Home News Umubare 666 nyirawo agiye kuwutangiza!?

Umubare 666 nyirawo agiye kuwutangiza!?

0

Amakuru agera ku inyange TV,aturuka muri leta zunz’ubumwe z’America,aravuga yuko,umukuru w’igihugu cya America BARACK Obama Hussein agiye gushyira ahagaragara umushinga w’umubare 666 abinyujije mu mishanga yo kwivuza.

Aho buri muntu azahabwa uwo mubare kugirango ajye avurirwa Ubuntu hakoreshejwe ikorana buhanga.Nk’uko amakuru ari kuri InyageTV abivuga,uwo mushinga ngo witwa Micro ship aho buri muntu agiye kujya ahabwa uwo mubare w’inyamaswa wa 666 nk’uko yakoze ibirori byo gutangira imirimo ye ya kinyamaswa nk’uko yi yise akandika kumodoka ye ko yitwa THE BEAST.

Ubushize twabagejejeho uburyo uwo mubare wa 666 wamenyekanye cyangwa uburyo waje,ngo Obama yamaze imyaka 6 n’amezi 6 n’iminsi 6 mbere yuko nyina amujyana muri leta zunz’ubumwe z’America aho mama we akomoka.

Nguko uko yaje guhabwa izina rya ya nyamaswa ivugwa muri bibiliya mu byahishuwe 13:1-18,aho havuga ko iyo nyamaswa izaturuka mu Nyanja bisobanura isi nini cyane.Ibyo bibaye hashize iminsi micye yizihije umugambi wo gutangiza uwo mushinga wa satani kumugaragaro aho birimo kuvugwa ko yaba yaratanzeho igitambo igihugu cye cya mavuka.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar