HomeNewsUmwanzi wabakiranutsi yamaze kugera IBABYLON-SHUSHAN!

Umwanzi wabakiranutsi yamaze kugera IBABYLON-SHUSHAN!

07th FEB,2016 Njyanwa mu iyerekwa maze mbona imigambi y’umwanzi wubugingo wabakiranutsi ufite imico nkiyinyamaswa.Maze ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti:Mwana w’umuntu,urabe maso umurimurimbuzi yamaze kugera mu gihugu cy’IBABYLON mu murwa w’ISHUSHAN ikimuzanye ngo azanywe no kurimbura ubugingo bwawe ariko uhumure kandintutinye kuko Uwiteka alinze ubugingo bwawe.

Nuko uwanyerekaga arambwira ati,tega amatwi wumve uko arimo atanga amabwiriza ntegamatwi numva ababwira ngo ntazavaho atabwiwe ko umuhanuzi bamubonye kandi kogahunda yo kumuca igihanga yatunganijwe.Arakomeza atanga amabwiriza avuga ko agiye kumara iminsi (7) maze arebe ko uwo mushenzi wagize igitangaza batamubona.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,genza uko wajyaga ugenza maze ziriya ntakebwa nkwereke icyo ngiye kuzikorera kuko namara kuva IBABYLON_ISHUSHAN nzahita nkora ibikomeye cyane abana bab’abantu badashobora gutekereza.

Ntutinye kuko nd’Uwiteka Imana yawe kuko nagusezeranije kuzagaha gakondo yabakiranutsi,ibyo bakora byose barashinga umuhunda kukirenge kuko bariyimbira kuko bagiye guhura nakaga gakomeye cyane ku buryo bazicuza icyatumye baba ku isi yabazima nuko rero ukomere kandi ushikame kuko uzanyura mu maso yabo wemye bakureba bakananirwa kuguca igihanga kandi icyo gihe nibwo bazamenya yuko ukorera Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avauga.

Ahagana saa 8:56 ijambo ry’Uhraho ringarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wa mwanzi wabakiranutsi General Jack Nziza amaze kugera mu gihugu cy’IBABYLON-SHASHUN dore amaze gushaka abagabo(3) bagomba gusohoza umugambi mubisha wok u kurasa nyamara bihaye kugira ibyiringiro yuko urumuntu muto cyane bumva ko baguca igihanga uko bashatse nyamara nibiyimbire kuko harahagazwe utaramenya ko Uwiteka ariwe Mana agiye kubyibonera uko niko Uwiteka avuga.

Dore aramara iminsi (7) azava hano aruko gahunda yamuzanye itunganye nyamara yemereye Jezebel yuko azatunganya iyo gahunda yicibwa ry’igihanga agasubirayo agihetse akajya kucyerekana ko yatunganije umurimo wa sekibi ariko naramuka abinaniwe azashake iyo agana cyangwa yerekera kuko ikizamini yahawe kitazamunganira kandi kikazakurikirwa ningaruka zizamukomerera aho azisanga mu mazi abira uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero ugenze kwa kundi nakwigishije maze ubareke bakomeze basakuze bazaruha baceceke kuko umunyantegenke biwe usakuza naho umunyambaraga araceceka agakora icyo akwiriye gukora uko niko UHoraho avuze.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments