April 9, 2016 Maze njyanwa mu iyerekwa ryo mu butayu aho nahuriye ni nkozi zikibi ngo zirimo kwitoza guhanura ngo kugirango zihangane numuhanuzi ajeshi Leon wigize akaraha kajyahe ngo numuhanuzi mu gihe inkozi zibibi zemera yuko nazo zifite imbaraga ziruta izUhoraho.
Ubwo tumaze kuhahurira umwuka w’Uwiteka unzaho nk’uko bisanzwe maze ndabwirwa ngo ninshingure ibirenge nerekere mu kirere kuko bidashoboka yuko nahanura mpagararanye ni nkozi zibibi kubutaka bwo hasi ku isi yabazima kuko ntari uwo uwa hano ku isi ahubwo iwacu ari mu ijuru
Nuko mbona inkozi zikibi zo mu bwoko bw’abagore[abarozi] mbona nabo bagerageje kuzamuka mukirere hagati y’isi n’ijuru,ariko bananirwa gushingura ibirenge byabo ngo bive hasi.
Niyompamvu bakurwanya cyane kandi urwanywa na bantu benshi abo uzi nabo utazi kuko bose bakorera Umwami umwe wo gukiranirwa kandi bakaba bafite ubwoba bw’ibhnaurwa kuko bazi neza cyane kurusha abazima nabapfuye icyo ubuhanuzi bivuze cyangwa icyo bisobanura naho abantu basanzwe ntabwo basobanukiwe ubuhanuzi icyo ar’icyo uko niko Uhoraho avuga
Niyompamvu intambara ziyongereye cyane zikurwanya ndetse nabari inshuti bagahinduka abanzi bawe hanyuma Uwiteka nawe yongereye imbaraga zo kulindwa ndetse abakurwanyaga bose ubu babaye ibiragi baraceceka kubera imirimo Uhoraho amaze gukorera mu maso yabo.None uhumure unezererwe Umwami wawe wabakiranutsi kuko yagutoranirije mu isi kuzaba umugaragu w’Uhoraho kandi icyo akaba ari cyo Uhoraho yakuremeye mbese nicyo wavukiye kuzakorera Uhoraho wasizwe amavuta yo guhanurra abatuye isi kuva ukiri munda ya mama wawe uko niko Uhoraho yabishatse kandi ninako yabitegetse niyompamvu yajyaga akubwira yuko amaso ye ntawundi muntu areba mu isi yabazima usibye wowe ariko wowe ntumenye ibyo ubwirwa.
Nuko ngaruka kw’isi mpagarara hagati yizo nkoz zikibi nitegereza neza uburyo bakora bahumanya abantu b’Uhoraho ariko mbona imbaraga zabo ziciriweho iteka n’Uwiteka Imana yabakiranutsi.Maze nezererwa mu Mwami wanjye yuko ashyizeho iherezo ry’abakiranirwa bahoraga barwanya ubwoko bw’Uhoraho maze ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,ngaho genda ushyire hagaragara iryo yerekwa uhawe maze uhagarike izo mbaraga z’inkozi zibibi zirimo gukorera mu isi yabazima kuko dore barangije inama zo guhumanywa abera b’Uhoraho kubera bamaze kumenya imbaraga zo guhanura ariko bakaba bamwe batazi aho zituruka zibakubita zababujije amahwemo ibyo bakoze byose babona bihindutse amazi bakayoberwa ibyar’ibyo bagashoberwa uko niko Uhoraho avuga.
Nuko mva mu isi y’umwuka ngaruka kw’isi yabazima maze mfata ka mudasobwa kanjye nezerewe cyane ntegura iryo yerekwa mu buryo bw’inyandiko kugirango ibihanurwa bigere ku bantu bose batuye isi bamenye yuko har’imbaraga ziruta izindi cyangwa zirya izindi nsiga zo nkozi zikibi zijujuta ko ibaraga zabo ziburijwemo nay a Mana ya wamuhanuzi bajya bavuga none imirimo yacu ikaba iburijwemo n’Uhoraho Imana yabo uko niko Uhoraho abitegetse.
Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,dore uko Uhoraho ajya atabara ubwoko bwe bumukorera afite ingabo nyinshi zikorera ku isi hose niyompamvu ukorera Uhoraho adakwiye gutinya cyangwa ngo agire ubwoba bwo kumukorera kuko Uhoraho ijisho rye rihora kubahanuzi kugirango hatagira ikibahungabanya maze bagakomwa mu nkora bagahagarika umurimo w’Uhoraho uko niko Uwiteka avuga.
Nyuma yiminota [48] mvuye mu iyerekwa,mbona za nkozi zikibi zongeye kwisuganya kuko nari navuye aho bakorera imirimo yabo yo gukiranirwa,mbona abakoni koni bumwakagara bohereza imyuka mibi ngo bice amaso y’umwuka yanjye sinzongere kubona imirimo yabo mibi bakorera mw’isi yabazima nabapfuye.
Ibyo babikoze nyuma yuko umuhanuzi areba imirimo ya bantu bakorera mw’kisi yabazima kugirango haboneke ibimenyeto byo kubaciraho iteka murubanza rwitiriwe mukuru w’ibyasezeranijwe yaramaze kuzenguruka mu iprereza ry’jbucamanza bw’Uhoraho urubanz rw’bakiranutsi kuko uyu mwaka ugir agatatu ar’umwaka wubutabera mu nzu ya bera b’Uhoraho.
Nuko umuhanuzi mukuru w’ibyasezeranijwe amaze kuzenguruka agenzura imikorere ya biyita abizera,mbona abanyarwa bo mu bwoko bw’Abatutsi bafashwe nishyari ryinshi cyane maze mbona bifatikanije na za nkozi zibibi kurwanya umuhanuzi mukuru cyane abatutsi baturutse mu gihugu cya Tanzania nkomokamo
Gukiranirwa bamaze kubona ko bidashoboka bakomeye ku Mana yabo,mbona noneho bateje akaga gakomeye cyane bamanura imvura[ibyago] bibasanga muri wa muhanda wo gukiranuka maze batangira kunyagirwa niyomvura imanuwe ni nkozi zibibi
Mbona imbere yanjye haturutse imodoka [umurimo]w’Uhoraho uturutse ikasikazi y’uburengera zuba ije gutabara abagaragu b’Uhoraho maze mbona za nkozi zikibi zihita ziza vuba na vuba kurwanya uwarutwaye iyo modokari kugirango badabatara abo bagaragu w’Uhoraho maze bagatabarwa bakongera gusenya imbaraga z’umwijima bityo sekibi agakirwaho iteka mu mirimo ye mibi akorera mu isi yabazima
Nuko ndabwirwa ngo Uhoraho agiye kureba dossier yabanyashyari bagirira ishyari abakozi b’Uhoraho maze bacirwe urubanza muri iki cyumweru dutangiye!Mbona abanyarwanda benshi bo mu bwoko bw’Abatutsi bakorwa nisoni batsindwa nurubanza kubera umwuka w’ishyari wababase wababayeho karande nuko ndabwirwa ngo ubwo bwoko bwanze kugendera mu nzira z’Uhoraho kuva kera kose na kale niyompamvu UHoraho asanze batsindwa nurubanza kubera igomwa ryabo bajya bagomera abandi batariho nurubanza none akaba asanze batsindwa nurubanza akaba afashe umwunzuro wo kubaciraho iteka kuko banze kumwiringira no kumwizera ahubwo bakigira ko bamukorera nyamara bamurwanya
Nuko ndamanuka nerekeza muri gakondo ya bakiranutsi nsanga bene data baragizwe imbohe bahinduka imbura mu maro kubera ko bikorejwe urustyo rushyushye kumutwe nizo nkozi zikibi maze zinejejwe ni uko zibashije guhumanya abakiranutsi aliko ijambo ry’Uhoraho riransanga maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubwo bwoko bwaranyimuye bwisangira ibigirwamana nanjye niyompamvu ntazgera mbaha amatwi yanjye none baciriweho iteka kugirango bamenye ko Uhoraho akiranuka kandi amateka ye ahoraho ibihe byose.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu uhumurize abagaragu b’Uhoraho bagenzi bawe musangiye kwizera ijambo ry’Uwiteka ryavugiwe mukanwa kabahanuzi kandi ubasengere ndetse ubabwire icyo Uhoraho yavuganye nawe uyu munsi wa mbere w’Isabato kubera iyo mpamvu dore ntegetse umugisha yuko ubageraho ukababera ijambo ryo kwiringirwa uko niko Uhoraho avuga.
Mbona bohereje ni myuka mibi yubusambanyi ku bantu bubaha Uhoraho,bohereza irari ry’ubusambanyi hirya no hino kugirango abantu bahugire mu ndara mabuno maze bibagurwe icy’Uhoraho yavugiye mukanwa kabahanuzi b’Uwiteka Imana yabakiranutsi nuko ndabwirwa ngo mwana w’umuntu hita ufata amasengesho y’ikubagahu maze usengere ibyo byose ubirimbure kugirango ubwoko bw’Uhoraho buhumanywa niko Uhoraho avuga.
Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore iminsi y’umwakagara yarangiye kandi nawe arabizi ko yamaze kurangira,none dore agiye gutanga intonorano aziha abategarugori aho bagiye kuzajya bajya kubyazwa ku buntu nibishyuzwe kugirango azakore amatora ya nyirarureshwa muri 2017 avuga ko yatsinze amatora.
Ikinani cyananiye abagome nabagambanyi
None n’umwakagara nawe niko mugenje kuko yivuze imyato cyane yigira intwari ku ngufu kandi ar’umunyantegenke kuko bidashoboka yuko umunyantegenke yaba intwari ahubwo yagiye yiyitirira ubutwari bwabandi banyarwanda bemeye guhara ubuzima bwabo nyamara we arabazi yuko ubusanzwe arumunyabwoba cyane kandi atinya urupfu cyane niyompamvu igihano cye gikomeye akoresha urupfu iyo yumvise ko azapfa arara adasinziriye cyane ko ajya asoma ubuhanuzi ariko niba byamushobokeraga nuko yabuze uko abigenza yagakuyeho ubuhanuz bwose bwamuhanuyeho ibyago,akaga,amakuba kuko bimuhagarika umutima cyane kandi akaba adakunda ikintu cyose kimuhagarika umutima cyane adafitiye umuti ngo icyo kintu gikurweho uko niko Uhoraho avuga.
Nuko mbona abakonikoni bafashe ibikoresho byabo batangira guhamagaza ya myuka yabo bajya bakoresha maze boherereza iyo myuka umuhanuzi mukuru w’ibyasezeranijwe hamwe n’umuhanuzi Majeshi Leon n’Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe kugirango bavangirwe ntibongere guhanura ibijyanye niby’Imana yabo bakorera ibategeka
Abakonikoni bamuzejeje
Nerekwa urusengero rwa ASSEMBLES of GOD ku Kimihurura rwohereza abanyashuli bajya kwiga iyoboka Mana muri bo harimo abafite amashuli nabatayafite jye ubohereje kandi akaba ariyo mpamvu naguhaye ubwo butumwa ngo ubushyire ahagaragara kugirango umunyamakenga azirinde akize ubugingo bwe kuko uko abisrael barwanije umuryango w’Abanjamini bakaba kubamara ninako abagiye kurwanya umwakagara bazabanza gushira hanyuma bakazagaruka kubaririza kumuhanuzi baciye bugufi icyo nibabigenza batyo nzababarira mbagirire imbabazi maze nshyire umwakagara ariko bose boherezwa kujya kwiga mur’iryo shuli ryashinzwe nabanyamerica maze mbona mubo bohereje kujya kwiga iyoboka Mana Theology bisobanura kwiga Imana mururimi rw’IKILATINI mbona boherejemo n’inkozi zibibi zisanzwe zikorera muri urwo rusengero
Nanjye rero ndirahiye ko ziriya nkozi zibibi ntazatuma ziyobora ubwoko bwanjye ngo ni uko zigishijwe amashuli yabafarisayo hanyuma zigahabwa uburenganzira ku bwoko bwanjye ngo zibuyobore kandi atari jye wazihamagaye dore ngiye gukora ikintu gishya uzacyumvisha amatwi ye ntazabura gutitira mu gihugu cyose kugirango ndengere ubwoko bwanjye uko niko Uhoraho abivuze.Dore nzabahora gukiranirwa no kugenza uko batari bakwiriye kugenza kugirango bazamenye yuko nd’Uhoraho kandi ntanga ubutabera ntarobanuye kubutoni uko niko Uhoraho avuga.Dore nzahana abashumba kuko batigeze bita kun tama zanjye bakazifata bakazishyira mu maboko y’umwanzi aho kuzilinda bakazitererana maze zikaribwa namasega numuhisi numugenzi akazikora uko ashaka nanjye nzabagenza uko bagenje kuko batigeze batinya gukiranirwa imbere ya maso yazo ahubwo nuwashatse kubacyebura bamuhinduye umwanzi baramugambanira bamujugunya murwabayanga uko niko Uhoraho avuganye namwe
Nsubizwa mu iyerekwa mbona inkozi zikibi zo mu bwoko bw’Abagore[abarozi kazi]mbona bakora inama ya nyuma yo kunezeza umwakagara biyemeza ko bagiye kuva hasi bagakora iyo bwabaga maze mbona begeranije abakonikoni bose uko bakabaye bategura igitero simusiga gikomeye maze umwakagara umwami w’inkozi zikibi aranezerwa cyane mbona na satani abateye ingabo mubitugu icyo gitero cyari gikomeye cyane maze mbona bagose abahanuzi bose nabahanu Kazi ariko babanza guhera kumuhanzi mukuru w’I byasezeranijwe hamwe n’umuhanuzi n’Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe maze mbona bagiye kubarimbura ako kanya nerekwa mbona ijuru ritabara riraza rijyana abo bagaragu b’Uhoraho kubahisha mukwezi ahantu heza cyane hatarangwa urusaku cyangwa urugomo maze za nkozi zikibi zikorwa nisoni zirabashaka zirababura
Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uko niko Uwiteka ajya akiza abamukorera kuko bidashoboka yuko abamukorera by’ukuri bakorwa nisoni none dore umwanzi na satani bibwiraga yuko mbese Uhoraho adashobora gutabara abamukorera?Uko niko Umwuka w’Uhoraho abaza.Nuko rero burira bene so ubabwire uti,amazi siyayandi kuko ibintu birimo kurushaho gukomera uko iminsi y’umwakagara igenda irangira ninako nawe agenda arushaho gukaza umurego none mwitonde kandi mube maso kuko Uhoraho ababuriye kugirango mumenye uko mugenza mutagwa mugico cy’umwanzi wabakiranutsi.
Nuko nk’uko bisanzwe mfata kamudasobwa kanjye maze negera ikoranabuhanga ntangira gukora umulimo wa data wo mu ijuru akaba na se w’Umwami wacu Yesu Kristo wakunze gukiranuka akanga ubugome maze agahinduka imfura muri bene se bose ndetse agahabwa izina risumba amazina yose kandi ahabwa kuyobor aumwandu w’Uhoraho awubera Umwami nigisonga cya data wa twese kuko yabonye ko guhwana n’Uhoraho atar’ikintu cyo kugundirwa emera kwisiga ubusa atwara akamero kumugaragu yemera gupfa urupfu rwo kumusaraba kugirango ibyahanuwe numuhanuzi Yesaya byose bisohere ngo intimba zacu nizo yikoreye kubera ibyaya byacu kugirango tubone ubugingo buhoraho
Nicyo cyatumye ubwo yaramaze kuzuka atsinze urupfu n’ikuzimu yahise ashyirwa hejuru ya majuru yose ahabwa kuyoborwa umwandu w’Uhoraho no kuba impfura muri bene se benshi kugirango ahinduke umuganura wo kuzuka maze ibyaremwe byose bibe bitakirebaho ahubwo byose bisohoreze muri nawe abisohoreze muri data wa twese nk’uko ibyanditse bibivuga maze Uhoraho ahabwe icyubahiro nishimwe iteka ryose Amen.
