HomeInte'lUmwami w'uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,mur'uyu mwaka wa 2015 yakijije impunzi z'abanyarwanda batuye...

Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,mur’uyu mwaka wa 2015 yakijije impunzi z’abanyarwanda batuye mur’Uganda!!!

Umwami w’uRwanda kigeli V.Ndahindurwa yakoze ikintu gitangaje abantu benshi batigeze bamenya, ubwo za magigiri zibumbiye mu mutaka witwa RPRK wahoze uvuga yuko uharanira ubwami bw’uRwanda,uwo mutwe wa za magigiri ukaba ufite icyicaro mu gihugu cya Uganda mu murwa mukuru wa Kampala.

Za magigiri ziyoboye uwo mutwe zikaba ziharanira ubwami bw’Abega,abayoboye uwo mutwe bombi bakaba arabega babasirikare umukuru wiyita kwizina rya EUGENE Nkubito,ariko ubusanzwe akaba yitwa Munyandinda Mbayiha John,akaba ariwe uyoboye ibikorwa byo kurwanya ubwami bw’uRwanda mukarere kibiyaga bigari,akabifashwamo na murumuna we witwa Munyaandinda john alias Munyeragwe Jackson,Mugisha James akaba afite ipeti rya LT.

Bamaze gutandukana n’umuhanuzi Majeshi Leon bakoranye abafasha murwego rw’itangaza makuru,umuhanuzi Majeshi Leon yahise asohora inyandiko igaragaza uburyo za magigiri za Uganda zirwanya ubwami bw’uRwanda kandi zibwiyitirira zibeshya yuko ziharanira ubwami bw’uRwanda murwego rwo gushaka guca ibihanga abashyigikiye ubwami nyarwanda.

Nk’kuo bamenyereye ubusanzwe iyo barimo kurekirita umuntu mushya,babanza kumuha kuvugana na NyiruRwanda kugirango ubagirire ikizere yuko bakorana nawe.Nuko barakugendeye ubwo hari hashize imyaka (2) ibikorwa byabo bias naho byahagaze maze batangira bushyashya baragenda nk’uko bamenyereye barekirita umuturage wifitiye udufaranga twe,bashaka kugirano ababere umunyaryango namara kuvugana na Nyir’uRwanda bahite bamusaba kwitanga no gushyigikira ibikorwa bya za magigiri byitirirwa Umwami w’uRwanda.

Ubwo barakugendeye bajya aho bajya guhamagarira kuko batajya bakoresha telephone zabo kugirango utazavaho ubona telephone za Nyir’uRwanda maze ukzamuhamagara bigatuma umenya ukuri ukava mu bubata bwabo.Bamaze kugera aho bamuhamagarira barahamagarira bati KAGIRINKA NINGOMA NYAGASANI.

Twari tukuzaniye rubanda rwawe ngo agusuhuze kuko yemeye gushyigikira ibikorwa by’ubwami dukorera hano muri Uganda.Nk’uko mubizi nyagasani wa mu maneko wiyita umuhanuzi Majeshi yangije ibikorwa byose by’ubwami ubu twatangiye bushya twakoranye nawe tutazi ko akorana na leta y’uRwanda.

None twabasaga ngo muvugishije uyu rubanda rwawe maze amenye kandi yemere ko duharanira ubwami bw’uRwanda.Baramumuhaye asuhuza Nyir’uRwanda aramwibwira arangije Nyir’uRwanda aramubwira ati,rero mwana wanjye abo bantu simbazi ubwo niba ushaka kubaho ukize ubugingo bwawe izo niza magigiri zikorera leta y’uRwanda ubwo umugabo amera nkunyagiwe ako kanya barangiza kuvugana wa mugabo aricecekera abandi bagenda bazi neza ko bamushyize muri BOX ikarito.

Uhereye ubwo ntibigeze bongera gukinisha guhamagara Nyir’uRwanda bahise bahera nkazahene maze bwa bwenge bw’Abega buhere nkazahene zagiye buzima buzima.Iki cyabaye ikintu gikomeye cyane cyarangije imikorere ya za magigiri zahoraga ziyitirira ko ziharanira ubwami bw’uRwanda maze zibura ipfo na ruguru kuko bari basanzwe bamenyereye ko bamuzanira abantu bakavugana maze bagahera aho babeshya abaturage.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments