Home News NYIR’URWANDA AGIYE GUTUMIZWA MU NAMA, YO GUHABWA INTEBE YABUKUNZI.

NYIR’URWANDA AGIYE GUTUMIZWA MU NAMA, YO GUHABWA INTEBE YABUKUNZI.

0

08th Aug 2015 Njyanwa mu iyerekwa,mbona Nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,yatumiwe mu nama mu gihugu kimwe cy’Africa y’uburasira zuba.Yari yaje guhura nabari bamutumiye mu nama kugirango bamusabe kwitegura gusubira ku ngoma yahoranye mbere yuko yirukanwa n’abazungu.

Iyo nama nta bwo yabaye rwihishwa ahubwo yabaye kumugaragaro,maze nerekwa abanyarwanda bo mu bwoko bw’abahutu bemera repubulika y’ikinyoma,ikaba yaragiyeho  ku buryo bunyuranije n’amategeko.

Mbona bafashwe n’imbeho yaturutse muburasira zuba bw’Africa,mbona barihebye,ku buryo bahise barwara ako kanya ,indwara idashobora kuba yasobanukirwa abagaga.Mbona bafashwe n’indi ndwara yitwa IPFUNYWE,maze barababaraaaaaaaaaaa cyaneeeeeeeeee wagirango bapfushije,cyangwa habaye genocide yo kumara abahutu bonyine.

ABAHUTU BABAZWA NUKO NYIR’URWANDA AHAWE INTEBE YABUKUNZI.

Nerekwa abasirikare babanyarwanda ariko bab’Abahutu,babara cyaneeeeeeee,numva umwe avuga,ngo,ubu tugiye kujya tujyana amaturo ibwami,undi aramusubiza,ati,ko twajyaga twifuza kujyana kwa kagame ntitubibone?Uwazana ngo ahubwo azatwemerere kuzajya tuyajyana nibura tubone byibura Umwami kuko perezida ajyaho akarinda avaho nta muturage umuciye iryera.

Ni uko numva uwo musirikare aravuze ngo:Jyewe sinzamurinda,maze numva undi aramushubije ngo:Ugize amahirwe wajya kumurinda nibura akakumenya har’igihe wahavana umugisha.

Ni uko nabonaga Nyir’uRwanda,alinzwe kuburyo bukomeye,ariko icya ntangaje ni uko,umuhanuzi mukuru,nawe yari muri iyo nama.Kandi yari mubarinze umutekano wa Nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.Nerekwa inkozi zibibi,inkubaganyi,n’abanyarugomo,n’inshoberamahanga bose basizoye ngo kubera ko,nyir’uRwanda ashubijwe ku ngoma intebe yabukunzi.

Mbona bafashwe n’ikimwaro n’ubwoba bwinshi,buvanze n’igihu cy’uburwayi bw’IPFUNYWE bamwe bahise barwara umutima ngo kubera ko,nyir’uRwanda asubiye ku ntebe yabukunzi.Nerejwa bamwe batangiye kwicuza ibyo bakoze ngo bari bazi yuko ubwami bwajyanye n’Umwami w’uRwanda kuko batizeraga ko azasubira ku ngoma.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rizaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibyahanuwe nabagaragu banjye ndabizohoje,kandi isi yose izamenya ko,nd”Uwiteka Imana ica imanza zitabera,kandi ko,nd’Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ahari ubutayu hahindutse ikidendezi,ndetse mbona abantu bajya gushaka umugisha mubutayu.Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore buriya butayu busobanura ubwoko bwanjye ubutayu bwanyujijwemo iyi myaka yoase,nanjye nzagarura ubwoko bwanjye bwaheza mu mahanga bwabaye intabwa nzongera mbugarure muri gakondo yabakiranutsi.

Nzabwuhira amazi meza apfutse,nzabumara inyota,nzabuguyaguya,nzaburagira ahari ubwatsi butoshye,ababuze urubyaro,nibagera muri gakondo bazabyara,ababuze umunezero nibagera muri gakondo bazabona ibyishimo niko Uwiteka avuga.Dore ubwoko bwanjye bwabaye insuzugurwa ariko nzabusubiza icyubahiro bwahoranye kandi amahanga yose nzayashyiramo umutima wo kubwuha no kubukunda ndetse bazabukorera niko Uwiteka avuga.

UWITEKA AGAYA IGIHUGU CYA KENYA.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihugu cya Kenya,kiranduye cyane,kuko cyandujwe n’inkozi zibibi,ndetse abashumba bose biyita ko bankorera bose baranduye nabanyamwanda kuko batagira isuku.Umurimo wanjye bawuhinduye ubucuruzi.

Icyo gihugu buri muntu akoresha imbaraga z’umwijima,abarimo bo muri icyo gihugu bakoresha amarozi,icyo gihugu cyuzuye umwuka w’ubusambo,imihanda yose yuzuye amarozi imihanda yarahumanye niko Uwiteka avuga.Mwana w’umuntu,dore mfitanye urubanza nabaturage bicyo gihugu batakimenya ko hariho Uwiteka Imana yabaremye batwawe no gukunda amashillingi,nta rukundo bagirirana bo ubwabo,iyo bigeze kubashyitsi bajya muri icyo gihugu babamerera nabo iyo babaciye urwaho ndetse bamwe baranabica ngurwo urubanza mfitanye nicyo gihugu uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara atanze candidature yo gufata umwanya w’urupfu,ababishinzwe nabo bahise bemera iyo candidature ye,bamufatira umwanya kuko imyanya yari yashize hasigaye umwanya umwe gusa.Uko niko Uwiteka avuga.

INGARUKA ZOGUSENGANA KWIZERA.

Ahagana mu masaha ya nimunsi,nerekwa urumuri rujya gusa n’izuba,rwaka cyane kurusha izuba ryegereye umuntu cyane,mbona ariko kandi urwo rumuri rukaba rufite izindi mbaraga zidasanzwe zirimo ikintu kimeze nk’urukundo rwarukuruzi.Nerekwa urwo rumuri ruturuka iburyo bwanjye ruturutse iburasira zuba maze ngirango ndi maso mu gihe nshatse kureba hirya gato kuko urwo rumuri rwari rwangose mu maso nsanga narindi mu iyerekwa,menya ko,Uwiteka yari yangedereye.

INGARUKA Z’AMASENGESHO YATEGETSWE N’UWITEKA IMANA.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu izo n’ingaruka nziza za masengesho mwasenze y’iminsi (3) bityo bwira beneso ko,Uwiteka yakoze ibikomeye cyane akabakiza imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bw’abarozi dore bohereje inyoni zo mu bwoko bw’Agacurama ariko ubundi n’umudayimoni zije kurunguruka kugirango zisige zibateyemo imbaraga z’umwijima kugirango mube abanyantegenke uko niko Uwiteka avuga.

Ariko dore bene so bari bafite ibibazo ababashije gukurikirana iby’umwuka w’Imana yategetse dore Uwiteka ababereye igisubizo kubyifuzo byabo bayri byaraburiwe ibisubizo niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ingambo zibaye nyinshi kandi niwowe barimo kuvuga,nanjye dore nteze amatwi ibyo bakuvuga kugirango ngucire urubanza kuko namaze igihe kinini narakwirengagije sinaguha ubutabera.Ariko noneho nibutse ko ntaguhaye ubutabera kandi wigeze kunsaba ko naguha ubutabera.

None umuntu wese uzajya akuvuga nabi,kandi ari nta cyo wamutwaye nzajya nkurwanirira ngucire imanza zitabera.Dore aho uri urimubwihisho,hanyuma se abakuvuga muba mwahuriye he?? Niko Uwiteka abaza.

Mwana w’umuntu,dore Joyce Olangu,mwongereye iminsi yo kubaho kuko yakuriye neza,kandi akomeza amategeko yanjye yagize ishyaka ryinshi ry’umurimo wanjye,none kubera iyo mpamvu mwongereye iminsi yo kubaho,ngiye guhindura umubiri we,ubusaza mbukureho asubire kuba nk’umwana muto kuko yakunze gukiranuka kugirango akomeze ku nkorera niko Uwiteka avuga.

ABAKOBWA BAMBARA MINISKIRTS UWITEKA AGIYE KUBAKOZA ISONI.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,ubonye iki?Ndasubiza nti, mbonye abakobwa (3) bambaye (Miniscurt) igera hejuru ya mavi,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira ubwoko bwanjye uti,icyo n’ikizira k’Uwiteka niko Uwiteka avuga.

Dore abo bakobwa bavuga ko,banyubaha kandi bankoza isoni,uko niko nanjye ngiye kubagenza kugirango bakorwe nisoni hanyuma yo gukorwa nisoni bazamenya ko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi.

Kandi ubabwire uti,bazampamagara nanjye sinzabitaba cyangwa ngo numve gutaka kwabo,kuko ubwo nanjye nabahagaraga banze kunyitaba uko niko Uwiteka avuga.

ABANYAMURENGE UWITEKA ABATEZA GUKENA.

Nerekwa abanyamurenge Uwiteka abateza umuvumo mu byo bakora byose,ndetse nabari batunzwe namaturo n’ibyacumi nabyo birabura kubera ubukene bwinshi bwari bumaze kugera mu bugingo bwabo.Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyarwanda biyise abaCongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda dore barimo kurwanira amaturo n’ibyacumi kubera muri iki gihe nabateje umuvumo kuko umurimo wanjye bawuhinduye ubushabitsi cyangwa ubucuruzi niyompamvu nanjye nzababuzabuza kugeza igihe bazamenyera ko bakiraniwe kandi bataye Uwiteka Imana yabo uko niko Uwiteka avuga.

IMVA NINI CYANE KU KIMIRONKO.

Nerekwa imva nini cyane kandi icukuwe ahitwa KIMIRONKO,mbona kandi nerekwa ibisiga byitwa bya KAGOMA,n’IBYIYONI byiteguriye kurya inyama zigiye gukwirakwira mu murwa mukuru wa gakondo yabakiranutsi.Nuko mbona ibyo bisiga bijya kurunguruka muri rwa rwobo kuko rwari rule rule cyane ibujya kuzimu ariko abantu nta bwo bamenyega impamvu y’urwa rwobo,maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore urupfu ruraje kandi rusatiriye gakondo yabakiranutsi kandi abashyitsi bamaze gutumirwa kugirango babashe gutaha ubwo bukwe uko niko Uwiteka avuga.

Nongera na none kunshuro ya (3) inkozi zibibi zongera kugerageza kohereza inyoni zo mu bwoko bwagacurama kugirango iyo myuka mibi ize kudehesha umurimo wa data woguhanura bityo abantu bateraga inkunga uwo murimo bananirwe gukomeza kwitanga,nerekwa iyo myuka mibi yihinduye uducurama igeze mu kirere abakiranutsi baherereyemo muburyo bw’umwuka haaza imbaraga z’umuriro zimeze nka wamuriro bajya basudirisha mbona zitwitse twaducuramo twose twari tuje gutera abakiranutsi iyo myuka yose ihita irapfa!

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar