28, 2016 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara na bambari be,bahagaritse umutima cyane,kuko washyize ahagaragara amakuru akomeye cyane badashobora kwihanganira,kandi abaturage bose bakaba bamenye uko ibijyanye ni myanzuro y’umugogo w’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa uko byifashe.
Dore mukanya urabona ikimenyetso,ubwo mu gihe ntitekereza ibigiye kubaho nk’ikimenyetso,mbona telephone iturutse muri America, WASHINGTON DC, numero za tel Nº +1 202-455-8888 irahamagaye nanga kuyitaba,maze imaze guhagara nanjye ndayihamagara maze ikoranabuhanga rishinzwe kugenzura telephone zikoreshwa mu buryo bunyuranije na mategeko bambwira ko izo numero zikoreshwa mu buryo butemewe namategeko.Uyu muntu ampize igihe kirekire kitari gito,ariko yasanze natwe Uwiteka yaratugiriye neza atujyana mu ishuli ry’ikoranabuhanga ku buryo ibyo bakora byose bisa no gushing umuhunda ku kirenge kuko nta cyo bateze kuzageraho uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu gihugu cy’IBABYLON,hakomeje gukorwa ubucuruzi bukomeye mu mazu yitiriwe izina ryanjye(business)cyane muli kiliziya Gatolika,ukongeraho nandi madini yose yahindutse isenga rya bambuzi,nibisambo babaye nk’abanyapolitike (POLITICAL ARENA) it means political activities in area where politicians take place to organizer politics activities.
Dec 29, 2016 ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore iminsi ishyize cyera,kuko ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rigiye gusohoza umulimo waryo,kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ari we Mana yaremye Ijuru n’isi uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore umugisha uraje ariko nturatunganywa neza kugirango ubashe ku kugeraho ariko uraje vuba cyane kugirango utunganye ibidatunganye kugirango ureke izo nkorabusa zikomeze kwidegembya,kuko igihe cyawe kirangiye cyo kuba IBABYLON umurwa mukuru w’ISHUSHAN niko Uwiteka Nyiringabo avuga.
Mbona abo barozi kazi,umwe muli yaratwite inda nini igiye kuvuka,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,umuntu agira irari,IRARI rigatwita,maze naryo rikabyara urupfu.None inkozi z’ikibi zo muri Eglise VIVANTE zimaze gutwita kandi zigiye kubyara kuko umugore adashobora kurenza amezi [9] yagenewe yo gutwita kugirango abone kubyara uko niko Uwiteka Nyriringabo avuga.Nuko mbona izo nkozi z’ikibi zigenda zinezerewe ko kuzimaze gukora igikorwa cyiza cyane maze zirigendera.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ABARUNDI,batunzwe kandi bagakora umulimo wa magendo bose baciriweho iteka.Kuko bakoze byinshi byo gukiranirwa bakarakaza Uhoraho,none baciriweho iteka kuko nta gikorwa bazongera gukora ngo gitungane.Ahubwo igikorwa cyose bazajya bakora kizajya kibagwa nabi,kandi ntabwo kizabatunganira ndetse ntabwo kizababera umugisha UMURUNDI wese wakize binyuze muri magendo,ubutunzi bwe buciriweho iteka.Muyandi magambo burarangiye nta buzongera kubaho ukundi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho umugiriyeho umugisha ahantu uzajya uba uri,mu bilometro [9] nta mwuka w’ikinyoma uzajya uhegera aho hantu,ndetse nabahaturiye bakoresha iyo myuka mibi bazajya baba mubibazo bikomeye cyane kuzageza baretse guora nabi.Kuko Umwuka w’Imana udaashobora kubangikanya ni umwuka w’inkozi z’ikibi.Umuntu wese wigeze kubona cyangwa kumenya ukora ibinyuranye n’ijambo ry’Uwiteka cyangwa se wenda wigeze kumvaho ko akora ibinyuranye nijambo ry’Uhoraho,uwo uhawe uburenganzira bwo kumuciraho iteka kuko Uwiteka yashimye ku kugira umucamanza wa bari mu isi kugirango batazabona icyo bazireguza uko niko Uwiteka ajya atanga umugisha kandi niko avuze!
Bakoze uburyo bwose bushoboka bwo kugigira ngo barebe yuko bakugeza mubiganza byabo,none na byo byaranze.Nta cyo batakoze ngo barebe yuko bakwemeza isi yuko bazi kugigira ndetse ko na bafite umwuka w’Imana,batabatinya ariko na byo byarabananiye.None dore baciriweho iteka kuko nta gikorwa na kimwe bazongera gukora cyose ngo kibatunganire ugihe cyose uzaba ukiri mu isi ya bazima,kuko uzakomeza kubacira imanza kuzageza iteka ryose niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore ngushyize hejuru ya mahanga kugirango utazigera uba munsi yabo bakajya bagutegekesha igitugu,ahubwo abe ari wowe uzabatwaza inkozi y’icyuma yubutabera bw’Uwiteka kugirango bumve kandi bamenye ko Uwiteka ajya agira neza,kandi ko ajya aca imanza zitabera zo gukiranuka niko Uhoraho abivuga.
Inkozi z’ikibi zirajiginywa cyane ndetse zirahekenya amenyo,kuko zabuze icyo zagukoraho,kandi imbaraga zabo Uwiteka yamaze kuzishyiraho ishyerezo kugirango ubone uko ukora umulimo w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.
Save
Save
