Imbaraga zikora ibitangaza ntabwo zipfa kuza,zifite aho zikomoka,utajyanywe mu butayu bugufiya ntabwo wakoreshwa ibitangaza bikomeye.Ndashima Umwakagara wambereye Mwalimu w’ubutayu kugeza mburangije kugeza nubu akaba akomeje guhiga ubugingo ari nako mu mwuka ndushaho kuzamurwa mu ntera.Mu minsi ya vuba tuzabagezaho gitangaza Imana yakoze,kimeze nk’icy’Umwami Yesu yakoze,yakijije umugore wagiye imugongo imyaka [12] none nanjye yakoresheje igitangaza umukobwa wagiye imugongo imyaka [16] atarakira none nkoze ibirenze ibyo yakoze!





