Kuva Uwiteka Imana yarema isi cyangwa umwana w’umuntu,satani sekibi yatangiye kurwanya umuntu,amushyiramo umutima wo kutumvira Uhoraho kugirango adasohoza umugambi Uwiteka yaramufiteho.Ni mur’urwo rwego abagora batubaha Imana bakomeje kurwanya Uwiteka Imana bafatanije na sekibi nk’uko nubundi mwitangira ryo gukora icyaha bafatanije bagahindura umugambi w’Uhoraho bashaka kwerekana yuko nabo bashobora kurema nk’uko Uwiteka yaremye abantu.
Nubwo umugabo yabaye umunyantegenke,akaba yaragombaga kugira ubutwari agasaba imbabazi zicyaha umugore we yaramaze guteza cyo kutumvira Uhoraho,ariko nyirabayazana n’umugore ndetse nawe wananiwe gusaba imbabazi nyuma yuko ubwiza bw’Uhoraho bwahise bubavaho.
Umuntu iyo amaze gukora icyaha nta butwari aba asgaranye bwo kwihana usibye mur’iki gihe habonetse Ubuntu butangwa n’imbabazi za Kristo Mwami Yesu zitar’iz’Uwiteka Imana kuko icyo gihe ntazabagaho ahubwo habagaho amategeko kandi umurimo wa mategeko nuguhana abanze kuyumvira.
Sekibi nta bwo yigeze aruhuka ahubwo yahise yinjira mu bagabo abashyiramo umwuka w’ubutinganyi kwendana kandi iyo murimo yaragenewe abagore.Ibyo yabonye bidahagije ajya mu bagore abumvisha ko abagabo babasuzugura cyangwa se bakaba baranabuze abigisha ko bakwiye gukoresha artificial ibyo yabibigishije amaze kubakorera ibyo bitsina bya plastic.
Ibyo ya bonye ko bidahagije noneho yabumvishije ko no kwihagarika bicaye byaba aragasuzuguro ahitamo kubakorera ibitsina gabo bya plastic bazajya bicomekaho maze bakazajya bihagarika bahagaze nkabagabo maze ndebe icyo abagabo bazongera kubakangisha kuko niba arukwihagarika bahagaze nabo bazajya babikora ibindi bisanzwe byose babihuriyeho.
Nyamara isi igaragara ko yarangiye cyera nubwo abantu badashaka kubyemera kuko ubu ikitwezwe ngo nuko harimo gukorwa ubushakashatsi buzajya bwemerera abagabo nabo kuzajya batwita bakibyarira abana babo kuko ngo bizatangira baterwa intanga kugirango babanze kunoza uwo mugambi wabo hanyuma bazabone kuzajya barongorwa nakabagore ngaho muzaba mu mbwira dore aho nibereye!





