HomeNewsUmwanzi yinjiye muri system y'umuhanuzi

Umwanzi yinjiye muri system y’umuhanuzi

23rd Sept,2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana ryongera ku nzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi zikibi zongeye kwinjira muri Gakondo y’umuhanuzi mwana w’umuntu ukwiye kumenya uko ugenza kuko zamaze kwinjira muri system yawe ukoreramo.

Byaba byiza uhagaritse itumanaho ryose kugirango ubanze ugenzure uko biteye bityo ubone kumenya uko ugenza.Dore umwanzi yakoresheje nyampinga kugirango kugirango abashe kumenya gahunda zawe zose,none funga telephone zawe zose Numara kumebanya uko ikibazo giteye ubone gufungura itumanaho uko niko Uwiteka akuburiye.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho inshuro ya (2);maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi arimo gukurikirana telephone zawe zose none uramenye ntiwongere kugira uwo muvugana kugirango badatahura gahunda zawe uhindure telephone zose kandi ntiwongere kugira umuntu wizera ngo umuhe telephone zawe uko niko Uwiteka avuga.Abandi bose muzajya muvuganira kuri e-mail uko niko Uwiteka avuze.

Umwakagara agufitiye ubwoba cyane ko wamucika ugakurwa mu gihugu cy’IBABYLON ataraguca igihanga,dore yagushyizeho ingenza  yigize imfura ariko ni magigiri ndetse n’inkoramaraso ishakisha ubugingo bwawe dore ndaza kumushyiramo umwuka wo kwivamo nkinopfu.

Uza ku kuganiriza  inkuru ibijyanye nubugome yagiriwe yagiriwe kuburyo bufifitse uwo araba ariwe ingenza igenza ubugngo bwawe umenye ko aruwo maze uhite ufata ibyemezo.Ikimenyetso nuko ngiye kukoherereza umugisha kuko nzi yuko amikoro yawe yarangiye kandi nyuma yuwo mugisha nzaguha abantu banjye bazaguhesha umugisha uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho ku nshuro ya (3);rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi yakuragije inka ABADAYIMONI ba maso kandi usenge kuko Uwiteka agiye kugukorera ibikomeye uko niko Uwiteka avuze.Dore bigize abahanga kandi bazi ubumenyi none wowe menya uko ugenza kwa kundi ujya ubigenza uko niko ukwiriye kubigenza kugirango uburizemo imigambi y’umwanzi kuko usigaje igihe gito cyane muri iki gihugu niko Uwiteka avuze.

Nuko nerekwa abicanyi,abagambanyi,na barozi bagambaniye gakondo y’umuhanuzi nerekwa ko bagiye kuyigarurira,maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu ba maso kandi umenye ubwenge kuko umwaanzi afite amayeri menshi akoresha ariko ntugire ubwoba kuko nakubwiye yuko  nzaguha umugisha wabakiranirwa ukigarurira umugisha urahantu hahishwe hibanga humwijima kugirango umenye yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi kuko nakumenye mu izina ryawe uko niko Uwoteka avuga.

The Rhema word comes from above in heaven,and told me,son of man,take care yourself,do not trust that the woman because she’s spying you,she got the mission to spying you for the purpose knowing your destination from the BABYLON country to another one so that they’ll be able to know your activities thus says the Lord God almighty of armies.

Njyanwa mu iyerekwa nyuma yo kubwirwa aya magambo,nerekwa ndi mubakomeye maze nkurayo utwanjye twose ndigendera,muri abo bakomeye bari bafite umukozi w’umugore wakoraga aho hantu,maze nerekwa anyiba imyenda narimfite mishyashya«Bisobanura kwibwa umurimo»haruguru yanjya hari hahagaze ikinyabiziga gitegereje yuko nza kukinjiramo«ubutegetsi» ndebye kumuhanda naringiyemo kwinjiramo,mbona ingenza ya magigiri irimo kungeza ubwo nsubira inyuma kuburyo bwitonze anyura atambonye ndazamuka ngeze haruguru mpasanga abasirikare twabanye mukijepe«Abadayimoni» bansaba telephone zanjye nanga kuzibaha ako kanya ndazamuka numva muri telephone yanjye abantu baganiriramo iri mu mufuka wanjye wishati uburyo bagiye kungambanira ubwo ntega matwi numva gahunda zabo zose ndazirangiza maze menya yuko Uwiteka amburiye kandi ko akijije ubugingo bwanjye niko Uwiteka avuga.

The word of the Lord comes to me,and told me,son of man,just read this book of Habbakku 2:12,woe to him that buildth a town with blood and establish a city by iniquity.

Behold,is it not of the Lord of hosts that the people shall labor in the very fire, and the people shall weary themselves for very vanity?

V15: woe unto him that giveth his neighbor drunk, that puttest thy bottle to him,and makes him drunken also, that thou majest look on their nakedness

V19: woe him that saith to the wood Awake, to the dumb stone,Arise,it shall teach !Behold ,it is bind  one  gold and silver , and there’s no breath at all in the midst of it.

24th Sept,2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abantu bose bagambanira umulimo wanjye ndabavumye ndetse siwowe ubavumye kuko urumuhanuzi,ahubwo nijyewe ubavumye ubwange kubera ubugizi bwabo bwa nabi,inda zabo ntizizigire zirumbuka kandi abana babo ntibazigera baragarika kuko bagenje umugaragu wanjye ndetse bakagerageza bagambiriye gusenya umurimo wanjye uko niko Uwiteka avuze.

Bazajya basohoka basohokane umuvumo,nibinjira binjirane umuvumo,bazajya baryamana umuvumo,babyukane umuvumo aho bazajya hose bazajya bawugendana kuko bananiwe kwiringira ijambo ryanjye ahubwo ibirenge byabo byagambiriye kumena amaraso y’umukiranutsi utariho urubanza niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mwana w’umuntu andika ayo magambo kugirango uyasoma ayamenye kandi asobanukirwe kuko bansuzuguye nanjye nzabasuzugura uko bangenje nanjye niko nzbagenza uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwami Yesu Kristo yazanywe nibintu (3); (1) yazanywe no kuruhura abarushye ngo baruhuke ibibaremereye (2) yazanywe no kubohora ababoshye kugirango babohorwe bahinduke imbohore bidegembye (3) Yazanywe no gutanga ubugingo buhoraho kugirango abazamwemera bose bazabone ubugingo uko niko Uwiteka avuze

Mwana w’umuntu,bwira abizerwa bose yuko abiringira Uwiteka Imana atazigera akorwa nisoni bahagarare kuri iryo jambo,nyamara abatamwiringira ntibazabura guhatwa inkoni mubitugu uko niko Uwiteka avuze.

25h Sept,2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi ari ku kurungurukakira mukadirishya gatoya,none haguruka ujyenda ugafunge,nuko nitegereje mbona amashanayarazi araka cyane nyamara ntabwo nari nakinze urugi«Protection»none menya uko uri bubigenze kuko Uwiteka ariwe Mana yabakiranutsi.

Nuko ako kanya menye yuko za magigiri zikomeje kungenzura zikoresheje abanzi bumusaraba bafite inkovu zibyaha mu mitima yabo,ariko kandi nezezwa nuburyo Uwiteka akomeje kumbera maso akambera umucyo mu gihe cy’umwijima,akamurikira igihe hatabona ndetse akambera ubwihisho mugihe umwanzi ampagurukanye kuko niwe bwihisho bwabakiranutso uko niko Uwiteka avuga

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments