Home News Ubyutse bw’ubusambanyi,murwagasabo,nk’ikimenyetso cya nyuma y’ingoma y’umwakagara!

Ubyutse bw’ubusambanyi,murwagasabo,nk’ikimenyetso cya nyuma y’ingoma y’umwakagara!

0

14th Aug 2015 njyanwa mu iyerekwa,mbona umusore w’intwaramuheto ya RDF,nerekwa acyuje ubukwe,kandi ahagarariwe n’umwakagara.Ariko kubera ubwo bukwe bwacyujwe vuba vuba,uwo musore nta buryo buhagije bwo kwakira abantu yarafite cyangwa yari yateguye.

Umwakagara yahise akora mu mufuka ry’ikote yambaye”Isaho y’igihugu”maze amuhereza ibahasha cyangwa envelope irimo amadollar y’America,kugirango ayahereze umunyagikari ajye gutunganya amafunguro yabakwe,abageni,n’abasangwa.

Imodoka ya Hon.Baricana Eugene

Muri ubwo bukwe nerekwa,Hon.Barikana Eugene,ariwe uhagarariye iyo mihango,maze mbona umuhanuzi mukuru araje atiye Hon.Barikana Eugene imodoka ye,yo mu bwoko bwa LandCruz.

Arayitwara ngo yaragiye kuzana abasangwa bari basigaye inyuma.Nerekwa ko,umuhanuzi mukuru,imodoka ayigongesheje igiti,”gukomanya ubuyobozi”maze hahita haza umwuka w’Inzika y’Inzigo yak era,aza gutabara imodoka ya Hon.Barikana Eugene.

Nerekwa umuhanuzi mukuru ayijyana muri garage,numva ijambo ry’Uwiteka rimbwira riti,mwana w’umuntu,dore muramu wawe,agiye kwamburwa umugati yubikirwe imbehe kubera ko yananiwe gutunganya misiyo yahawe n’umwakagara.Kandi umwuka w’urupfu,urakomanga kurugi rwe,uko niko Uwiteka avuga.

Ikindi ariya madollar wabonye umwakagara yatanze ngo bategure amafunguro yo guha abakwe n’abasangwa,n’umwuka w’urupfu urimo kwitemberera mu muryango wa Hon.Barikana na mushiki we,Mukandirima Murekatete Odette,kuko bagiye guhura n’ikibazo cyo kwamburwa ubugingo n’umwakagara ngo kuko bananiwe gusohoza umugambi mubisha nk’uko yari yabitegetse uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu,dore washyize ahagaragara umugambi w’umwakagara yarafite wo guhitana uwahoze arumufasha wawe,none za magigiri zagize ikibazo cyo gusohoza uwo mugambi kubera ko,wamaze kuwushyira ahagaragara,none bacitse intege bagiye kwiga andi mayeri bahindure inzira z’uburyo bari babiteguye kubikoramo.

Mwana w’umuntu,hanura uvuge uti,yewe mudam wanjye,mbese niki Uwiteka wamuburanye,kugeza ubwo wiyahura mu maboko y’umwakagara?Dore umwuka w’urupfu urakomanga kurugi,kandi niwowe rwifuza.Nukingura rurinjira,ariko reka nkugire inama,dore nakuretse kubera kutizera gucye kwaye,no kuba warushubije amaso inyuma nka muka Loti wahindukiye akareba inyuma agahinduka umunyu kandi yari yabujijwe guhindukira ngo arebe inyuma.

Nawe niko byagenze,uribuka yuko twavuye muri gakondo yabakiranutsi,ar’Uwiteka warutubwiye guhaguruka kandi akatubwira ko,tutazareba inyuma,wibuke ko Uwiteka yabanye natwe mbere yuko abo bose wishingikiriza wifatanya nabo.Niki cyaguteye kutarangiza ubutayu ugahunga urugamba kandi itabaro ryari rirangiye?

Ndi wowe rero nahitamo kwitandukanya n’umwakagara wigishije ubwoko bw’Uwiteka gukiranirwa,ndetse ntiyatinye no kubigisha kunyura mu muriro no kuraguza ibicu,ukwezi,n’izuba,hanyuma ngashaka mu maso h’Uwiteka ngaca bugufi akongera kungirira imbabazi uko niko Uwiteka avuga.

Nongera kujyanwa mu iyerekwa,mbona intwaramuheto,za RDF,zongera gusubizwa muri Congo,bagiye bahitamo ingabo zikomoka mu majyaruguru,Ruhengeri na Gisenyi,babohereza mu buraruko bwa Goma,kugirango bacenegere muri icyo gihigu maze baryamire amajanja kugirango bategereze guhabwa amabwiriza ya nyuma bahite batera igihugu cya Congo.

Nkiri muri iryo yerekwa,mbona za magigiri zongeye gutegura undi mugambi w’inkinamico ya ll ,wo kugirango bahitane uwahoze ari madam w’umuhanuzi Majeshi Leon,kugirango bamugerekeho ubwo bwicanyi bamubuze kwambuka amazi magari,ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugambi wo guhitana uwahoze ari madam wawe,urakomeje kugirango baburizemo urugendo rwawe,nyamara ntabwo bashobora guhagarika umugambi w’Uwiteka Imana kuko Uwiteka n’umunyamaboko kurusha abana bab’Abantu Yeremiya 32:27 Dore nd’Uwiteka ushobora kubyose mbese hariho icyananira?Niko Uwiteka abaza.

Nerekwa ngeze mu nzira za mazamuka,aho najyendaga ndirimba ibihimbano by’umwuka,maze mbona muri iyo nzira harumugabo twari kumwe muri urwo rugendo,mbona tugenda tugera mu nzira dusanga abasore barimo gukina umupira mu muhanda,maze wa musore yifatanya nabo bari barimo gukina,maze jyewe ndihitira ndikomereza bakajya bantera umupira nkawukwepa,bagatera amacenga nayo nkayakwepa babona ko nahunze umupira wabo ndaikomereza niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umugambi wabo wokujijisha uburijwemo nuko ntakinanye umupira nabo,maze bahita bahagarika umupira barimo gukina,batangira kuntera amabuye”Guterana amagambo binyuze mu itangaza makuru”nuko ndabyirengegiza bakajya bantera ayo mabuye ntihagira na rimwe rimfata

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambaza riti,mwana w’umuntu,mbese wa mugabo uri kumugabane w’IBURUYI uheretse kuguhesha umugisha yaba ari he?Ndasubiza nti,ntabwo mbizi,ati ese waba uzi impamvu mutakivugana?Ndasubiza nti oya!Arambwira ati,mwana w’umuntu soma Yesaya 45:3 ndahasoma haravuga ngo:Nzaguha ubutunzi burahantu ho mu mwijima bwihishe ho mu ibanga hihishe kuko nakumenye mu izina.Uwo magigiri yashakaga kumenya telephone zawe,kugirango babone uko baguhakinga. “Hacking and Tracking” niyompamvu yanze kuguhamagaza telephone ye,agahita agura iyindi karita,kuko iyo yari yaguhamagaje mbere uribuka ko yari Private number.

Akimara kubona telephone zawe,yahise yibwira ko,akoze umurimo ukomeye cyane,nyamara nta cyo byamumariye kuko Uwiteka arinze ubugingo bwawe uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa umwuka w’Inzika y’Inzigo yak era,wongera guhaguruka,kugirango bakome mu nkora umuhanuzi kubw’umurimo akora w’Uwiteka Imana,yabakiranutsi,maze nerekwa ba TOBIAS,na ba SANBALLAT  bagira ishyari ryinshi ribaniga mu munigo kubera ibikorwa by’Uwiteka Imana bikomeje gutera imbere.Mbona bongera guhaguruka biminjiramo agafu kugirango bagerageze kureba nib baca igihanga umuhanuzi Majeshi Leon.

Ariko imigambi yabo kumunota wa nyuma uburizwamo n’imbaraga z’Uwiteka Imana.

15th Aug 2015 nerekwa mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu,bakora inama,bemeza gushing society yohereza,kandi ikakira amafaranga nk’uko Western Union cyangwa Money gram uburyo bikora kugirango umwakagara areke gukomeza kubatoteza avuga ko amafaranga bahereza arayo kurwanya leta y’umwakagara uko niko Uwiteka avuze.

Nongera kwerekwa ko,Isi yose igiye kurwanya bikomeye abantu b’Imana,mbona bashyizeho amategeko,avuga ko,buri mu vugabutumwa wese cyangwa umushumba uyoboye idini agomba kuba afite icyangombwa azahabwa n’ubutegetsi kugirango leta zibashe kumenya abitwa ko bakorera Imana,uzaba adafite icyo cya ngombwa nta bwo azemererwa gukora uwo murimo.

Nerekwa Marie Esther Murebwayire uba mu gihugu cy’Ubullande ajijisha ashaka gufata iyo karita itanga uburenganzira bwo gukora umurimo w’Imana,ariko akaba aramayeri ya satani cyangwa anti-Kristo yo gushaka kugenzura abantu b’Imana.No gushaka uburyo bwo kurwanya abagaragu b’Uwiteka Imana.

Nuko mbona Esther abura amahitamo,kuko kurwana uru rugamba kuko bisaba ko,umuntu yitanga akirekura Uwiteka akaba ariwe ukora,byaba atari ibyo,uzafata iyo karita igaragaza ko ar’umukozi w’Imana,azaba yitanze kandi nta bwo Imana izamutabara .Nuko nsubiza Marie esther ko jyewe nta shobora gufata iyo karita kuko yarambajije uko njyewe nzabyifatamo musubiza ko,jyewe nta kibazo mfite kuko nta cyeneye iyo karita kugirango menyekane mu isi yabazima.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka yamaze kugutegurira inzira,kuko yarazi ibyo byose ko bizaba niyompamvu abadafite inzira bateguriwe n’Uwiteka Imana,bagiye kujya ahagaragara uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa hagiye kubaho gusaba no gukwa,umukobwa warugiye gushyingirwa,mbona mama we,nta buryo afite buhagije bwo gukora ubwo bukwe,maze mubwira gusengera ibyo bibazo bye,ariko aranga,ahubwo arandkarira.Nuko mbona igitoki yafarafite arakimpaye ananirwa kugiteka ngo bakirye,ahubwo barakinyihera dagitwara.Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwo abaguhiga barimo guhigwa nawe uzaba urimo wakira umugisha uko niko Uwiteka avuga.Nuko rero Uwiteka amanuwe nuguhora kugirango inkozi zibibi azereke ko aca imanza zitabera atameze nka bana bab’abantu uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa mbona mvuye murugendo ahantu runaka nerekera kuri mwene data umwe kugirango ancumbikire ariko yanga kuncumbikira ngo kuko nyiri nzu,ashobora kumwirukana,nyamara nari hafi y’iwanjye,maze ndikomereza njya iwanjye .Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cya banayabwoba nabanyarukundo rucye igihe cyabo kirageze ngo Uwiteka atandukanye intwari,n’intwarane, n’abanyabwoba,nabanyarukundo rucye,ko,  igihe cyabo kirarangiye. Uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa uwigeze kuba umukuru w’igihugu cya Kenya,MWAI KIBAKI,aza gusura umuryango umwe nanjye nari nagendereye,mbona banyirirugo babuze urufunguzo rwo gufungura umuryango,maze ndahaguruka nkoresha imfunguzo zanjye narimfite zifungura ahantu hose,maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka aguhaye ububasha kubifite umubiri namaraso.

Kandi  igihe kirageze ngo Uwiteka agenderere ubwoko bwe,kuko amanuwe no kureba no kwitegereza ,no kumva ibikrerwa ubwoko bwe,ngo arebe uburyo ubwoko bw’Abakiranutsi bukomeje gutsikamirwa n’inkozi zikibi aho zibagaraguza agate nkaho badafite aho bakomoka.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abakiranutsi Uwiteka arabibutse kuko abatabaye kandi abakuyeho imitwaro yabaremereraga.Mwana w’umuntu,uhawe ubutware bwo gufunga no gufungura imbaraga z’umwijima uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore urusengero rwitwa Evangelical Restoration Church ERC rugoswe n’umudayimoni ukomeye kuko abahasengera bose bafite irari ry’ubutunzi.Kandi nababigisha nabo,nta cyo babigisha kuko usanga bose bameze nkabana bimpinja biga mu kiburamwaka.Ndetse abo bana bagereranywa nabana batarezwe,bafite ukuboko ko gukorakora uko niko Uwiteka avuze.

Dore abari bafite inzara n’inyota yo gukorera Uwiteka muri urwo rusengero,bose baruvuyemo kubera guca imanza zibera,batataniye mu isi,yabazima,aho batagifite ibyiringiro byo gushira inyota bari bafitiye Uwiteka Imana.Mu gihe umuhanuzi mukuru agiye kwigisha abo bana bato,mu by’umwuka,nerekwa haza umudayimoni witwa JEZEBEL,niwe utanga ubutunzi bwose bwo mu isi,ahangana n’umuhanuzi mukuru,birangira umuhanuzi mukuru atabawe akurwa mu maboko y’uwo mugore ubusanzwe yica abahanuzi b’Uwiteka Imana.

Nerekwa ikindi kimenyetso gikomeye cyane kigiye gusohora mbere yuko,umwakagara ava ku ngoma,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore mbere yuko umwakagara akurwa ku ngoma,hagiye kubaho ubuyutse mu gihugu bujyanye n’umwuga w’ubusambanyi.Uwo mwuka uzanywe nabasirikare baturutse mu gihugu cya Uganda bitwa inkotanyi.Hagiye kubaho ubusambanyi bwemewe n’amategeko kandi buzakorwa muburyo bwose uko niko Uwiteka avuze.

Hanyuma yibyo,ibyahanuwe nabahanuzi b’Uwiteka bizaherako bisohozwe icyo kikaba kibaye ikindi kimenyetso cya nyuma kigaragaza ko umwakagara akuwe ku ngoma,kandi Uwiteka Imana akaba yongereye iminsi ku njiji zitigeze zimenya ibyahanuwe,kugirango arebe ko,yarokoramo nibura nabacye uko niko Uwiteka avuze.Ikindi kimenyetso gikomeye kuri babandi basaba ikimeyetso nkabayuda,naho abagiriki bo,bakagenzura ibyanditswe,ni uko umwakagara asubiye mu ntambara yo muri Congo,aho agiye kurwana intambara ikomeye mukarere kibiyaga bigari,uzabona ibyo,azahite akuramo ake karenge kuko bizaba birangiye,kandi dore Uwiteka atanze ho,abagabo,imbere y’isi,n’ijuru niko Uwiteka avuga.

Nongera kujya mu iyerekwa,mbona ujuhanuzi mukuru afite imbingo (7);n’abagaragu (7);mbona bari ku Nyanja maze nerekwa umuhanuzi mukuru yinjira mu mazi kujya koga anyuze kunkike z’inyanja maze asimbukira kumusozi yikubita mu Nyanja atangira kongo,mbona ahagaze kumusozi w’Uwiteka Imana,nerekwa umugaragu umwe yohereza imbingo (6) kuko urwa mbere yari yarujugunye mu Nyanja ashaka kureba aho rugarukira.

Aragenda aroga ararufata ararugarura,ndetse afata na zazindi zifatanishije ikimenyetso cy’umurunga,maze arangije nawe arazifata azisubiza imusozi,zakirwa nawamugaragu wari yaziteye mu mazi,nerekwa yongera kuzakira maze nerekwa umuhanuzi mukuru yoga vuba vuba mbona ageze ku nkombe ziyo Nyanja.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibibazo by’umuhanuzi mukuru birarabgiye dore Uwiteka yamusuye kandi amugiriye neza,none hanura uvuge uti,yewe mwana w’umuntu,ko unaniwe kwiringira Uwiteka Imana,kandi agiye kugukorera ibikomeye nyamara hasigaye igihe gito kugirango wakire umugisha w’Uwiteka Imana uko niko Uwiteka avuze.

15th Aug 2015 THE Rhema word comes from above to the Lord,unto me,and told me,son of man,look forward before you,and you will tell me,what have you see,I left my sight and see beyond my sight and I saw the wors on the bord written in this way with capital «UNEXPECTED»According the research I had made found that,means  DisaffectedDisconnectedFuel-injectedRecollectedSelf-affectedSelf-collectedSelf-elected,UnaffectedUndirectedUnprotectedUnselected thus the Lord says almighty.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar