HomeNewsPastor Ndikumana Chris,apfana iki no gusinziriza,yita kanguka?!

Pastor Ndikumana Chris,apfana iki no gusinziriza,yita kanguka?!

Ntabwo ubwoko bw’Imana busenga buvuga amagambo bushaka kuko musaba nabi ntimuhabwe,ariko umwuka wera adusbaira atwingingira iminiho itavugwa ,kuko azi ibyo dukeneye kandi akaba ari we mufasha twahawe ho n’Umwami wabakiranutsi (YOHANA 14:13, 15:16) naho ibyo Pastor Chris Ndahimana avuga,nubuhashyi yishakira ubuhashyi!

Abamalaika bashinzwe kutuzanira ubutumwa buturutse ku Mana,iyo abarozi bamuhagaritse kubera kudasenga,ntabwo imigisha ishobora kutugeraho.Ariko Twebwe kuko twakozwe mu muriro,iyo dusenze abadayimoni barahunga,ariko ntabwo Malaika udashinzwe intambara yakwirukana abadayimoni kandi atari wo mulimo we.Daniel (10:13)

Uwiteka avugana na bantu be binyuze mu nzozi,ntabwo amagambo uvuga yo kwatura bidaturutse ku Mana,ngo bigire icyo bitanga.Ntabwo bishobora guhindura ubuzima bwawe naho wahera mugitondo ukamara umwaka uvuga ibyifuzo byawe,ariko utubaha Imana,nta cyo byatanga kuko Uhoraho atajya yumva gusenga kw’inkozi z’ibibi.

Abanebwe badasoma ijambo ry’Imana,muzisanga mu muriro kubera ubunebwe no gukunda ubuzima bworoshye,kandi gusenga bishingiye kuguhishukirwa,cyangwa kwerekwa hamwe ni nzozi(YOBU33:14-18) ariko niba mushaka kwigwiriza abigisha b’ibinyoma,ntawababuza mwakwikomereza nta kibazo nicyo nongeragaho.Imana niyo igea ubuzima bwawe.

 

Save

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments