May 05th, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi arahagurutse urabe maso kuko har’umuntu uje ku kuriganya cyangwa ku kwiba yitwaje amagambo mezana karimi keza urabe maso kuko bishobora gutuma udakora umulimo wa data wo mu ijuru neza.
Nuko nerekwa mbona ndimo kurya IKIGORI CYOKEJE bisobanura ikigeragezo cyihuse vuba na bwangu,maze nanjye mba maso cyane mukanya mbona uwo muntu araje maze mpita mburizamo imigambi y’umwanzi satani nbadayimoni uko niko Uhoraho avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rigarukaho rirambwira riti,dore umulimo ugiye gukorwa neza,nyuma yo kugura ikoranabuhanga rizajya rituma ubasha gusengera buri wese uzajya yifuza gusengerwa ntibizacyenera yuko abantu bafata urugendo nkabajyaga bafata ingendo bakava muri gakondo bakajya mu bindi bihugu byabaturanyi Uganda na Congo kugirango mubashe ubashe kubasengera kubera umutekano wabo
Ibyo na byo Uhoraho abishyizeho ishyerezo hamwe nurutoto rwabadayimoni na bazimu bahoraga bashaka kuguhitana ubu naho zaba za magigiri ushobora kuzisengera maze ukarushaho kuzisukaho umuriro dore ntugire ubwoba kuko batazigera bahura ikoranabuhanga ukoresha ngo babe barigarika kuko rizajya ryihinduranya buri kanya uko uzajya vugana nabantu niko Uhoraho avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni bo mu bwoko bwa PUNDAMILIYA boherezwa mu Nyanja binjiramo kujya gufata uwundi mudayimoni wari yamberabeje maze mbona bose uko za inyamaswa [4] zose ziheze muri ya Nyanja ziburiyemo.Umwuka w’Uwiteka aramburira ati,umudaimoni wa PUNDA usobanurwa ko umudayimoni wo kuremerwa uneshejwe kuko bahoraga bagenza telephone zawe igihe cyose ngo barebe ko uvugana na Nyirwanda cyangwa Chancellor we Benzinge kuko bafashe telephone zabo bazishyira muri server kugirango bajye bareba umuntu wese ukora communication nabo maze babashe kumukurikirana none birarangiye kuko batazashobora kumva no kumenya ko mwavuganye cyangwa mutavuganye kuko ikoranabuhanga ari iryo muri America urumva ko bibaye amahire ikibazo cya za magigiri kirangiye uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa mbona BUS nini cyane kandi nshyashya nziza maze ndabwirwa ngo”uwo n’umulimo”w’Uwiteka wongeye kuba mushya ugiye gukorwa neza nta terabwoba ry’abadayimoni n’umwakagara maze nkabona abantu bazamuka bamanuka ifite za upstairs maze nezezwa n’Uwiteka ko yitaye kubwoko bwe,nyuma yo kurwana intambara z’igihe kire kire abanzi bumusaraba barambayeho akaramata.Nuko ndasenga nti,noneho Uhoraho we ushobora kundeka ngafata ikirekire nkerekeza iya masezerano kuko ndabona ntagisigaye uko niko Umuhanuzi asenze Uhoraho uko niko Uiwteka avuga.
May 06th,2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mucuti wawe Mugabo Feston ararwaye cyane kandi yarahumanijwe n’inkozi z’ibibi kubera urwango nishyari,none mushiki wawe Rose (Maman Edina) agiye kwinjira muli Kaminuza (University)yo muli Zambia ariko azabanza kunyura muli Zimbabwe(Ibibazo bikomeye) dore agiye kwiga afite amadollar($5000)kandi agomba gufungura konti muri Zimbabwe nyamara amadollar ya Zimbabwe yataye agaciro muruhando rw’amahanga(Imbaraga ze zigiye kuba imfabusa)cyangwa se gukorwa nisoni
Nibatabaze Ijuru rimanuke rikore ibikomeye naho ubundi ntibyoroshye!!Kuko bahanganye na Sekibi kandi bakaba batazi aho yahumanirijwe none babwire igihatse ikindi hagati y’uburwayi no guhumana kugirango babashe gutahura ikibazo uko giteye bareke kwirirwa birushya ahubwo bakore igikwiriye niko Uhoraho avuze.NB:Musabwe kwishyura amadeni yose kugirango mubashe kubona igisubizo k’Uwiteka Imana yabakiranutsi niko Uhoraho avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kuzanzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore President w’America “Donald Trump” inzozi ze zirasohoye nk’uko wabihanuye kandi igihugu cya Zimbabwe giciriweho iteka nk’uko ijambo ry’Uhoraho ryabihanuye icyo ikikazaba ar’ikimenyetso gikomeye cyane cya nyuma cy’uko gakondo yabakiranutsi igiye kwinjira mu butayu kugirango igere muri Cannani niko Uwiteka avuze!Mwibuke ko ubuhanuzi igice (1-3) bwavuze yuko umukuru wa Zimbabwe(Robert Mugabe)azabanziliza umwakagara kwinjira mu gihugu cy’ubutayu nk’uko byahanuwe nabahanuzi.
