June 26th 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore urubyiruko rw’Abanya Kenya,bo mu bwoko bw’ABAKALENJINI binjiye mu ishuri vuba vuba kubera Umwami wabo William Ruto,aciriweho iteka.Aya magambo sinayasobanukirwa maze ndabwirwa ngo:Umukuru wungirije umukuru w’igihugu cya Kenya,William Samuei Ruto atsinzwe nurubanza none rubanda rwe ruteye intambara mu gihugu hamwe nakaduruvayo uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,Kagame and his brother’s are summoned because of justice and this is their end says the Lord our God almight.Mwana w’umuntu kagame n’Abakuru be,bahamagawe n’ubutabera kubera ko iki ar’igihe cyabo cya nyuma uko niko Uwiteka Imana Imana yacu nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uwietaka ryongera kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abantu bo mu bwoko bw’Abayisilam bagushije ishyano,dore ibyo bubaka byose barabyubaka bisenyuka,kuko bigize intagondwa biringiye imana itari Imana yo mu ijuru none bibazaniye urubanza binjiye mu bigeragezo bikomeye cyane!
Abo bayisilam nabo mu gihugu cya Kenya bagiye guhura nakaga ,ibyago,amakuba bibakomereye cyane kuko bananiwe kumvira no kwizera Uwiteka Imana kubera iyo mpamvu nta cyintu na kimwe bazongera gukora ngo batunganirwe uko niko Uwiteka nyiringabo avuga.
Mwana w’umuntu dore ibyago amakuba,bimanukiye umurwa mukuru New Dell igihugu cyitwa Ubuhinde,icyo gihugu nzagitoteza kubera gusenga ibigirwamana kugirango bamenye ko nd’Uwiteka Imana ifuha,maze nibamara kumenya ko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi,bazahindukira bashake mu maso hanjye uko niko Uwiteka avuga”Son of man,the capital of India is gonna face calamities because of their abominations this is why are gonna suffering to much they will know that I am the Lord God of Hosts says the Lord almight.
The word of the Lord comes to me,from heaven,and told me,Son of man,writte this an article,that the Lord our God released calamities on Muslims community they not forget this,always they will commemorate what I will do upon of them says the Lord almight.
Ahagana mu isaha ya (7);y’igicamunsi,nerekwa umwuka w’inzika y’inzigo ndetse yari imyuka (2); inanirwa gusohoza umugambi mubisha iyo myuka irangije ibona ko namaze gusobanukirwa uwo mwuka uhora untoteza cyane mbona unjugunyiye imfunguzo z’inzu zikingura umuryango w’inzu yanjye !
Ni uko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu inzika y’inzigo ya satani irarangiye kuko Uwiteka arumunyembaraga yita kubakiranutsi kurusha ibindi byose yitaho uko niko Uwiteka avuze!
Mpita menya yuko igihe cy’umuhanuzi mukuru,hamwe n’umuhanuzi Majeshi Leon n’umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe ko igihe cyabo cyo kugirirwa neza n’Uwiteka Imana gusohoye ,maze numva ibyishimo bitangira gusimbugurika muri jye nk’inyana y’umutavu ibyinagira amatavu y’akazuba ka kiberinka mu marembera y’igicamunsi numva nshimye Uwiteka Imana mu buryo bwo mu mwuka Uwiteka ahimbazwe kandi ahabwe icyubahiro kuko niwe wenyine ugikwiriye.
Ni uko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu burira mwene gakondo ko umwuka w’urupfu umusatiriye dore abana b’umugaragu baramuhigisha uruhindu hasi no hejuru nyamara akwiye kugira ubwenge akamenya uko agenza kuko amazi yamaze kurenga inkombe uko niko Uwiteka avuze.





