HomeNewsUbuhanuzi IBABYLON,bubageze habi!

Ubuhanuzi IBABYLON,bubageze habi!

Ubuhanuzi busohoye bwo mu gihugu cy’IBABYLON umurwa mukuru w’ISHUSHAN(Nairobi) amakuru atangajwe noneha mukanya nigitangaza makuru cya CITIZEN TV,amakuru avuze yuko ngo uwo murwa mukuru ntukirangwamo nigitonyanga cya mazi,kubera amapfa yateye bigatuma imvura ibura mu gihugu cyose.

Muburengera bw’igihugu cy’IBABYLON,mu gace ka PORKOT,SAMBURU,nibindi bice bitanduknye amatungo arimo gupfa ubutitsa,umwaka ushize wa 2016,mu ugushyingo,hapfuye inka zigera ibihumbi 5000 mukwezi kumwe gusa.Inzara imeze nabi cyane mu ntara zigera kuri [7] zose zidafite ibifungurwa.

Ubuhanuzi buvuga ko,mu murwa mukuru w’ISHUSHAN,hazabura amazi kugera naho murugo rw’umukuru w’igihugu,bazabura amazi maze Uhuru Kenyatta nawe akazaba umwe mubazajya gushaka amazi bakoresheje imodoka zabigenewe.Igihugu cyose kilimo amapfa akomeye nk’uko ijambo ry’Uwiteka ryahanuwe n’ubuhanuzi mu mwaka wa 2013 mukwezi kwa gashyantare havuga ko,umunyaKenya azifuza gupfa kuruta kubaho (Yeremiah 8:3)

Ibyo birimo kuba mu gihe igihugu haritegurwa amatora y’umukuru w’igihugu hamwe na bandi biyamamariza imyanya itandukanye.Ariko inzara ishobora kuzatuma abaturage badatora mu matora kubera ikibazo cy’inzara ikomeye cyane ikomeje kubazengereza.

Ubuhanuzi buvuga ko,ni nyamaswa zizemera yuko Uwiteka ari we Mana kandi ko,yaremye Ijuru n’Isi,kandi ko byose ari we ubugenga.Ibintu rero bikomeje kuba bibi cyane mur’icyo gihugu kugeza ubwo ministiri wa mazi witwa EUGENE WAMARWA asabye mukanya mu makuru ya saa 9:00hrs ko abanyamadini bakwiye kwishyira hamwe bagasengera igihugu cya Kenya.

Abantu basuzuguye Imana,bagera naho bavuga ngo,bazajya bubaha Malaika wa Satani ugaragara,aho kugirango biringire Malaika w’Imana utagaragaara.Ngaho rero Satani birngiye namanure amazi cyangwa imvura ivuye mu Ijuru maze bimenyekane yuko ari we Mana.Igihe kirageze ngo Uwiteka yigaragaraze ko ari we Mana.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments