HomeNewsSARAH ntiyavuye ikuzimu kubera gukizwa,ahubwo ari murimo wa Satani!

SARAH ntiyavuye ikuzimu kubera gukizwa,ahubwo ari murimo wa Satani!

July 17th ,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi w’Uwiteka Satani n’abadayimoni,bakoze “deployment” bohereje abantu biyita ko arabakozi b’Uwiteka ndetse muri bo harabagenda bavuga ko,bajyaga ikuzimu,ngo none bakaba barahisemo gukizwa nyuma yoguhura n’imbaraga z’agakiza.

Nyamara ubwire ubwoko bwanjye yuko,nta muntu wavuye ikuzimu ujya akizwa,ahubwo icyakozwe ni uko,boherezwa n’umwanzi bakaza bagatanga ubuhamya,maze abakiri abana mugakiza,nabapastori batahamagawe ndetse batagira guhishukirwa bagahita babafata bakabashyira mu madini yabo ngo bajye batanga ubuhamya bw’uko bavuye ikuzimu.

Ariko ntibamenya yuko,abo bavuga ko bavuye ikuzimu babazanywe no kugenzura imikorere yabakiristu, no kumenya amabanga yabo kugirango bajye babona uko babarwanya uko niko Uwiteka avuga.

Muri abo bantu bavuga ko bagiye ikuzmu hanyuma bagahitamo gukizwa,harimo umukobwa witwa SARAH wamamaye cyane mugutanga ubuhamya nyamara uwo n’umukozi wa satani ukomeye amaze kwica abantu batagira umubare uko niko Uwiteka avuga.

Hari benshi cyane boherejwe kuza kuburizamo amasezerano yabakiranutsi,boherejwe mu madini anyuranye,kuko Uwiteka akiranuka dore asohoje amasezerano yose yasezeranije abakiranutsi. Ariko ayo masezerano azasohora akurikije gukiranuka kwa buri muntu.

Uwabibye uburangare,azasarura uburangare,uwabibye integenke,azasarura integenke,uwabibye gukiranuka azasarura gukiranuka!Kandi azagororerwa.Uwabibye urukundo ruke,nirwo azasarura uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza ku nzaho cyane,maze rirambwira riti,dore abarozi bose boherejwe mu gikombe cy’ubutayu bw’abanyabyaha kugirango basarure ibyo babibye ,dore bahuye n’imbaraga zidasanzwe kuko igihe cy’abakiranutsi gisohoye uko niko Uwiteka avuga.

Ni uko nkiri mu iyerekwa,mbona umudayimoni w’umusore atumwa kuza kubahanuzi,kugirango abateze umwuka w’ibitotsi,mbona araje ariyoberanya imbere y’umuhanuzi mukuru,aza amushimagiza ko ar’umukozi w’Imana abantu bose bubaha,maze mbona afashe agashinge gato cyane akamuteye mugituza.

Wa mudayimoni w’umusore ategereza ko umuhanuzi mukuru asinzira,arabibura ako kanya ahita agwa imbere n’igihunga cyinshi n’ubwoba bwinshi imbaraga ze zose yari yazanye zihita zirarangira uko niko Uwiteka avuga.

BangiNerekwa abaririmbyi baririmbira mu madini indirimbo z’Imana ,nerekwa ko abenshi bakoreshwa n’imbaraga z’ikuzimu kuko mbere yo kuririmba babanzaga gufata ku cyitsi cy’ingona”URUMOGI”.

Maze bamaze gufata ku kabamfasha,nerekwa bajya imbere kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana.Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo ubonye birakomeye abaririmbyi benshi binywera akamogi kugirango kabafashe kuririmba badafite isoni.

Numva ijwi ry’Uwiteka rivugana nanjye,rimbwira riti,mwana w’umuntu,dore iminsi izaza Uwiteka aravuze ngo,ubwire Nyir’uRwanda ko ubwo azaba ageze ku ngoma,azagororere abarwanye ku bwami bw’uRwanda ndetse bakagezaho naho babuzira uko niko Uwiteka avuga.

Dore harabasaza bafashije Umwami Mutara lll Rudahigwa,abo basaza abakiriho ni bacye cyane,kubera iyo mpamvu Umwami Nyir’Urwanda ubwo Uwiteka azamusubiza ku ngoma,azabibuke abashimire ubwitange bagize ku bwo gukunda no kwitangira ubwami bw’uRwanda uko niko avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore Uwiteka agiye gusenya umuyoboro w’ubutinganyi mu isi yabazima.Kuko bamaze kwangiza ibiremwa by’Uwiteka azasenya izo mbaraga z’umwijima zikorera mu isi yose kandi zikaba zimaze guhabwa intebe mu isi yabazima uko niko Uwiteka Imana ayabakiranutsi avuga.

Umuhanuzi yahawe ifunguro ry’ibitutsi rya saa sita.

LeonIjambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka aravuze ngo,haguruka ujye mu murwa mukuru w’IBABULONI witwa SHUSHANI,maze ujye gukora umurimo w’Uwiteka.Ariko urahura nikigeragezo cy’umwuka w’inzika ariko Uwiteka ari kumwe nawe ntugire ubwoba ndetse ntutinye kuko Uwiteka akurinze nk’uko yakurinze igihe wari mu bugande.

Nuko ndahaguruka ndagenda,ngeze mu murwa mukuru w’ISHUSHANI,nahise mpura na madam Mukandirima Murekatete Odette maze ako kanya atangira gutukana ibitutsi by’abashumba cyangwa by’umuntu ufite abadayimoni.

Imvange y’ibitutsi,n’umwuka

wabadayimoni Mukandirima” Odette”.

2Aratangira ati,Dore karabyibushye!,Dore kararongoye!Dore uko gasa!Ubwo ngo nako nagapastor,yantutse ibitutsi byasigaye k’Umwami yesu byose arabirangiza ubwo yararimo kwitegura guhamagara za ntasi bakorana nazo kugirango bance igihanga.

Nanjye nahise mpamagara abashinzwe umutekano ahita ariruka arahunga maze Uwiteka arambwira ati,nagirango nk’umare ubwoba we gutinya umwana w’umuntu kuko nd’Uwiteka Imana yawe kandi akaba arijye wica ndatse ngakiza uko niko Uwiteka avuga.

Dore numero za telephone akoresha muri ibyo bikorwa byose by’ubugizi bwa nabi,ariko se umuntu ukijijwe witwa ko akorera Imana aratukana?Nyamara ibintu muri iyi minsi birakomeye kuko Uwiteka arimo kuyungurura umuntu w’Imana aha intambara ze zose Uwiteka akamurwanirira .Ariko iyo utangiye kwirwanirira birumvikana ko uba utandukanye n’Uwiteka Imana yabakiranutsi.

Odette Murekatete Mukandirima:

Tel :+254705016375,+254731062783

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments