HomeInte'lUmwana uriwabo,avuna umuheha akongezwa undi.

Umwana uriwabo,avuna umuheha akongezwa undi.

Kajeguhakwa Valens na Madamu we,

Amakuru ikinyamakuru inyangeNews cyahawe n’umwega Kazi utuye muri Canada witwa BEATRICE ABANDI MANZI ubusanzwe akaba akora numurimo wubumagigiri arwana ku ngoma ya Bega,we akaba ari umwega wabahenda.Yabwiye inyangeNews yuko ngo Umwakagara kubera kugira ishyari yagiye arwanya abantu bose kugeza naho yikorana munda akirukana mwene wabo Kajeguhakwa Valens wahungiye muri America ndetse agahungana na Bank ye ya BACARI yarizwi cyane murwagasabo.

KAJEGUHAKWA ageze mur’America mwene wabo yamugenzeho cyane ariko birangira Umwakagara ananiwe kumugirira nabi nkuko yabyifuzaga.Amakuru avuga yuko Kajeguhakwa ngo yashwanye na mwene wabo Umwakagara kubera muriyari [3] z’amanyarwanda zasizwe na bahutu bahunze bari barabikije muri BACARI.

Ndetse bikavugwa yuko hari namafaranga yari yaranyujijwe muri BACARI,hanyuma intambara iza kuba ayo mafaranga ataragera kuri banyirayo.Ayo nayo ya yashyize kumufuka ayagira impamba maze ahitamo kwigendera ahungira muri America aba agaruje inkunga yari yarahaye FPR n’Umwakagara mwene wabo.

Nyuma yihunga rya KAJEGUHAKWA VALENS hakurikiyeho nabandi benshi babashora mali,uko igihugu cyagiye kibura abashora mali,ninako ifaranga ryagiye ritakaza agaciro hakiyongeraho no kuba Umwakagara nagatsiko ke ka FPR,kagendaga gasahura igihugu kugeza ubwo bakoze inote y’ibihumbi mu nzira zo kugirango babone uko bigwizaho umutungo w’igihugu.

Kajeguhakwa ahunga yahunganye na bahungu be bose uko ari [2] CHRISTIAN na SERGE,Umwakagara yabonye yuko atakaje abantu bakomeye mu muryango w’Abega,nibwo yaje kugira amahirwe aza amenya yuko SERGE akorera mu gihugu cya NIGERIA akaba yarabaye umuruzi ukomeye cyane mu bijyanye n’ubucuruzi bwamavuta aho yari yarafunguye za station za essence nibwo perezida wa NIGERIA yaje kuganira n’Umwakagara maze amubwira yuko ngo hari umucuruzi ukomeye cyane mu gihugu w’umunyarwanda witwa SERGE.

Magigiri abandi Manzi yabwiye ikinyamakuru inyangeNews ko,ngo Umwakagara yakoresheje uwo mu perezida wa Nigeria kuba umuhuza hagati ye na SERGE,maze Umwakagara yemera kubasubiza imitungo yabo yose,ariko asaba SERGE ko,akwiye kubwira se Kajeguhakwa Valens kugaruka mu gihugu akareka kuba mu mahanga kandi akirinda kwifatanya nabarwanya leta ye kandi barafatanije gufata igihugu.

Amakuru avuga ko,Kajeguhakwa abonye asubijwe imitungo ye yose,nibwo yafataga utwe akagaruka mu gihugu.Inkuru dukesha Abandi Manzi waganiriye ni inyangeNews ubwo yari yasuye murumuna wa Kajeguhakwa witwa Majyembere utuye muri Canada wabaye impumyi kubera imitsi yo mu mutwe.

MAJYAMBERE avugana kuri telephone ni kinyamakuru inyangeNews yabwiye  ikinyamakuru inyangeNews yuko ngo umugore bashakanye wo mu bwoko bw’Abahutu(Kazi)amaze kumukura mu Rwanda bageze muri Canada yahise amuta amutwara na bana bose Majyambere asigara wenyine adafite n’Umwana umurandata.

Twamubajije nimba ajya avugana na KAJEGUHAKWA avuga ko bajya bavugana kuri tekephone aba yatiye kubera gutinya ko Umwakagara mukuru yakumva bavugana.Ngo atuye ku gisenyi yavuye mu mujyi wa Kigali ngo abayeho nkifungwa.

Ibyo ngo yabikoze kugirango agarurirwa imitungo ye,cyane yuko Umwakagara yababwiye yuko ngo ubwami ntawe bakibusangiye akaba ahamagarira abega bose aho bari bakagera kugaruka mu gihugu bakaza bakubaka igihugu cyabo dore ko abandi banyarwanda ubu batakibarwa nkabanyawanda bagomba kubanza guhabwa ikarita ya nd’umunyarwanda bakabona kwemerwa yuko arabanyarwanda kuko basanze indangamuntu idahagije kugirango bitwe abanyarwanda.

Magigiri Beatrice Abandi Manzi yakoze ibishoboka byose yitwaje bibiliya,kugirango akomeze kugigira Umuhanuzi Majeshi AINESHA Leon,maze yiga amayeri we yatekerezaga yuko yamufasha.Nyuma yo kuduha amakuru ya Bega uburyo bagaruye bene wabo kuza gukomeza ubwami bwabo.Abonye yuko bidatanze umusaruro nkuko yabyifuzaga.

Nibwo yashatse murumuna wa Kajeguhakwa ariwe Majyambere wabaye impumyi asaba kumusengera kugirango ahumuke abashe kubona.Arangije afata itegeko ry’Imana ararihidura,kuko Uwiteka yavuze yuko nzasengera umuntu wwabanje gutanga ituro rishyigikira umurimo w’ubuhanuzi nkora.Ubwo we kubera uburiganya bwamusaze yafashe amadollar yagombaga kunyoherereza maze ngo ayita izina yuko ayatanze mu izina rya Majyambere,kandi abizi neza yuko nubundi yagombaga kuyohereza.

Ntabwo yakize ngo ahumuke kuko uwagombaga kumwishyirira yari yamaze kuriganya ijambo ry’Imana,nanjye ndamwihorera abikora uko abyumva kuko narinzi yuko nta musaruro biributange.

Ubwo ibyo birananiye abonye yuko nta musaruro bitanze kuko icyo yahoraga agambiliye kumfatisha turimo kuvugira kuri telephone,nibwo yanshakiye umukobwa wagumiwe ugeze mu myaka [40] witwa ANNIE UWINEZA,yitwaza yuko ngo yifuza yuko namusengera akabona umugabo.

Naramusengeye rwose,kandi hari icyo Uwiteka yavuze kubugingo bwe,bidateye kabiri,bahimba inzozi nibwo bambwiye yuko ngo Imaa yamweretse ashakwa numugabo wahoze ar’umusirikare,wigitinyiro utinyitse cyane.Ubwo ndamwihorera kuko bari bazi yuko ahari nkeneye umugore byihuse cyane kugirango bazabone uko banca igihanga ndabihorera ndicecekera kuko narinzi gahunda zabo kuko mbere yuko Beatrice anyadikira Uwiteka yambwiye yuko Umwakagara yohereje Mukashema Esperace wagambaniye Umwami w’uRwanda Kigeli V Nahindurwa.

Igihe cyarageze Beatrice we ubwe atangira kurota cyangwa se kwerekwa yuko agiye gushyirwa ku karubanda igitangaje ni uko Imana ibyo yamweretse yabibajije uwo alimo agambanira Umuhanuzi maze musobanurira yuko agiye gukorwwa nisoni maze ambwira yuko ngo Imana izamurinda.

Icyongeye kuntangaza ni uko niyandikiye ubuhanuzi sinigeze nshyiramo amazina ye mbere yuko mushyira ahagaragara,maze anyandikira ambwira yuko yamenye yuko ari we navuze nubwo ntabisobanuye.Bivuze ngo,ibyo yakoraga yarabizi kandi ibyo nanditse byashimangiwe nawe kuburyo budasubirwaho.Twibutse yuko Uwineza ANN Beatrice amubereye nyirasenge.

 

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments