamo kuba umwakagara kazi.Uwo ashinzwe kuneka impunzi zabanyarwanda akora umurimo wugusobanurira impunzi zitazi indimi urumva arazineka bihaije we ubwe yiugira ko akorana na kandi gasore bita intore ndetse byanashoboka ko yaba ari nshuti ye imukemurira utubazo two gutera akabariro kuko afitanye ibibazo n’umugabo we bashakanye.                                                                                                                         

Undi ni Nyirampala wihinduye Nyiramigisha abibwiwe nabapfumu bo mu gihugu cya Zambia we akaba akoresha amarozi kuroga abo FPR iba yamungiye agatoki kubera nta mugabo agira,umugabo wese umujeho cyane ko yifitiye akabari ku buryo abagabo batazi kwirinda bagenzwe no gusinda abaha kumyaka yarangiza akanabaha ubwo burozi ukumva ngo umuntu yishwe nimpyiko naho yabahaye amazi ya Munyuza.

Ni gute rero yaba adakorana na Maqnifique kandi amushinja yuko anarwaye sida kandi azi neza ko basangiye umugabo bamusangira gute umwe arwaye SIDA undi atayirwaye?Aha niho umunyabwenge akwiye kwibaza uyu Magnifique yashatse kwinjiza mwishwa we nawe yakuye iwabo igitarama akamuzana muri FinLande ahageze yashatse kumushyira muri uwo murimo ariko umwana w’umusore aramwangira kugeza ubwo babipfuye bagahinduka abanzi nyuma yuko yaragiye kurongora umunyamurenge Kazi nyirasenge akitambika akiica ubukwe none agiye kwishakira umuzungu Kazi nyirasenge bikaba byaramubabaje cyane yuko uwo mwishwa we ameze neza kandi akaba agiye no kwishakira umuzungu Kazi

Mwishwa we akora mubitaro byo kwa muganga ngo ashiznwe kumesa amashuka nibindi byose bijyanye nisuku ariko icyangombwa nkimunzi ni uko abona amadovise kuko kuva aho amariye kuhagera yahise agurira iwabo inzu ahitwa rwinkwamvu ubu bameze neza ariko tekereza kuba nyirasenge yaramuzanye ngo ajye aneka bagenzi babanyarwanda basangiye ubuhunzi.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar