Yatangaje kandi ko igihugu gishyizwe mu bihe bikomeye by’umutekano wo k’urugero rwa gatatu kubw’ibyo byago.
Hagat’aho, haracari kudahuza kubitigiri vy’abahasize ubuzima. Bamwe bavuga ko ibiziga 400 aribyo bimaze gutorwa mu gihe abandi bavuga ko bishobora kurenga ibyo. Abdulai Bayraytay, avugira perezida Koroma, yabwiye Ijwi ry’Amerika ko ibiziga 297 aribyo bimaze gutorwa gushyik’ubu.
