HomeNewsUduce za magigiri za bega bateganya kwicamo abantu mu gihugu cya Kenya,niharamuka...

Uduce za magigiri za bega bateganya kwicamo abantu mu gihugu cya Kenya,niharamuka habaye gutanwa mu mitwe kubatavuga rumwe na leta.

Amakuru agera ku inyangeNews aturuka mu gihugu cya Kenya,amakuru avuga ko,za magigiri zahawe gahunda yo kujya mu bice bitandukanye mu gihugu cya Kenya cyane cyane umurwa mukuru wa Nairobi.

Dore uduce za magigiri zizibandaho aho ziteganya kuzica abanyarwanda bahunze igihugu cyabo kubera igitugu n’ubwicanyi bwinenga kamere bukomeje kwigaragaza mu Rwanda aho Umwakagara na FPR,bamaze kwica umubare mwinshi bikekwa ko waba uruta umubare wabo yishe muri genocide yakorewe mu Rwanda.

Uduce bashinzemo ibirindiro,halimo umurwa mukuru wa Nairobi city    centre,Kawangware,Kasarani,Rongai,Kayole,JogooRoad,BuruBuru,Maji mazuri.

 KIKUYU, Waithaka,Daagoriti,ibyo bice byose   tuvuze haruguru nibyo bituyemo impunzi zabanywanda bahunze igihugu cy’uRwanda bakaba bateganya ko haba intambara bakabona uburyo bakwitwaza iyo ntambara ishobora guturuka mu matora bakirara mu baturage bakabica.

Mu gihe hasigaye umunsi umwe gusa ngo amatora y’umukuru w’igihugu abe, abanyarwanda mutuye kandi mukaba mukorera muri icyo gihugu murabe maso cyane Umwakagara atabaca ibihanga akajya kubitambira imana ze.

Hotel zose ziciriritse ziri mu murwa wa Nairobi twakita nka Guest House,cyangwa ziri murwego rwa Motel,biravugwa yuko nazo zamaze kuzuramo ba magigiri (Abega) bategereje guca ibihanga ubwoko bw’Imana bwahunze igitugu cya bega bakomeje kwica abanyarwanda urubozo.

Ariko amakuru twamaze kuyageza mu nzego zishinzwe umutekano z’igipolice bashobora kutazahirwa cyane yuko barimo kubakurikiranira hafi cyane.Ikinyamakuru inyangeNews cyagiranye inama uyumunsi ninzego zishinzwe umutekano mu murwa mukuru wa Nairobi kibasha gutanga amwe mu mazina mashya ya za magigiri zoherejwe mu murwa mukuru wa Nairobi zaje zitwaje ko zaje gutegura amatora y’umukuru w’igihugu.Zikaba zitwikiriye umutaka wa Ambasade y’uRwanda ikorera muri icyo gihugu.

Zimwe mu mahotel cyangwa se za motel na za guest house ikinyamakuru inyangeNews cyabashije kujya guperereza kumakuru avugwa ko zuzuyemo za magigiri,halimo izikorero ACRA Road,River Road,Moi avenue,Tom Mboya,Odio Cinema na handi henshi cyane.

Kandi ikinyamakuru inyangeNews cyanyarukiye ahitwa BuruBuru,na Jogoo Road,uwo muhanda wose aho hose twagiye tureba za guest house,motel,na hotel zaba zitagifite imyanya dusanga hafi ya zose zuzuye.

Amahotel akomeye yuzuye indorerezi zamatora,hamwe na banyamakuru bagera ku 100 baje gukurikirana amatora y’umukuru w’igihugu.Halimo CNN,BBC,AL Jazeera Gate Stone,Press,RFI nibindi bitangaza makuru bikomeye kwisi.Ikinyamakuru InyangeNews nacyo nta bwo cyahatanzwe kizaba gukirikirana amatora mu gace ka western na NAKURU kugeza amatora arangiye tukazabagezaho ibizava mu matora yuwatsinze kuba umukuru w’igihugu mu myaka [5] irimbere.

Ejo hashize Raila Odinga umukandinda wa NASA yakorreye kampeini ye yanyuma mu bustani bwa Uhuru Park.Yavuze yuko yizeye gutsinda amatora,akaba azakora ibirori bikomeye kuwa gatandatu STATE House aho biteganijwe kuzakira abafana be bose bamushyigikiye kurangiza urwo rugendo rutoroshye bakazarangiriza ibirori byabo na none muri Uhuru Park.

 

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments