Mu gihe Umwakagara arimo kurwana niminsi ye yanyuma,kugirango adakurwa ku ngoma,Imana nayo ilimo kwikorera umulimo wayo,ikoresheje abantu batandukanye hirya no hino ku isi.Bimwe mu bihugu bikomeye bilimo igihugu cy’Ubwongereza aho,Umwami w’uRwanda uherutse gutanga Kigeli V Ndahindurwa yarakubutse mu gihugu cy’Ubwongereza maze Umwakagara amaze kumva iyo nkuru yahise ahagarika umutima yihutira guhitana Umwami w’Urwanda Ndahindurwa yibwira yuko bizamufasha gukemura ikibazo cye cyo gushaka guhanagura ubwami bw’uRwanda ku isi ya bazima.
Umwami Kigeli amaze gutaga yahise asimburwa n’Umwami YUHI VI,utuye mu gihugu cy’Ubwongereza.Amakuru yanditswe nikinyamakuru The Sun gikorera mu gihugu cy’Ubwongereza,cyanditse yuko,igihugu cy’Ubwongereza kibonye Umwami w’umugabo ufite ubwenegihugu bwicyo gihugu nyuma y’imyaka [64] Ubwongereza buyoborwa n’UmwamiKazi Elizabeth wa ll uyoboye icyo gihugu uhereye mu w’1952 kugeza aya magingo.
Ikibazo abatuye isi bakomeje kwibaza niki,ese ubu Umwami Kazi,aramutse atanze,yasimburwa n’Umwami YUHI VI?Abasesenguzi mu bya politike y’isi bemeza yuko byanze bikunze ari we wamusimbura kuko afite ubwenegihugu bw’Abongereza akaba ar’umwene gihugu waho kandi akaba yarimye ingoma (ubwami bugendera ku itegekonshinga) bivuze ngo rero igihugu cy’Ubwongereza ubu gifite abami [2] Umwami Kazi,n’Umwami w’umugabo.Iby’Imana biratangaje kandi birakomeye kubyumva ndetse no kubisobanukirwa cyeretse abafite umwuka w’Uhoraho bonyine nibo babisobanukirwa.
Ubuhanuzi mu gice cya [1-3] ndetse no mu gice cya [4,5] buvuga ko,Umwakagara azakurwaho n’igihugu cy’Abongereza,kandi ko abahutu batazongera gusubira kubutegetsi.Ndetse bukomeza buvuga ko,Umwami uzasimbura Ndahindurwa azaba atuye mu gihugu cy’Ubwongereza.UKo niko byagenze nubwo ibara umupfu!
Tuboneyeho akanya ko gushimira Chancellor Benzinge Boniface wirinze guhemukira abanyarwanda,kandi akaba yarihanganiye intambara zose zitari zoroshye kugeza azigejeje kwishyrezo agaha abanyarwanda Umwami usimbura Ndahindurwa nukuri Chancellor Benzinge akwiriye ishimwe rikomeye cyane ndibwira yuko nitugera muri gakondo akwiye kuzagororerwa bishimishije kuko yarinze umurage wabanyarwanda ari nayo masezerano twasezeranijwe n’Uwiteka Imana yabakiranutsi.
Reka nongere mushimire byimazeyo kuba yarameye kugendana nijwi ry’Imana binyuze mu muhanuzi Majeshi Leon,kuko nta cyintu na kimwe yakoze kinyuranije n’ijambo ry’Uhoraho (ubuhanuzi) uko byari byarateganijwe byose niko yabikoze udakuyemo na kimwe.Umudaza mwiza cyane wumvira Imana kandi agakunda kumva icyo Uwiteka yavuze kugirango atazanyuranya nubushake bw’Imana Uwiteka Nyiringabo.
Abahanga bavuga ko,igihugu cya Uganda kigiye gusubizaho ubwami ariko butari traditional Monarchy nk’uko biri ubu,ahubwo buzahinduka ubwami bugendera ku itegekonshinga,nyuma yuko M7 azaba akuwe ku ngoma.Ndetse uwo mugambi ukomeje urugendo ugeze no mu gihugu cya Kenya,aho batangiye kwimika ubwami gakondo “Traditonal Absolute Monarchy”kugirango bizarangire bihindutsemo “Constitutional Monarchy”amatora ateganijwe muri yu mwaka wa 2017,uburyo arimo gutegurwa bitandukanye nuko yajyaga ategurwa kubera imiryango [2] JOMO Kenyatta na ARAP MOI basa nabashaka kugundira ubutegetsi.Byatumye abatavuga rumwe na leta ya UHURU Kenyatta batangira uburyo bushya bwo kwiyamamaza kugirango bazabashe gutsinda amatora ateganijwe muri Kanama taliki ya 08,2017.
Igihugu cy’Ubwongereza kizwi mu mateka cyane mu ntambara ya ll yisi yose,aho cyafashije ubwoko bw’Israel,kugirango bashobore gusubira mu gihugu cyabo cyitwaga Cannan mbere yuko bagihabwa ubwo bavaga muri Egypt hakaba hashize imyaka ibihumbi 3300 ayo mateka abaye.
Ubwongereza buzwi cyane ubwo bwafashaga abatuye isi,kugarura ijambo ry’Imana (bibiliya) ubwo batwikaga bibiliya zose ku isi,ikaza gusigarana na gacyecuru kamwe kihishe yemera kuyipfana maze Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,aramulinda kugeza intambara ya kabili yisi yose irangiye maze bahera kuri iyo bibiliya yuwo mucyecuru batangira gusohora izindi bibiliya dufite uyu munsi.
Ibyo byose Imana ibikora kubera yuko ar’igihugu cy’ubwami kuko Imana itajya iba mu gihugu kitagira ubwami.Akaba ariyo mpamvu abanyaBURAYI bashakaga yuko Ubwongereza bwiyunga hamwe na banyaBURAYI kugirango batazongera gukroeshwa ibikomeye bisa bityo.Ikindi ni uko iyo baza kwemera kujya mu bumwe bw’UBURAYI,bari kuba babaye munsi y’America kandi ari bo bakolonije igihugu cy’America,kuko abanyaBURAYI ubusanzwe bameze nkimbwa z’America.
Reka tureke Imana ikomeze yitwe Imana kuko ijya ikora ibirengeye ubwenge bwa muntu,ariko aabayishakana umwete bazayibona,kandi bazanezerwa,kuko niyo kwizerwa iravuga bikaba yategeka bigakomera.Kandi se ninde wayiringiye wigeze akorwa nisoni?
Save
