Inzira z’Ubutayu umuhanuzi Majeshi Leon yacishijwemo ahunga za magigiri z’umwakagara mu gihugu cya Kenya,aha nahitwa Kibiko segiteri yo mukarere ka hitwa NGONG,mu ntara ya KAJIADO.
Ubu butayu nibugari cyane niho aba Masai baragira inka zabo.

Aha navaga mu nzu yamasengesho nkajya kwirirwana nabamasai aho baragiye inka zabo nanjye ndikwinginga Uwiteka ngo angirire neza.
Ubwo Pastor yahisemo kudusezerera aduha ibihumbi (4000) by’amashillingi kugirango tujye kugwa ahandi hatari mu maso ye!
Ukomeje ubwo butayu ugera ahashinzwe ibyuma bya meteo bishinzwe ubumenyi bw’ikirere aho noharuguru y’agatown ka Ngong kari hasi yibi byuma bya meteo.
Twari aba Pastor bagera ku (9) maze barwanira kwirukana umudayimoni waruri mu mokobwa twari dusengana ariko bose uko ari (9);bananirwa kumwirukana impamvu nuko nta mpano bari bwabone ibemerera cyangwa ibaha ububasha bwo kwiruna umudayimoni.
Aha nahakuye imbaraga zidasanzwe niho nirukaniye umudayimoni wo mu bwoko bwitwa ABAKAMBA bumwe mu moko agize icyo gihugu uwo mudayimoni yitwa cholo cholo. ahangaha nimurugo rw’uyu mucyecuru nuko inzu itagaragara kuko tutayshyize mu mafoto kuko iri hasi cyane hamanuka ariko ifatanye nubutayu kuko ubusanzwe icyo gihugu ubwacyo kigizwe nubutayu gusa gusa.
Uyu numuhanda uturuka NGONG-KAJIADO WEREKEZA KIBIKO.
Ntushobora kwirukana umudayimo ukurusha imbaraga ndetse utaranyuze mu ishuli ryo mu butayu kugirango ube ukozi w’Imana wuzuye bigusaba ko ucishwa mu butayu kugirango utunganywe ukurwemo inkamba zigushiremo.
Ubutayu igice cya (ll) buri munsi y’agacentre ka Ngong.
Agacentre ka Ngong ni gato cyane,ariko kabamo ubucuruzi busanzwe kandi bukomeye habonekamo na Super Market yitwa Naivas,ako gacentre karangwamo abamasai benshi cyane kuko iyo ntara isa niri kumuhero wigihugu aho kijya guhurira n’igihugu cya Tanzania.Aha hakaba haragirwa inka zabaturage ariko iki kibaya cyikaba ari icya leta.
Ubutayu igice cya lV naho icya lll turacyagitunganya.
Aha hitwa UPPER HILL,niho natandukaniye na madamu bagiye kutwica tuvuye ahitwa KAWANGWARE maze buri muntu akizwa namaguru jyewe ndagenda nihisha mu murwa w’ISHUSHAN bigeze kumugoroba ninjira muri ibi bihuru kandi icyo gihe bahiga Al-shabbab cyane kuburyo aha mubona muri iki gihuru Imana yambwiye ninjoro ngo sinongere kuharara ngo ubusanzwe haba abajuru kandi ntahandi yari yampaye ho kurara.
Ntawayikoreye wikoreye amaboko.
Icyo gihuru ushobora kureba neza ku inyange TV ubasha kuhabona Video yaho meza irasobanutse neza ku buryo nta kibazo kirimo kidasobanutse witegereze neza urahabona ibisobanuro byose ku buryo uri busobanukirwe