Nuko nkiri muli iryo yerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo wa bantu bitwa (ABANAMA) umuryango wabanyarwanda cyangwa ubwko bw’Inzu bwita gutyo,mbona urubanza rwabo ruzamurwa imbere y’Uhoraho kubera uwo muryango wakiraniwe ndetse wahumanije abantu benshi ukoresheje imbaraga z’umwijima kubera ko wahisemo kuryamo no gusenga umwanzi wabakiranutsi mbona ko ushinjwa dossier [3] z’abantu bahumaniwe kandi ubwo bugizi bwa nabi bwabaye muli za 1980-1985 ubwo bali mu gihugu cy’ubuhungiro cya Tanzania uko niko Uhoraho avuze.
Ubwo nibwiraga ko mbaye nkurangiza umulimo wo guhishukirwa hasigaye kwandika ibyahanuwe,ndongera nsubizwa mu iyerekwa rikomeye kandi ritangaje cyane,numvaga impundu impundu zivuga maze numva ijambo ryavuzwe muri 1962 iryo jambo ryavuzwe n’ubwoko bw’Abahutu b’abanyenduga baravuze ngo,bye bye ubwami bwa gihake nagikolonize,maze numva abasaza bashaje cyane bongera gusubiramo rya jambo rya vuzwe ngo,bye bye Repubulika itemewe namategeko yazanye ubwigunge nubwicanyi igatuma ababyeyi bahinduka ingumba ikabagira incike.
Bye bye umwakagara hehe no kongera ku kwibuka ukundi kuko ubwami bwawe butazongera gushing ihembe ukundi!Ubwo nanjye nabonaga nifitiye camera ndimo gukurikirana ibirimo gukorwa nuko mbona Umwmi Ndahindurwa bananiwe guhindura ngo bimike ubwami bwabo mbona yamaze kugera muri gakondo kandi yaje bucece mbona balimo kumuratsa barangije bakora imihango ya cyami itegura kwima ingoma k’Umwami w’uRwanda ariko hari abatutsi bacye cyane hamwe nabahutu [2]b’Abakiga nyoberwa uko byagenze.
Nabonaga uRwanda rusigayemo abanyarwanda bacye cyane kandi nta mucyo waruhari ahubwo nabonaga haramutse ikibunda maze mbanza kugirango nibyo koko twatashye sinamenya yuko ar’Iyerekwa nuko nanjye nsubiramo rya jambo bavugaga ngo,repubulika bye bye kuko tutazongera kukwibuka ukundi.
Maze ako kanya ijambo ry’uhoraho ringarukaho menya yuko nari mu iyerekwa maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara akuwe ku ngoma kandi azamara abanyarwanda ku buyo igihugu kizasigara gituwemo na bantu bacye cyane kuko banze kumvira ijambo ry’Uhoraho ahubwo bayoboka umwakagara maze bemera kumukorera aho gukorera Uwiteka kandi abigisha gukorera izindi Mana maze nabo baremera baraziyoboka baramya ibishushanyo bibajijwe na maboko ya bana b’Abantu
Niyompamvu umujinya w’Uwiteka wababayeho akarande ukabamanukira,bikabatera kwizanira kurimbuka none igihugu gisigayemo amatungo.None umwakagara biringiraga ari he?Niko Uhoraho abaza!Za ngabo ze zirihehe?Niko Uhoraho abaza!Nuko rero burira ubwoko bwanjye uti,hahirwa abiringiye Uhoraho kuko bazatabarwa kumunsi wa makuba kandi abo nibo Uhoraho azagirira imbabazi kumunsi wo gukiranirwa kwa bana b’Abantu uko niko Uhoraho avuga.
