HomeInte'lUmuryango wa Assinapol uzize Ben Rutabana wabaye munyamuryango wa RNC.

Umuryango wa Assinapol uzize Ben Rutabana wabaye munyamuryango wa RNC.

Amakuru aturutse I Kigali murwa mukuru w’uRwagasabo,aravuga yuko,umugore wa nyakwigemdera Rwigara Assinapol,yagutewe murugo rwe,nyuma yuko bishe umugabo we,azize impanuka yatejwe n’umwakagara hamwe na Gen.Nziza Jack.

Amakuru aturutse mu biro by’ubutasi by’uRwanda atugezeho ku isaha ya saa 11:47,zijoro,aravuga yuko ngo bategetse Rwigara Derine kwisenyera kugirango babone imwe mu mpamvu zo gushaka uburyo bamuta muri yombi bakajya kumufunga bagashaka uburyo bamuha utuzi twa Col.Danyy Munyuza kugirango bahite barangiza umuryango wose.

Nk’uko amakuru y’ubutasi abivuga,ngo,uwo muryango bawuziza ko,Musaza wa Aderine Rwigara uri mushyaka rya RNC,ngo kuko bashaka gutera uRwanda.Bakaba bavuga yuko ngo,kuba Rwigara yarapfuye nta cyo byatanze ngo kuko umudam we,akomeje gukorana na musaza we,mugushyigikira abatavuga rumwe na leta y’umwakagara.

Amakuru avuga ko,iyo ngo ariyo mpamvu leta y’umwakagara ikomeje gutoteza umuryango wa Nyakwigendera,kugirango bawumareho burundu.Kuba uyu munsi bamugose,ngo baramuziza ko yatanze amakuru mubitangaza makuru byo hanze agaragaraza ubuhemu no gutotezwa na leta y’umwakagara.

2Andi makuru yizewe kandi afite gihamya nayo atugezeho noneho,ngo Madam Murekatete Mukandirima Odette wahoze ari madam w’umuhanuzi Majeshi Leon umuyobozi mukuru

w’ikinyamakuru InyangeNews na Radio Inyange,ngo Eugeneyatumwe na leta y’umwakagara binyujijwe muri musaza we Hon.Baricana EUGENE
ngo kugirango agaruke abane n’uwahoze arumugabo we,kugirango byorohere inzego zubutasi z’umwakagara kumuta muri yombi.

LeonNk’uko ibiro by’ubutasi by’umwakagara byatugejejeho amakuru,ngo Mukandirima yananiwe gusohoza umugambi wo gufasha leta y’umwakagara guta muri yombi umuhanuzi Majeshi Leon akaba n’umuyobozi mukuru w’ikinyamakuru inyangeNews.

Ngo bashakishije mu murwa mukuru wose wa Nairobi,ngo ariko byarananiranye kumenya ahoy aba ahereye,nk’uko twabagejejeho amakuru y’ubushize uburyo bagiye bagerageza gutaracikinga telephone y’umuhanuzi Majeshi Leon ngo ariko byarabananiye.

Ndetse bagerageje no guhamagara abantu asanzwe avugana nabo,kugirango babanyuremo,ariko nabyo byarananiranye.Ngo bakomeje gushakisha umuntu wabagezaho aho uwo muhanuzi aherereye ngo uzabishobora azahembwa kuburyo bushimishije kandi ngo azahembwa n’umwakagara we ubwe ku giti cye.

Nuko rero abasanzwe mukora uwo murimo wubugambanyi musabwe kwandikira umuhanuzi Majeshi Leon kuri e-mail ye,ya nccleon@gmail.com kugirango abarangire aho aherereye,gusa muzamenye ko,nibicamo muzatanga icya cumi gitugutse.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments