Home News Rwanda: Ubuzima Buhenze Abatuye i Kigali.Ubuhanuzi we!!!

Rwanda: Ubuzima Buhenze Abatuye i Kigali.Ubuhanuzi we!!!

0

Ubuzima bukabije guhenda mu mujyi wa Kigali ku buryo kubona amafunguro bigoye. Ibi bivugwa na bamwe mu batuye mu mujyi wa Kigali n’abawugenderera baganiriye n’Ijwi rya Amerika.

Kubera iyo mpamvu, ubu hari abiyemeje gutekera amafunguro iwabo bakayatembereza rwihishwa bayagurisha kuri make muri Kigali.

Ibi ni mu gihe icyegeranyo cya vuba cy’ikigo mpuzamahanga cy’ubukungu “World Economic Forum” gishyira Kigali mu mijyi 6 kw’isi iteye imbere kandi abayituye bamerewe neza.

Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika  Eric Bagiruwubusa uri i Kigali mu Rwanda ni we utugezaho uko byifashe.Ubukene ku batuye muri Kigali

 

 

 

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar