https://www.youtube.com/watch?v=52clq4Xa1Kw
Iyo baza kubica, ntibaba bariho urubanza,niyompamvu guhora k’Uwiteka kuzaba kubi cyane,kandi kuzaba gukomeye ku buryo bizaba birenze ubwenge bwa muntu.Gutinda k’Uwiteka ntibisobanura ko yakererewe cyangwa yabyibagiwe cyangwa se yabirengagije.