Dore umuntu wese warumbuye ukuboko kubugingo bwawe nzamurwanya nzamubuza amahoro,nzamuteza ibiteye ubwoba byaninjoro urukiryi rwe nzarumaraho ntabwo baaramba mw’Isi yabazima uko niko Uwiteka avuze.
The word of our Lord God come to me.and told me,son of man,this is what God your says,just read revelation 2:20,this is the Rhema word comes from the above in heaven this is what said: But I have this against you: You tolerate the woman Jezebel, who calls herself a prophetess and teaches and deceives My slaves to commit sexual immorality and to eat meat sacrificed to idols.
Nibamara kugerayo bazarwanira ubutunzi bwicyo gihugu burimo amabuye yagaciro yitwa “DIAMOND”kuko bamaze gukora uburiganya buzabakura ku ngoma bwogushaka guhama ku ngoma nyamara igihe cyabo cyararangoye!Uko niko Uwiteka avuga
Dore nibamara kugerayo,nzabateza kutumvina barwanire izo za “DIAMOND”zizababera intandaro yo kwirukanwa namahanga muri icyo gihugu,ako kanya umwana w’umusita azahita agambanira umwana w’umwakagara amutabemu nama kuko iyo niyo kamera ye ahinduka nk’Uruvu icyo gihe iby’umwakagara bizaba birangiye uko niko Uwiteka avuga
Dore bazakurwayo nigitutu cy’amahanga,ubwo bazaba barwanira ubwo butunzi nyamara uwo niwo mutego w’Uwiteka kuko azabategera muburiganya bwabo,ese mwana w’umuntu?Inzira z’umwana w’umuntu,ntiziyoborwa n’Uwiteka Imana?Yabwirwa niki inzira anyuramo?Prov 19:21
Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho kunshuro ya (2);maze rirambwira riti,mwana w’umntu,dore umwana w’umusita yahamagaje abakoni koni mu gihugu cyose abaza niba azongera kwima ingoma,bamusubiza yuko yakagombye kongera kwima ingoma,ariko ngo inzitizi n’umuhanuzi wanyuze muri icyo gihugu agahanura ko umwana w’umusita azakurwa kungoma atazongera kwima ingoma
Ni uko umwana wabasita ababaza ati,none nkore iki? Numva bose baramusubije ngo:Banza ushake umuhanuzi wanyuze muri iki gihugu agafatwa agafungwa umuce igihanga ibyawe byose birahita bitungana,ariko igihe cyose utaramuca igihanga ntaburyo twahangana n’umwuka wubuhanuzi uko niko Uwiteka avuze.
Nerekwa za magigiri z’umusita uko zakabaye zifata inzira ango zije guhiga umuhanuzi,ariko ntibagira amahirwe yo kumucakira,bashaka klumukoza isoni ariko imbaraga z’Uwiteka ziramulinda,nerekwa ko,umwana w’umusita bitahiriye nagato!?
Ni uko numva isumba byose ategetse umuhanuzi mukuru gusenga agasenya imbaraga z’umwana w’umusita,yica ijisho rimwe ry’umwana w’umusita asigarana ijisho rimwe ryokurebesha nerekwa ingabo ze z’abadayimoni:ABACWEZI,ABALANGI,ABAKLONIKONI,bose uko bakabaye abaha amafunguro y’intonorano kugirango abagurire bongere bashake imbaraga zabo bamufashe gufata umuhanuzi wahanuye ko azava ku ngoma
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu hanura ubaze umwana w’umusita uti?Yewe mwana w’umusita ,niki gitumye urambura ukuboko umwana w’umuntu? Dore kuko utinyutse gukora ibyo,Uwiteka nawe agukojeje isoni imbere yamahanga uko niko Uwiteka avuze
Nyamara urubanza ruragutegereje aho ugiye gucirwaho iteka rya gehinomo,wakunze gukiranirwa hama hamwe umunsi w’Uwiteka ukgereho wanze inama z’Uwiteka wibwira ko,urumunyembaraga ariko noneho igihe kiraje ndetse kirasohoye kugirango ibyaguhanuweho bigusohoreho uko niko Uwiteka avuga
On that day,the word of the our Lord God,came to me,and told me,son of man,look front of you on the board was written the Rhema word called”OVERWELL”according the research through out,means : «This word doesn’t usually appear in our free dictionary, but the definition from our premium Unabridged Dictionary is offered here on a limited basis. Note that some information is displayed differently in the Unabridged».
June 02nd ,2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore Nyir’Urwanda Umwami wagakondo yawe,arimo gukora ibishoboka byose ngo atunganye gakondo yamasaziro,dore ntagisinzira arimo ukora hasi no hejuru kugirango hatazagira indi nkozi y’ikibi yo mu bwoko bw’Abarepubulike uzongera kwima muri gakondo yabakiranutsi
Maze nerekwa Nyir’Urwanda ahamagara umuhanuzi mukuru aramubazaa ati,mbese birashoboka ko waza tugafatanya gutunganya gakondo yabakiranutsi?nerekwa umuhanuzi mukuru amwemerera araza batangira gutunganya bakora isuku muri gakondo kugirango bazabone amasaziro meza
Ni uko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,Nyir’Urwanda ntagisinzira asigaye yirwa ndetse akanarara muri gahunda zo gutunganya gakondo yabasogokuruza twahweho umugabane n’Uwiteka Imana ngaho rero hanura uvuge uti,Umwami Nyir’Urwanda KIGELI V.NDAHINDURWA yongeye kwima ingoma uko niko Uwiteka avuze,uzahirwe amajya namaza kandi Uwiteka agushubije gakondo yabasogukuruza bawe,usibye ko yayigaboye abakiranutsi.Mwana w’umuntu dore nyir’Urwanda azataha muri gakondo yabakiranutsi kumasaha ya ni munsi hazaba ari saa 2:49 zigicamunsi uko niko Uwiteka auze
Ibyo! Uwiteka abikoreye kugirango ubwo azagusubiza ku ngoma nk’uko yabisezeranije kuva kera kose ndetse bigahanurwa mukanwa kabahanuzi b’Uwiteka nk’uko Uwiteka yabishatse n’ukugirango uzamenya kandi wemera ndetse wizere ko Uwiteka ariwe munyembaraga bityo gakondo yabakiranutsi uzayisige mu maboko yabakiranutsi kugirango ubwoko bwanjye buzabe abanyamahoro iteka ryose uko niko Uwiteka avuze
June 03rd ,2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyago bikomeye biraje kw’isi yabazima nyamara bwira ubwoko bwanjye busenge cyane kandi busome ijambo ryanjye kuko ariryo ryonyine rishobora kubahumuriza kuko ibintu ngiye gukora bizahungabanya imitima n’ubugingo byabo uko niko Uwiteka avuze
Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abantu bagusaba ko ubasengera ni jye ubagutumaho,ariko uramenye ntugasenge wenyine ubasengera kuko nshaka ko bamenya kwisengera kugirango mubihe bikomeye bazamenya kwambaza Uwiteka Imana,bigishe gusenga abazakurikrana imburo n’impanuro zawe bazakugiriraho umugisha uko niko Uwiteka avuga
Mwana w’umuntu dore aho wakorejwe isoni ninaho nzaguhesha icyubahiro,kuko umwanzi yakwishimye hejuru,niyompamvu nanjye aho umwanzi wawe ari ninaho nziheshereza icyubahiro uko niko Uwiteka avuze
Mwana w’umuntu dore abatutsi nabatutsi-kazi baturutse uganda batangiye gusubiranamo,kubera umwuka wishyari mpagurukije hagati muri bo kugirango batazumvikana kuko habayeho gutsokamira abandi banagakondorero niyompamvu bagiye kugira umwiryane kuko habaye kurobanura kubutoni uko niko Uwiteka avuga
Abo batutsi n’abatutsi kazi ngiye kubateza intambara zikomeye,kandi ntibazashobora kuzirwana kuko hagati muri bo huzuyemo umwuka w’ishyari no kurobanura kubutoni intambara ntabwo bayishobora kuyirwana kuko bananiwe gukiranuka dore ibibazo bikomeye bigiye kubahagurukira kugirango mburizemo imigambi y’umwakagara uko niko Uwiteka avuga
Nerekwa umuhanuzi mukuru yica abadayimoni bari barazinze ubwoko bw’Imana,bwiri bwarabaye imbohe maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirmabwira riti mwana w’umuntu fasha ubwiko bwanjye ubwigishe gusenga no gukiranuka ibindin byose bifuza nzabibahera ubuntu uko niko Uwiteka avuga
“But seek first His kingdom and His righteousness, and all these things will be added to you.Mathew 6:33