Home News Urugendo rwa papa Francis muri Kenya,ruhindutse Noel kuba Police bo mur’icyo gihugu!

Urugendo rwa papa Francis muri Kenya,ruhindutse Noel kuba Police bo mur’icyo gihugu!

0

Kuva hatangazwa urugendo rwa Papa Francis  mur’Africa y’uburasira zuba mu gihugu cya Kenya,leta iyobowe na Uhuru MUIGAI Kenyatta yahise atangira kwitegura uwo munyacyubahiro utegeka isi yose.Amakuru avuga yuko leta ya Kenya yateguye aba Police bagera kubihumbi 10.000 by’abapolice bavanze nabasirikare.

Bikavugwa yuko kiliziya Gatolika ya Kenya,yasabye leta yuko bayiha bamwe mubazarinda umutekano w’umushumba wabo,kugirango batwarwe kwigishwa ibijyanye n’umutekano wa papa Francis dore ngo umtekano we udasanzwe ngo kubera yuko ari we uhagarariye Imana yo mu ijuru yaremye ijuru n’Isi.

Kuva hatangazwa yuko uwo munyacyubahiro azager muri icyo gihugu ku wa 21st Nov,2015 abashinzwe umutekano batangiye gukaza umtekano ku buryo budasanzwe icyumweru kimwe mbere yuko ahagera.Umunyamakuru w’inyangeNews uru mu murwa mukuru wa Nairobi Alice Umuhoza muri iki cyumweru yanyarukiye mu murwa  mukuru wa Nairobi gutara amakuru yagiye kuri motor mu gihe yararimo gushaka amashillingi avunje ngo yishyure uwo mu motor,ubwo hanyuze aba police (2) umugore cyangwa se umukobwa n’umugabo.

Umugabo yar’imbere naho umugore yar’inyuma.Abonye Alice Umuhoza arimo kubara amashillingi 900 bari bamugaruriye kuko yaraguze air time,ubwo sinakubwira wa mugore w’umu police aramubaza ngo habari yako?Undi aramusubiza nawe ati ni POA!Ubwo wa mugore areba mugenzi we abona ko yageze kure kuko undi yari yasigaye arangariye amashillingi.

Ubwo mu gihe arimo gutekereza uburyo yagenza ngo amucakire amwambure ayo mashilingi,Alice nawe yahise akuramo ake karenge aba aramucitse.Mu byukuri igihugu cya Kenya cyamunzwe na ruswa yo kurwego rwo hejuru ubu harimo gufatwa abantu batagira ingano hagambiriwe ko bambura abanyagihugu utwabo kandi bashinzwe kulinda umutekano wa bantu n’ibintu.None basigaye birindira ibintu abantu bo babavuyeho!

Urugendo rwa papa Francis nta bwo ruzagarukira muri Kenya gusa,kuko agikomeza kugera muri Uganda,aho bivugwa yuko nubundi urwo rugendo yari yaruteguriye abanya Uganda.Mwibuke yuko ntaho agera ngo hasigare amahoro.

Yasuye uRwanda muri za 1990 ahavuye haduka intambara,none agiye muri Uganda mbere ya matora,muraza kubona akaza gukurikiraho.nukuyategesha yombi nk’uko ubuhanuzi bwatubwiye yuko ngo bagenzwa no guhiga inyenyeri yahanuwe nabahanuzi yaje muraka karere uhereye hagati ya 2005-2009 ngo iyo nyenyeri yabonywe nabazungu benshi bafite guhishukuirwa ndibuka yuko benshi baje murwagasabo bavuga ubwo butumwa bavugwa yuko ngo uRwagasabo arigihugu cyatoranijwe n’Uwiteka ngo ahafitiye umugambi ukomeye.

Ntakindi kibagenza kitari ugushaka kwica uwo mwana ugiye kuvukana imbuto nyamara bariyimbire kuko nubundi inda yamaze kugera amezi cyenda (9);ku buryo kuvuka bitagikanganye kuko iyo atumye atwita,ni nayo izatuma abyara.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar