HomeNewsPaPa arashaka ko bibiliya ntagatifu yahindurwa hagakurwamo amagambo yita ko ari terabwoba...

PaPa arashaka ko bibiliya ntagatifu yahindurwa hagakurwamo amagambo yita ko ari terabwoba ry’umuriro utazima!!!

PaPa Francis yaraye akandagije ikirenge cye,mu gihugu cya Kenya,yakiriwe na perezida wicyo gihugu Uhuru Muigai Kenyatta hamwe na Madame we Magret Kenyatta.Amakuru aravuga yuko azahamara iminsi (2);biteganijwe ko ejo ku gatanu Francis azahura nurubyiruko muri stade ya KASARANI akazaganira nabo.

Nyuma yiyo mihango birashoboka yuko kuri uwo mugoroba amaze kuvugana n’urubyiruko azahita yerekeza mu gihugu cya baturanyi cya Uganda mu murwa mukuru wa Kampala biteguye kuza kwe nyuma yo gusubika urwo rugendo inshuro zirenze (2);ariko noneho akaba yashoboye kubyubahiriza.

Birashoboka yuko azava muri Uganda yisubirira IVATICAN,umwaka ushize ubwo Francis yavugaga yuko n’inyamaswa zizajya mu ijuru,ntiyatinye no kuvuga yuko bibiliya bizera bagiye kuyinduramo amagambo amwe na mwe yitera bwoba rigaragara muri icyo gitabo cy’abizera.Aho ngaho bikaba bisobanutse yuko ihene zikwiye kuva mu ntama.

PaPa francis yavuze yuko yifuza kureka umurimo w’ubushumba akarongora kandi ko ubuzima asigaje kw’isi azabumara yitemberera hamwe na madamu we,akaba akomeje gushyigikira yuko abapadiri barongora ariko akaba atabivugira ahagaragara ahubwo abivugira murwongorerano kandi akaba ahamya ko nta pregatore ibaho ndetse akanavuga ko Imana ari urukundo nta muntu numwe uzarimbuka.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments