June 26, 2016 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihugu cy’IBABYLON kigiye gucana umubano mu byagisirikare n’igihugu cya America,kuko bari bafite ibihumbi 30,800 none bagiye kwirukana izo ngabo z’America hasigare ibihumbi 10,800 nazo zizasezererwa hanyuma.
Nerekwa izo ngabo zijya gukora imyitozo ya nyuma maze haza ikigo gishinzwe kugenzura ingabo z’amahanga cyitwa Military Network ariko ubusanzwe mu magambo magufi cyitwa (NET) ku buryo butunguranye gisezerera nizo ngabo z’America zari zasigaye ikuba gahu maze ingabo z’America ziratangara cyane iyirukanwa ry’ako kanya ritagendeye kumasezerano bari barasezeranye uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,ibyo bigiye kuba bizaba baigaragaza ikimenyetso cy’imibanire mibi hagati y’ibihugu byombi,kandi bizaba bigaragaza ko inyuma hihishe byinshi bizakurikirwa n’ingaruka zitari nziza kubera politike mpuzamahanga irimo kugenda ihinduka kubera imigamibi y’intambara ya lll y’Isi yose irimo gutegurwa n’ibihugu by’Asia aho birimo gusaba ibihugu bikorana mu by’ubutwererane ko ingabo z’America zikurwa mur’ibyo bihugu uko niko Uwiteka avuga.
Nuko mbaza Umuhanuzi Mukuru nti ese ko usengera uyu munyapolitike kandi Uhoraho yaramaze guhitamo biragenda gute?Aransubiza ati,ntabwo ashaka kuba umukuru w’igihugu,ahubwo arashaka ko ishyaka rye ari we ryahitamo kuko yifuza kuba ingwiza murongo nibura amateka agahinduka bikitwa yuko nawe yiyamamarije kumwanya w’umukuru w’igihugu.
Ndamuhamagara turiherera mubwira ibyo ijambo ry’Uwiteka ryavuze maze mbona yongeye kunezerwa asubizwamo imbaraga cyane arushaho kwizera ijambo ry’Uhoraho kurusha uko yaryizeraga.Ubwo mfata inzira ngaruka kumulimo wa data ngeze mu nzira ndabwirwa ngo «ar’inshuti yawe RENOVAT» aramanjiriwe kuko atakomeje kugendana n’Uhoraho ahubwo yakunze intonorano zikamukura mu masezerano yo kuzaba igikomangoma cy’Uhoraho,none reba arigunze kubera kutumvira Imana niko Uhoraho avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi y’ikibi ishaka guhumanya Umuhanuzi ngo ni uko ibuze uko ihumanya umuntu w’Imana,maze ihitamo guhumanya umuntu w’Imana ariko iyo nkozi y’ikibi isanga ar’ubwoko budahumanywa ishaka kumushyiraho umuvumo ahubwo uwo muvumo uhindukirana we na bantu be n’ubwoko bwe!Maze mbwira iyo nkozi y’ikibi yuko twebwe turi ubwoko budahumanywa bwitwa ndakoreka!
Ni uko yitegereza umutobe wabo asanga utigeze ugirirwa amahirwe yo gushya ngo utunganywe maze atangazwa cyane nabyo ahitamo guhamagara Umuhanuzi ngo amubaze y’impamvu y’ibyo bintu byabaye kandi bdasanzwe bibaho.Umuhanuzi amusubiza yuko byabaye kuko biyambitse ibishura byera kandi birabura akaba ariyo mpamvu umutobe w’uruzabibu wanze gushya!Ubwo za nkozi z’ikibi ziba zibonye ko zifashwe zihitamo kwigerendera zisiga ibyazo byose zari zitwaje zibona ko zatahuwe zihungira muburasira zuba bw’Igikombe cy’Ishyamba ry’Ubutayu burebure kuko zari ziturutse mu butayu bugufiya niko Uhoraho agize!
Ubwo zimaze kugenda mbona Umuhanuzi afashe wa mutobe wuruzabibu bari baritse ukanga gushya yongera kuwarika maze mu minota micye cyane mbona uwo mutobe urahiye uhinduka vino nziza inezeza ubugingo bw’umuntu,ubwo Umuhanuzi Mukuru n’Umulinzi Mukuru bahabwa agatebe baricara bafata kumusa baranezerwa bashima Uhoraho yuko ntawumukorera ngo arangize yikorere amaboko uko niko Uhoraho avuga.
Mbona izo nkozi z’ikibi zinanirwa guturiza muri cya gikombe cyo munsi ya gakondo ya bakiranutsi,maze zihitamo kugaruka muri bwa butayu bugufiya kugirango zize zikore ibishoboka byose zikingure amarembo y’ubutayu yanyujijwemo Umuhanuzi maze zibone uko zamusubiza mu butayu ariko mbona ya marembo yanze gufunguka maze zihitamo gutambika wa musozi w’ubatseho rya shulu ryigisha abatutsi kubaha Uhoraho no kubamenyesha yuko ashobora byose mbona zatambitse uwo musozi zirawuzamuka ariko mbona Umuhanuzi asigara inyuma zitangira kumwereka aho zerekeje maze zimusaba ko yaba ariho azisanga.
Umwe murizo yari afite igipfunyika cy’umwuka w’Inzika y’Inzigo yakera y’abatutsi,mbona niwe urimo kunyereka aho ndibubasange kuko Umuhanuzi adapfa kugenda atabajije Uhoraho ikantarange uko bimeze kugirango yizere umutekano we,no kumenya impamvu yurwo rugendo rw’ikuba gahu,nuko amaze kubuhura yisubirira muruzabibu rw’Uhoraho gukorera uruzabibu kugirango ruzabashe kwera imbuto zishishe kandi nziza zishimishije.
Save