14th Jan,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso y’abana bab’abantu,nerekwa mbona ibihugu bihuriye mu muryango w’Africa y’uburasira zuba The east African Community EAC,ko uwo muryango utazagera kunshingano zao kuko umwakagara agiye gukurwa ku ngoma kandi igihugu cya Tanzania kikaba cyarakunze gushinja urwagasabo guteza umutekano mucye mukarere.
Mbona amatora yo murwagasabo yari yimirijwe imbere muri 2017 asa naho aburiyemo,ariko mbona amatora ya Tanzania niyo akomeje,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu bihe bigiye kuza imigambi ya EAC igiye kuburizwamo kuko itazagera kunshingano zayo umwakagara akiri ku ngoma uko niko Uhoraho ategetse.
15th Jan,2016 nongera kujyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika ya cyera hagati y’ubwami bw’uRwanda na republika y’umwakagara itemewe n’amategeko.Mbona ko leta y’umwakagara yohereje intasi yo kujya guhumanya nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.
None dore umwakagara yohereje intasi kujya kumuca igihanga kandi dore akoresheje uwo mu masano kuko yemerewe guhabwa ibyikirenga nimba aramutse akoze ibitangaza.Nuko mbona Nyir’uRwanda yirambitse atazi yuko inkozi y’ikibi imugenza nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Nyir’uRwanda bagiye kumuca igihanga kuko umwakagara yamaze kumenya yuko leta y’America igiye gusubiza Nyir’uRwanda ku ngoma.
Kandi ayo makuru yayahawe nabanyamerica yahaye akazi ko gutata imigambi mibi leta yabo izajya imuteguraho bityo nawe akamenya uko abyifatamo.None yabwiwe nizo ntasi yuko hafashwe icyemezo cyo kumukura ku ngoma bakamusimbuza Ndahindurwa wahoze ar’Umwami wa gakondo yabakiranutsi uko niko Uhoraho avuze.
None byuka wihute cyane wandike ubunbutumwa kuko nyir’uRwanda ubu bigoye kumubona kuri za telephone uko niko Uwiteka agize.Ariko niwandika abari buze gusoma baribuze kumugezaho amakuru uko niko Uhoraho avuga.Nuko ndibambura nditunganya mfata ikinyabiziga kijya IBABYLON ndagenda ndandika vuba vuba kuko burya habaho ubutumwa bwihuta nk’umurabyo,hakabaho nubugenda gahoro nk’Akanyamastyo(Toto’s)
Yewe Nyir’uRwanda umubyeyi w’uRwanda,bamaso cyane kuko hasigaye igihe gito ugasubira ku ngoma wahoranye ukazongera kwicara ku ntebe ya bukunzi nk’uko Uhoraho yabitegetse,dore inkozi zibibi zigize inkubaganyi ku ngufu zije zri wowe zishaka dore iki cyumweru bakoze inama bemeza ko bazahoreza umuntu uzaza mu izina ry’ubwami ko ashyigikiye itahuka ryawe nyamara dore azaba azanywe no ku kugenza nyamara ibyo Uwiteka yavuze ndetse akanabitegeka nta bwo imigambi ye ijya iburizwamo n’abana bab;abantu uko niko Uhoraho agize.
Nuko nitegereje mbona bidasa cyane nuko menya yuko iyo mpawe ari ya Malaika mulinzi ndayifata ndayimuha.Nuko ndamubwira ngo,uku niko Uhoraho avuze.Fata iyi nkota izakubere ibyiringiro(Ijambo ry’Uhoraho) uko bizagend akose Umwami arikumwe nawe kandi azakugirira neza kuko yakugambiriyeho ibikomeye nubwo wagenze nkabisi uko bagenda ariko imbabazi ze ntizizabura ku kubaho uko niko Uhoraho avuze.
Aimado Yahutuye umugabo we,aba umututsi,ahindura umuhanuzi Majeshi Leon kuba umuhutu kugirango ahabwe umurimo w’ubutasi acishe igihanga tonton Leon
Nukondabwirwa ngo bamaze kwinjira muri FPR bahise bahagarika gusenya iyo nzu maze umudamu ahita yinjira mu nzego z’ubutasi atangira gukorana nazo kugirango arengere iyo nzu yabo.Ndabwirwa ngo,dore uwo mudamu yaraguhize birananairana ninayo mpamvu za magigiri zabwiye uwo mugore Aimado kuburira umudamu wawe ko wowe utavuye Tanzania ko urumuhutu w’IGITARAMA kugirango umugore ahite aguta mu butayu usibye ko madamu wawe icyo kinyoma atigeze acyemera gusa we yananiwe kwiringira Uwiteka yita ku cyubahiro cy’abana bab’abantu bituma aguta mu butayu arigendera.
Ndabwirwa ngo,dore Aimado inzira zose yakoresheje ngo akugiirire nabo zose uwiteka yaziburijemo. None dore uyu mwaka w’ubutabera Uhoraho yubuye idossier yawe nawekugirango abacire imanza zitabera.Nuko nshima Uhoraho kuko ari we mucamanza utabera kandi ko ajya aburizamo imigambi yababisha n’incakura ahubwo akaba umucamanza uko niko Uhoraho avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira ubwoko bwanjye ububwire uti,uyu mwaka n’umwaka w’ubutabera kandi ubaye umwaka wa (3) kuva imanza z’Uhoraho zatangira babwire babe maso kuko igihe cy’imanza z’uhoraho cyatangiye uko niko Uhoraho avuga.
Nuko ndangije kwandika ibyo ntegetswe kwandika,mpita ndangiza igice cya (23) cy’ubuhanuzi bw’Uhoraho nshima ijambo ry’Uhoraho yuko rikomeje kuba rizima kandi ko rifite imbaraga gukomeza abaryiringira kandi ko abaryubaha batazabura kugubwa neza uko niko Uhoraho agize.