Feb 1,2017 njyanwa mu iyerekwa ahantu ntarinsanzwe nerekerwa,aho hantu hari ikibaya cyiza cy’umurambi nyaburanga,maze kuhagera ndahitegereza mbwirwa ko ariho habitse amasezeno ya bakiranutsi ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo.Aho hantu hari hafite ubuso bungana impande zombie %/%.
Maze mbwirwa kuhatambagira ngo nitegereze uko hangana,ndahatambagira ndahitgereza mbona ari heza cyane harambutse nta musozi urimo hagati hose hangana kandi hatuje ndetse hatekanye neza cyane hatarangwa urusaku rwabisi bahora bavuza induru kubera gushakisha ibyisi bahora biruka inyuma.
Nerekwa hagati mur’iyo gakondo nziza yagenewe ubwoko bw’Uwiteka Imana ikiranuka (PLOT) hagati muri yo,harimo iriba ry’amazi ridudubiza amazi meza abungirana kandi afutse!Mbona ayo maze aza kuvomwaho nabagore nabagabo.Ariko hari amategeko kugirango uyavomeho ni uko wabanzaga kwishyura mbere yuko uyavomaho,wamara kwishyura ukabona kuvoma.
Ayo mazi yakizaga indwara zose zibaho,kandi akakumara inyota ako kanya ukimara kuyanywa,ntuzongere kumva inyota ukundi.Ariko nubwo uwashakaga kuyanywa yabanzaga kwishyura,ntabwo umugabo ufite abagore babili yari yemerewe kuyagura,cyangwa umugore washatswe ari uwa kabili ntabwo yari yemerewe kuyagura cyeretse abanje gutandukana na wa mugabo bashakanye agasigara wenyine cyangwa agashaka uwe mugabo niwe wari yemerewe kugura ayo mazi kuko ayo niyo mategeko yabashaka kugura ayo mazi meza yumugisha.Abacuruzi bakora uwo mulimo wubucuruzi ntabwo bari bemerewe kugura kuri ayo mazi batabanje kwishyura abo bariganije nabo bafitiye amadeni.
Umuntu wese wari ufitanye ikibazo namugenzi we,ntiyari yemerewe kuhagera cyaretse abanje kwiyunga nuwo bagiranye ikibazo.Nta muntu ufite imyenda yari yemerewe kuhagera atabanje kujya gusaba imbabazi uwo bafitanye ikibazo kugirango yemererwe kugura kuri ayo mazi meza atembamo ubugingo.
Mbona muri isambu gakondo ya BALEWI (prists) hubatswemo urusengero,ariko urwo rusengero rwali rwarashaje kandi rwubatse nabi.Umwuka arafata ajya kunzengurutsa muri uwo mugabane wa BALEWI ngo ndebe kandi nitegereze ndeba uko hangana,hose kugirango nzamenye uko nubakisha urusengero nkurikije ubuso bwaho.
Nerekwa kandi aho abatambyi bagenewe kuzubakirwa amacumbi yabo bazajya babamo cyangwa baruhukiramo kugirango bashobozwe gukora umulimo mwiza wo gukiranuka banezerewe Imana ko ariyo gukiranuka kandi yita kubakoreshwa umulimo wayo wo gukiranuka.
Nerekwa nahandi hateguriwe kubakwa urusengero rwiza rujyanye namasezerano ya bakiranutsi,rwarundi basengeragamo rwali rwarahumanijwe barukurwamo bimukira muri urwo rwakabili rwiza rufite ubwiza buruta ubwambere(Bisobanurwa ngo,ubwiza bw’inzu ya mbere,buzarutwa nubwiza bw’inzu ya nyuma)
Aho hantu hali hatangaje cyane kubera ubwiza bwaho bwaharangwaga hakiyongeraho iriba ry’umugezi wa mazi meza cyane azana ubugingo mu bwoko bwasenzekaye,abafite ibikomere no gusharirirwa kwisi nabo bahaboneraga umugisha wo guhabwa ubugingo kuko abantu benshi cyane umwanzi yamaze kubaciraho iteka ko batazabona ubugingo.
Ubwo bustani bwamazi meza azana ubugingo mu bantu babuze ibyiringiro,imiryango yabwo yahoraga ikinguye 24/7,ntabwo yigera ikingwa kandi nayo mazi,bayavomaga igihe bashakiye gusa upfa kuba wujuje ibisabwa bikwemerera kuvoma kuri ayo mazi(Inzira zo gukiranirwa ntabwo ziharangwa) ndetse nimitekerereze imize gutyo,ntabwo yemerewe kuhagera kuko hahora hera kandi huzuye ubwiza bw’Uhoraho.Abafite inkovu zibyaha ntabwo bemerewe kuhakandagiza ikirenge,ndetse no kuharunguruka ntabwo babyemerewe kuhagera kuko bidashoboka kuko bareba ubwiza bw’Uhoraho kandi badafite gukiranuka kwa Kristo mu mitima yabo.
Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo ubonye ntabwo bishyizwe cyera,kuko ariwo mugabane wawe.Uko niko Uwiteka agabira uwo yakunze,kuko akunda abamukunda kandi akabitaho cyane kugirango isi imenye yuko Uwiteka ajya yita kubo akunda nabo bakaba bamukunda
Azabagirira neza abashyire hejuru maze isi igere aho ibifuza kugirango bimenyekane yuko izina ry’Uwiteka ryanditswe mubiganza byabo kandi na mazina yabo yaciwe imanzi muganza by’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.
Nkomeza kwerekwa ibigiye gukorerwa mu isi yabazima uhereye muri gakondo ya bakiranutsi.Nerekwa Pastor RENE MASASU uyoboye Restoration Church Evangelical duhura asa nucitse asize umulimo w’Imana yakoraga ngo kubera yuko yaciwe ukuboko kumwe agasigarana akaboko kamwe gusa.Nitegereje mbona ukuboko ku ibumoso niko kwari kwaracitse yarasigaranye ukwiburyo konyine.
Nuko ndahagarara ndamusuhuza nawe arandamutsa,ariko nubwo yagendaga ntabwo yarafite icyerekezo cyaho yaganaga,ubwo mubwira natumiwe mu gihugu cya France na Belgium kujya gukora umulimo wa data.Ubwo yumvise ngiye kwerekeza imahanga agira umwete wo gushaka kunyumva neza no kuntega amatwi ariko nirinda kuyatsitaraho.
Umwuka w’Uhoraho atangirira uko nagiye kumureba 1998 ndetse ni 1999 mubwira iby’Imana yamuntumyeho ariko akanga kunyakira akansuzugura yanga ko tubonana.Ndetse umwuka yibutsa uko namutumweho muri 2009 na 2010 mbere yuko mva muri gakondo icyo gihe twavuganye kuri telephone arambeshya ibyo twavuganye ntiyabyubahiriza.
Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore washatse Rene Masasu,yanga kukwakira,ariko igihe kirageze ubwo azagushaka amaze gucika ukuboko kumwe atagifite uburyo yirata mu bantu,kuko icyo gihe azaba atinya abantu ko bamubona afite ukuboko kumwe kandi bari bamuzi afite yombi.Ubwibone bumubamo no kwishyira hejuru no gukunda icyubahiro,icyo gihe bizaba byararangiye namara gucika ukuboko kumwe nibwo azabasha kumva agatega amatwi amatwi icyo umwuka amubwira kubw’umulimo wayo akora uko yishakiye uko niko Uwiteka avuze,kandi niko abitegetse niko Uhoraho avuga.
Ubwo aba abonye inzu yumuturage iraho hafi ye,aba asabye nyirayo ngo amwemerere twinjiremo ngo musengere,ariko jyewe sinamenye yuko ashaka gusengerwa kuko yabikoze atabimbwiye mu buryo bw’uburinganya.Ijambo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uko niko bizagenda abishyira hejuru bacishwa bugufiya naho abicisha bugufiya bashyirwa hejuru kugirango Uwiteka yiheshe icyubahiro muri bo uko niko Uwiteka avuga.
Nkomeza kwerekwa imigambi yumwanzi maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore za magigiri zahagaze mu nzira ntiwirirwe usohoka ahubwo wigumire murutare rwawe kuko baguteze ambush ngo bakugwe gitumo ariko se buriya ntibashinga umuhunda ku kirenge?Niko Uwiteka abaza!
Ijambo ry’ubuhanuzi rikomeza kunzaho maze rinyereka abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi biyita abanyamurenge b’abakongoman.Nerekwa ko bajya babyuka mu gitondo (abagore babo) bisobanura barozi Kazi bakajya kuroga inzira nyabagendwa kugirango abantu bari buhanyure bahumane.Kandi bahuriraga muri ayo mayira nabagabo bakora uwo mwuga mbere yuko bahumanya inzira,bakabaza gusambana barangiza kuhasambanira ubwo uhanyuze bwa mbere uwo mudayimoni wubusambanyi ukamwokama burundu ku buryo yumva ahora ashaka kwisambanira gusa ari ntawundi murimo yakora.
Icyantagaje ni uko muri abo barozi harimo inkumi na basore dore ko ari nabo bakoreshaga uwo mwuga wo gusambana kugirango uwo bashaka guhumanya yaba umusore cyangwa inkumi bibashe kumufata.Iyo bashakaga guhumanya mugore cyangwa umugabo hasamanaga umugabo numugore ariko batashakanye ahubwo bahujwe nuwo mwuga wo kuroga kuko mbere yuko bahumanya abantu babanza guhurira ahantu habigenewe aho bajya bahurira bakabaza gusenga bahamagara abadayimoni kugirango babahe imbaraga zo gukora byo bagiye gukora badafite ubwoba cyangwa ntibatinye amaso ya bantu kabone naho bababona barimo bahumanya abantu bo bakomeza umulimo wabo kuko wowe uba wihitira ntubyiteho ugakomeza kugenda nyamara uba wamaze kurenga aho bahumanijwe.
Ng’uko abantu benshi bahumanijwe nabo batazi,kuko inkozi z’ibibi umulimo wabo,nuguhumanya batitaye ngo urinde cyangwa se ngo barakuzi.Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ciraho iteka bariya barozi kazi,na barozi b’abagabo bakomeje guhumanya abantu b’Uwiteka yaremye ijuru nisi.
Mana data wa twese wo mu Ijuru,ndakwinginze ngo wumve gusenga kumugaragu wawe,mvumye iriya mitongerero yabarozi na barozi kazi bo mu bwoko bw’Abatutsi biyita abanyamurenge,usenye kandi urimbure imbaraga z’umwijima zabo izo bakoresha guhumanya ubwoko bwawe na bantu bawe.
Mbaciriyeho iteka ntibazongere kubona imbaraga zo guhuanya abantu bawe,ndetse no kugira uburyo ubwari bwo bwose bwatuma bashobozwa gukomeza gukiranirwa.Mpagaritse ibikorwa byabo byose kugirango bamenye yuko uri Uwiteka Imana Nyiringabo kandi mbahaniye kure yawe ntibazarebe mu maso hawe ukundi kuko banze gukiranuka kandi barwanije ubwami bwawe ninzira zawe zo gukiranuka uko niko Umuhanuzi Majeshi Leon abivuze!Kandi niko abitegetse mu izina rya data umwana n’umwuka wawe wera Amen.
Nerekwa umukuru w’igihugu cy’IBABYLON Uhuru Kenyatta ageze aho yifuza amasengesho kubwo kwiyamamaza kuko abaturage batamureba irihumye,bakaba batanashaka kumva aho yiyamamaza kuko ibyo yabasezeranije atari byo yabakoreye,numva Uhuru avuga ngo,arifuza umuntu wamusengera,ariko mu gihe ngiye gusenga mbona abagore bamugose(abarozi kazi) bateye induru kugirango batumva ayo masengesho maze isemgesho narinsenze rihinduka impfabusa ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ntabwo bishoboka yuko wasengera Uhuru Kenyatta ngo Imana yumve gusenga kwawe kandi azengurutswe nabarozi kazi akaba aribo yahaye intebe bakaba ari bo bibereye mu byicaro byiza bamwigisha gukiranirwa no kutubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.





