11th OCT,2015 Nyuma y’imyaka (7);mbonye Umwami wabakiranutsi inshuro (7);nongeye kugirirwa Ubuntu nawe maze yongera kumbonekera.Najyanywe mu iyerekwa mbona Umwami wabakiranutsi intare yo mu muryango wa YUDA,cyangwa se MESAYA wahanuwe nabahanuzi imyaka n’imyaniko .
Ubwo twari murusengero turimo desenga maze dutangira gukora isuku muri urwo rusengero,nuko mfata rubine yazanaga amazi kugirango dutunganye isuku neza muri urwo rusengero, ndangije njya hanze gato kuto akazuba harabantu twari kumwe batarenze (4) muri urwo rusengero.
Nabonga ar’umugabo mure mure cyane ufitenka m 3 z’ubure bure,k uruhu rwe rw’umubiri yagaragaraga nk’umw’Israel kumubiri.Nuko igihe nari hanze numva arimo kubaza ngo,kuki mutanyizera?Nibande bizera ko nagiye mu ijuru kandi ko ngiye kugaruka?Ubwo abantu batangira gushidikanya ko atariwe.
Umwana w’umuhungu nakonkobotse hanze nk’iyagatera nza manitse amaboko kuko uwasubizaga wese ikibazo yaramanitse yagombaga kumanika ukuboko kwe,nuko manika amaboko yose ndavuga ngo:NIJWI RIRENGA,MWAMI NDAKWIZERA!!!Maze arambwira ngo manura ukuboko kumwe umanike ukwibumuso ndabizi yuko wowe unyizera.Uwo mugabo nimugabo w’Imfura cyane uteye neza ufite igikundiro ntabwo asa nabagore cyangwa abagabo ahubwo afite ubwiza bwihariye we wenyine.
Ateye ubwuzu umugabo witonda cyane abatutsi barabeshya ngo nimfura!!!Nabonye imfura ya zose nubundi ngo yarapfuye arazuka kugirango azabe imfura muri byose cyane cyane muri bene se.
Nuko arangije aratubwira ngo:Asubiye mu ijuru azagaruka vuba bidatinze aje gutwara abakiranutsi,ndabwiz’ukuri narimfite ibicurane bikomeye ariko nahise mbyuka ntangira kwandika iri yerekwa nibagirwa yuko narimfite uburwayi bw’umutwe kubera guhinduka kw’ikirere nubushyuhe bwishi ibyo byose byahise byigendera.
Iyo ubonye Umwami Yesu wibagirwa ibibazo ndetse nutudayimoni twari tukuzengurutseho twose duhita tugenda ndabwiz’ukuri bene data Umwami namubonye kandi nongeye kwishima cyane kuko yonsubijemo imbaraga akambwira yuko mwizera kandi ko abizi.
Ese wowe yabaziko umwizera?Ese wowe waba umwizera?ushobora kubihamya?Icyamababaje amaze kugenda,kuko udashobora kugira umubabaro ukiri kumwe nawe,nuko abo twari kumwe bananiwe kumanika ukuboko ngo bahamye yuko bamwizera,ndetse n’umudmau umwe wamanitse ukuboko yakumanitse ashidikanya kuko bamubonaga afite ishusho yakimuntu bity obo bumvaga yuko ar’umuntu usanzwe nubundi mbere ya byose yabanje kwihindura umuntu kugirango abane natwe yakoze ibimenyetso nibitangaza kugirango tubashe kumwizera.
Ariko igitangaje ntabwo abana bab’abantu bigeze bamwizera ngo bamenye yuko ntama w’Imana yarabarimo cyangwa yabanye nabo,ahubwo abafarisayo bo mu idini ry’Abadivantiste b’umunsi wa (7);baramugambaniye baramufata bamuta muri yombi bamucira urubanza baramwica ba mumanika inyabihanga kumunsi wa (3);arazuka asubira kwa data wa twase ajya kudutegurira ahacu kugirango aho azaba natwe abe ariho tuzaba.
Nukuri nukuri ndababwiz’ukuri yuko nimutamwizera ko ari we,ntabwo muzinjira mu bwami bwo mu ijuru.Kuko abamwizera ko ari we abo nibo bana b’Imana data wa twese akaba na se wa Yesu Kristo.
Ndashima Uwiteka Imana akaba na se wa Yesu Kristo uko yongeye kumpa kumwizera ndetse tukongera kubonana n’Umwami Nyir’ijuru n’Isi!Mbega Ubuntu butangaje!Very amazing!Nuko rero nawe mwizere arakubonekera kandi niwumva ubyizeye umubwire uti,Mwami ndakwizeye kandi ubivugane ukwizera kuko Umwami akunda abamwizera pe!!! Kandi abongabo ntibishoboka yuko bakorwa nisoni kuko niko yabidusezeranije kandi ibyo yazeranije no kubisohoza ntazabura kubisohoza.
Ndumva mfite byinshi byo kubabwira ariko kandi sinabirangiza kuko ndumva meze nkiriba ry’umugezi umanukamo amazi yurubogobogo kuvuga iby’Umwami biranejeje none ndakwinginze wowe uribusome ubuhanuzi bw’uyu munsi ugiriwe Ubuntu kuko wongeye guhura n’Umwami wawe mukwizera kuko uwo nabonye niwe mvuga ndetse ninawe nkorera kandi niwe maze igihe nkorera ni nawe nababwiye ko ariwe.
Ndabasaba mbingigira kwizera uwo Mwami ibindi byose mubishyire kuruhande dore ababjwe nuko mutamwizera abashumba benshi ntabwo bizera Umwami Yesu,nyamara birirwa bamwigishaho ndetse bakanavugaho cyane ariko uyu munsi nyir’ubwite yivugiye yuko abantu batamwizera.
Icya nta ngaje nuko muri urwo rusengero nta mushumba cyangwa umu pastori wigeze ahahinguka nta muntu wayoboraga urwo rusengero ariko rwari rufite isuku idasanzwe none nawe ntucikwe nubu butumwa ngo bukunyureho cyangwa ubwirengagize utabwemeye kandi ubumenyeshe nabandi benshi bashoboka ubabwire yuko uyu munsi Umwami wabakiranutsi yabonekeya umugaragu we Majeshi Leon umuhanuzi w’Uwiteka mu mahanga yose.Reka ndekeraho ndumva byanze kurangira ariko ntakundi byagenda.
Nuko nkomeza kwiteregereza uburyo barimo guhabwa imyitozo yo kuzica ikiremwa muntu,numva ndatangaye uburyo umwana w’umuntu atajya yifuza amahoro namba!Nuko ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu abiki gihugu banze barabwiwe banga kwihana none baciriweho iteka!Cyakora nibihana mbere yuko bashyikirwa nakaga nibyago,Uwiteka yiteguye kubagirira ibambe.Ariko nibatihana inkota ntizabura kubarya!Uko niko Uwiteka avuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore irari ribyara gutwara inda,inda nayo ikabyara urupfu,none andika ngo:Mwakagara we,dore igie wabwiriwe ntiwemere ko ibyo ubwirwa arukuri,ahubwo ugahora uhiga abagaragu b’Uwiteka Imana.
Uyu munsi bimenyekane yuko Uwiteka ariwe Mana nkorera dore urupfu rwawe ruraje kandi nk’uko nabikubwiye koi mva yawe yamaze gutegurwa noneho dore ntabwo bikiri ibanga cyangwa ngo bibe mu migani tangira witegura utunganye ibyawe kuko Uwiteka akurambiwe kandi agushyriyeho ishyerezo uko niko Uwiteka ategetse.
Bene data bakundwa kubananiwe guhunga aheza ni mu ijuru kandi muzadusuhurize abakiranutsi bose barimo Abraham,Issac,Yakobo,Yoseph,Daniel,Intumwa Paul,nabandi muzababwire yuko dukomeje umurimo badusigiye kandi tuwukora neza nubwo isi itatworoheye ariko dufite ibyiringiro yuko tuzanesha nk’uko banesheje muzabahe intashyo y’undirimbo yo mugushimisha n° 82.
Mwami, wakomeretse: ni twe waziraga
wahemuw’utyo mwami Ushinyagurirwa.
Ker’ utaraza mw isi, War’ufit’ ubwiza !
Dor’ uko bagushyize Mur’ abo bambuzi
2
Mpindukirir’ undebe, Mukiza w’ukuri:
N’impano y’imbabazi Njya nkuboneramo.
Yesu, waramfiriye:N’ ibyanjye wazize;
Ump’ amahoro masa Kuko nkwiringira.
3
Kand’ imipfire yawe Ni yo yankijije.
Intera kugushima Mu kubaho kose:
Imbabazi n’ izawe, Mucunguzi wanjye.
Nah’ urupfu rwantera, Nta cyakunkuramo.
4
No mw ipfa ryanjye, Yesu, Uzambe bugufi:
Urupfu ni runsinda Uzamar’ubwoba.
Kokw umubiri wanjye Uzabor’ uveho;
Nyamara, nzakubona Mu maso,Mukiza.
5
Mukiza wanjye mfite Ubwuzu n’ishimwe,
Ngo ndeb’ inkovu zawe Wagize kubwanjye!
Umpe kunesha rero, Nkuko wanesheje.
Hahirw’ uzapfa apfira Muri wowe, Yesu
Njya nifuza kuzaririmba iyi ndirimbo mu iteraniro ryabakijijwe bizera Umwami wabakiranutsi,njya nifuza kurebana maso ku maso abakiranutsi harabo tujya tuvugana nkumva nkumbuye imvugo yabo!Sinzi nimba namwe aruko ariko icyo nzi neza kand ntashidikanyaho nuko uru rukumbuzi rugiye gushyira kuko bidatinze tugiye guhurira muri gakondo yabakiranutsi aho tuzanezerwa tukibagirwa imibabaro yose twatewe na Satani n’umwakagara wigishije ubwoko bw’Uwiteka gukiranirwa no kunyura mu muriro guterekera kumena amaraso no gusenga ibigirwamana.

Uwiteka yavuze yuko azarwanya kandi akazahora bikomeye kumuntu wese wangiriye nabi,nyamara uyu mugabo yigeze kuzana na Ndori nawe atuye kugisenyi aza kunzaba imbabazi yabitegetswe numuhanuzi kazi amubwira yuko natansaba imbabazi ntabwo ashobora kuzabona umugisha uturutse ku Mana.
Uyu mu byeyi twakoranye umurimo w’Imana ndetse yarananshyigikiye mu bukwe bwanjye ariko nyine maze kuva muri gakondo 2010 ntwabo nongeye kumenya amakuru ye,usibyeko namusize arwaye naje kumenya amakuru ye ko yitabye Imana muri 2013 ariko uwagizemo wese uruhare rwp guhumanya ubugingo bwe,nashake aho yerekera kuko Uwiteka amuhagurukiye uko niko Uwiteka avuze.
Uwiteka yongera ku mbwira ati,mwana w’umuntu utangire witegure nubwo ubigeze hagati kuko ugiye gutungurwa nuko bagiye kuguhamagara ukajya mu mahanga aho nagusezeranije kuva kera none dore igihe kirageze kandi kirasohoye uko niko Uwiteka avuga.Dore harabibwiraga ko waciriweho iteka nyamara bakwibeshyeho ahubwo byari umugambi w’Uwiteka kugirango unyure mu butayu bazatangara kandi bazumirwa ndetse bizabayobera aho niho bazamenya yuko Uwiteka Imana ari kuruhande rwawe uko niko Uwiteka avuga.