April 19, 2016 Njyanwa mu iyerekwa maze mbona ibitaboneshwa amaso y’abana b’Abantu bikorerwa mu ibanga maze Uhoraho agashima kubishyira ahagaragara kugirango intore z’Uhoraho zibashe kumenya yuko Uhoraho agira neza kubamwiringira kandi ko adashimishwa ni uko ikiremwa muntu kiba mu mwijima wo kutamenya ibikorerwa mu isi ya bazima.
Nuko nongera kugirirwa Ubuntu bwo guhishukirwa ba Rwasili biyitirira ijambo ry’Uwiteka bakorera mu murwa mukuru wa Kampala aho mbaherukira,mbona uwitwa JEFF ukorera muri JRS i Kampala Uganda,akaba ashinzwe kugigira impunzi z’abanyarwanda bahungira muri Uganda no kumenya amadossier yabo kugirango bajye bayaburizamo babime ubuhungiro.
Nuko mbona mpura nabo mbabaza uko gahunda za FPR zifashe maze JEFF ukora muri JRS akaba yaranakoze mukarere ka KICUKIRO ashinzwe imibereho myiza yabaturage maze arasubiza arambwira ati,muntu w’Imana nta cyintu kibi nko gukrorera system mbi,kuko ijya irangira nabi maze igasiga mukangaratete abayikoreye bagasigara mu bibazo badashobora kwikuramo.
Mbona munyeneza Emmanuel we aracecetse cyane kubera isoni zibyo yankoreye maze mbona basa nabashaka kuburizamo icyerekezo cyaho bashaka kwekera,nanjye ndikomereza ariko amaso yanjye akomeza kureba inyuma kuko Uhorahoo yashimye kumpa amaso nk’aye kuburyo mbasha kureba imbere ni nyuma icyarimwe.
Aba bombi bagize urwego rw’abacadles ariko bakaba bashinzwe gukora umurimo w’ubutasi wabagomba kwicwa,JEFF afite degree [2] naho Munyaneza akaba afite degree 1 ½,ni ukuvuga afite degree yo muri sociology na Advanced diploma mu kuvura indwara zo mu mutwe yahoze akora INDERA nyuma aza kubvamo ayoboka ubucuruzi bw’ikoranabuhanga twakwita Designing za Logo,kwandika ibitabo nibindi etc.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maz rirambwira riti,mwana w’umuntu,bariya bagabo ubonye bahamagajwe ninama nkuru ya FPR,bagiye guhabwa andi mabwiriza kuko byamaze kugaragara yuko ingoma y’igitugu iyobowe na sekibi akoresheje umwakagara igiye guhirima.
Nuko nkiri aho mbona nabasirikare bavanzemo naba INTERSEC hamwe na GARSEC mbona nabo bahamagajwe mu nama y’umutekano yabereye mu butayu buri munsi ya rya shuli ryo kwigisha abatutsi kubaha Uhoraho nokubamenyesha yuko Uhoraho ariwe Mana kandi ko ashobora byose.
Mbona abo bahoze araasirikare bagiye mu nama bakurura amaguru,batseta ibirenge.Bamaze kugenda mbona ibindi bintu bitangaje cyane mu gihe batararangiza inama mbona abadayimoni babyibushye cyane bameze nk’inka z’inzungu bashorewe n’umuhnauzi mukuru w’ibyasezeranijwe mbona banyuze mu nzira irimo amazi mabi y’ibyondo kandi ntamvura yari yaguye mur’iyo nzira nabonaga harimo namabuye y’ibitare bikomeye adafashe hasi akazi kayo kwari ugutuma izo nka zidabatasha gukandigira hasi kugirango zicwe nayo mazi,nerekwa mbona umuhanuzi mukuru agerageza gutabara abo badayimoni ariko birananirana zose uko zakabaye zigwa muri cya kidendezi cy’amazi ari mu muhanda.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti mwana w’umuntu,dore ubutegetsi bw’Umwakagara mu minsi ya vuba bugiye kwinjira mubutayu bukomeye kandi za nzira zose zo mubutayu zerekeza I Cannan zose zimaze gufungwa kuburyo kugirango bazabone inzira zibakura mu gihugu cy’Ubutayu buri munsi ya rya shuli ribigisha kubaha Uhoraho bizaba ah’umugabo usibye undi!
Bari mu gihugu cy’butayu nta mutaka numwe bari bitwaje kuko izuba ryavaga kuburyo gutahura yuko imvura igiye kugwa byari amayobera.Mbona iraguye bose uko bakabaye baranyagirwa baratota cyane
Iyo mvura kandi yanyagiye abayobozi bose b’igihugu uhereye kuri Gitifu ukageza kuri Goverinor w’intara,mbona bose batunguwe no kunyagira niyomvura y’umuhindo yitwa ikimanuka yamanutse itunguranye.Nuko Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cya repubulika ya lll ishingiye ku kinyoma irahumuje kandi ihumeje nabi kuko igiye gukama amata yitwa amasitu uko niko Uhoraho avuga.
Nerekwa za mbaraga z’abadayimoni zajyaga zishyira hejuru leta ya gatsiko kabatutsi ba FPR,zirangira mbona nabo badayimoni bafunze uturago barekeza iyo mubutayu bari gendera maze bagend abavuga ngo;dukuremo akarenge kacu kuko igihe cy’Uhoraho cyidusohoyeho kuko abakiranutsi bagiye kwinjira mu masezerano uko niko Uhoraho avuga.
Nuko nerekwa abasore nabanyampinga nabagore bose baratwawe imigisha yabo maze ishyirwa kubayobozi ba ZION Temple maze abakiristu babo basigara amara masa mbona abagore batangira kuzajya banywa inzonga rwihishwa kubera ibibazo byaburiwe ibisubizo bagera mu idini rya ZION bakabwirwa yuko bagiye kubona imigisha umwaka ugashira undi ugataha bityo bityo maze abasire nabo batangira kuzajya banywera akabamfasha[Urumogi] maze bagera mu idini rya ZION + Temple+Gitwaza Muhirwa Paul bakabyina bigatinda maze abantu gakeka ko ar’umunezero uturutse ku Mana naho banejejwe n’urumogi bafashe mbere yuko baza mu idini rya sekibi riyobowe n’intumwa ya satani Paul Gitwaza mfgMuhirwa.