Mbona Umwami w’uRwanda yakiriwe muri hotel iciriritse kuko yangaga ko yagera muri hotel zikomeye akabonwa na rubanda rwe kandi igihe kitaragera maze mbona iyo hotel basohoye ibyo baciraho kugirango bamwakire kandi bamukorere imihango yo kongera kuba Umwami w’uRwagasabo mbona bikozwe vuba vuba mugihe rubanda rwe balimo bazenguruka mu muhanda bavuga ngo naganze naganze Umwami Umwami w’uRwanda harakabaho Umwami Kigeli V Ndahindurwa.
Nuko ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe nabahanuzi bigeze neza neza mu irango rya gakondo yabakiranutsi,kandi umwakagara asigaranye iminota [5]gusa!None burira ubwoko bw’Uwiteka babe maso kuko amazi yamaze kurenga inkombe nuko rero basenge kugirango cyane bashake mu maso h’Uhorahokugirango batagwa mumoshya kuko imbabazi z’Uhoraho zigaragarije ku bwami bw’Urwanda uko niko Uwiteka aburiye abakiranutsi bo muri gakondo.
Nuko mbona abatutsi bo mu miryango y’Abakagara mbona bashiragijwe isi yose barahunga ntibongera kurota kuzategaka uRwanda mbona ubutabera nabwo bubarinyuma bugiye kubabaza ibyaha bakoze ubwo bari ku ngoma mu murwa mukuru w’Iyerusalem umurwa wabakiranutsi b’Uhoraho nuko nanjye nshima Uiwteka yuko atajya atererana abahanuzi kuko ibyo yavugiye mukanwa kabo atabuze no kubisohoza maze mbona abahanuzi benezerewe cyane ngo kuko Uhoraho yabaye kuruhande rwabo kandi yirinze kubakoza isono zibyo bahanuye.
Mbona abahakanaga ijambo ry’Uwiteka bavuga ko abahanuye ko umwakagara azakurwa ku ngoma arabahanuzi bibinyoma mbona babuze iyo berekera abacitse ku icumu mbona bahungiye Uganda bajya kwihishayo kugirango babanze barebe uko bigiye kugenda uburyo ingoma ya Ndahindurwa wanze guhindurwa akabereka yuko icyo yaharaniye kuva cyera yifurizaga rubanda rwe ko akigezeho.
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngiryo itandukaniro ry’abizeye ijambo ry’Uwiteka nabizeye ijambo ry’umwakagara uko niko bibaye kandi niko bizahora igihe cyose baziringira Umwami kurusha Uhoraho ntibazabura gukorwa nisoni uko niko Uhoraho avuga.
Dore abiringiyr umwakagara bose bararimbutse kandi ntibazibukwa ukundi kuko bakunze gukiranirwa niyompamvu bahawe ibyo baharaniye kandi ubamenyeshe yuko ubutabera bw’Uhoraho nabwo bubategereje ngo bubakanire urubakwiriye kandi nubucamanza bwo mu isi wabonye yuko bwabakukiye bukaba bubageze imugongo kugirango bubashakire uburuhukiro kugirango batange ibisobanuro by’ibyaha bakoze niko Uhoraho abiuze.
Maze ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,bariya bakiga [2] wabonye baje mubirori bya Ndahindurwa Jean Batiste nikimenyetso cy’uko abahutu bazashira hakazasigara abatutsi baruta ubwinshi abahutu kuko umwakagara azaruhuka aruko amaze abahutu kuko banze kumuyoboka bakanga no kumukorera ariko bakaba bari baremerewe namaraso bamennye niyompamvu Uwiteka yabarekeye mu maboko ye,ngo bahanirwe hamwe hamwe abamennye amaraso bose.Kuko iki ar’igihe cy’ubutabera bw’Uhoraho kandi akaba yaragambiriye gutanga ubutabera mu bwoko bwe kugirango bumenye yuko ari we ukiranuka haba mu isi cyangwa mu ijuru kandi ari we waremye ijuru n’isi maze ibyaremwe byose bimurebereho bimenye yuko ar’umugwaneza ugira neza kandi aita kubatagira kivurira uko niko Uhoraho avuze.





