HomeNewsNyir'uRwanda agiye gutumirwa mu nama izabera mukarere k'Africa y'Ubrasira zuba,izabera mu ibanga...

Nyir’uRwanda agiye gutumirwa mu nama izabera mukarere k’Africa y’Ubrasira zuba,izabera mu ibanga rikomeye ryo gukuraho umwakagara!

April 27, 2016 Maze ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira itorero ryohoze ar’Uwiteka ubu rikaba ryarabaye indiri ya Satani ADEPR rikorera mu Rwanda uti,nzi imirimo yawe nubwo wahindutse isinagogi n’indiri ya Sekiibi Satani ubu ukaba na ka kazuyazi ka kaba karahindutse ubukonje.Uti dore isarura riraje nyamara ufitiye amadeni abantu benshi kandi witwa ko ukiranuka none nigute uzinjira mu isarura utarishyura amadeni yabandi?Niko Uhoraho abaza!!!

Ndabwirwa ngo,mburire abanyarwanda bafite amadeni ababishoboye bayishyure vuba vuba isarura ritaraza kuko riraje kandi rije ryihuta[Abakiristu]kuko ntawuzinjira mur’iryo sarura atarishyuye amadeni yishyuzwa kuko bidashoboka yuko mwataha ubukwe bw’umwana w’intama mutambaye ibishura byera niko Uhoraho ababuriye.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore benshi baruhijwe na madeni cyane kwishyura inzu zo gukodesha dore ngiye kubakiza uwo mugoko wo gukodesha kuko bitazongera kumvikana muri gakondo ya bakiranutsi nyuma y’Isarura nta muntu uzongera kurushwa na madeni yo gukondesha cyeretse ubwo ubwoko bw’Uhoraho buzaba bumaze kugwira bukuzura igihugu uko niko Uhoraho avuga.

DevilIjambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye guhaguruka kandu uhagurukijwe na SUSAN Thomas wari yaragutwaye umugisha none dore umugisha wawe yari yaratwaye Uwiteka arawugaruje ariko dore Susan ahaguruikiye ku kurwanya akoresheje imbaraga yakoresheje z’Abwezi gutwara umugisha wawe

Nuko mbona yohereje umwuka w’igifungo gereza dore ko ariyo ntwaro yagiye akoresha kenshi akajya ambuza amahoro nkajya mfungwa nta nibyaha nakoze nzira ubusa.Uwo mucyecuru umugabo we yari yarambyaye muri batisimu ya mihango ya kiliziya Gatholica bakoresha mukubatiza abana bakiri bato[Impinja]ndabirwa ngo ntutinye kuko Uhoraho akubereye masi cyane kandi iki kikaba ar’igihe cy’Uhoraho akaba alimo guca imanza zitabera mu bwoko bw’Abanyarwanda bityo rero naho yakohereza imbaraga z’umwijima zingana iki,ntabwo byamukundira ko yongera kwisubiza umugisha wawe niko Uhoraho avuga.

Dore no kwa bamwana we,Ruzezwa Narisis nabo bakoreshaga izo mbaraga z’abacwezi batwaye imigisha ya bantu benshi ariko kubera igihe cy’ubutabera cyabagereyeho baranze kwihana ngo basubize ibyabandi nabo nuko umugisha bari batunze utari uwabo wasubiye kwa banyirawo.

Niyompamvu abantu benshi bacyennye cyane mu myaka irenga [40] bagakora ibishoboka byose ariko bikanga nuko bari barambuwe umugisha n’inkozi zibibi mur’iki gihe cy’ubutabera bw’Uhoraho hari abari batangiye kubona bakora bikaza nyamara sikindi nuko Uhoraho yaciriyeho iteka izo nkozi zibibi uhereye kuwa 01st Jan.2013 iyo babonye bikunze bagirango nubuhanga n’ubwenge bwabo bibafashije naho ntibazi yuko ubutabera bw’Uhoraho bwabagezeho.

Dore harabagiye mu bihugu byo hanze bagakora ariko wapi inyatsi ikanga ikabiyora,bakayoberwa ibyaribyo,ariko mur’iki gihe abasomye ijambo ry’Uhoraho bagakora uko Uhoraho yategetse batangiye kubona umusaruro nibyo abantu benshi bagiriwe nabi ariko bajya batinya kubivuga ntampamvu yo kubvuga ariko ntiwabura kubibwira Uhoraho kuko mbere yuko unabivuga niwe wabanje kubikubwira nubwo utabyitayeho mu nzozi za ni njoro uryamye usinziriye nibwo Uhoraho yashyize ikimenyetso kumaso yawe ubasha kureba nubwo ubwenge bwawe bwananiwe kubisingira ariko noneho uko uzagenda usoma ijambo ry’Uhoraho niko uzagenda ubisobanukirwa.Nuko rero saba Uhoraho aguhe ubutabera bukwiriye kugirango nawe uhinduke imbohore maze utangire uririmbire Uhoraho umunezerewe uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirmbwira riti,mwana w’umuntu,dore nguhaye umugisha kuko bashaka kugushyiraho umuvumo,niko nanjye nzajya nongera umugisha wawe kuko nd’Uwiteka Imana yawe uko niko Uhoraho avuga.Dore abari barakwambuye umugisha bose wa muvumo bari baragushyizeho ubasubiyeho kuko Satani adashobora kubaho adakora imirimo yo gukiranirwa bari barizeye yuko bitazamenyekana ko babagiriye nabi ariko noneho bamenye yuko mwatahuye ubugome babagiriye none dore bahindutse abatindi nyakujya ubukene bwari barabashyizeho nibo busubiyeho uko niko Uwiteka ategetse!

bibleIjambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Pastor CANIZIYO utuye mu murwa wa Kigali niwe usigaye wenyine kuba umwiringirwa mu ba Pastor bose bari mu murwa wa Kigali,kubera yirinze kwiyanduza nanjye dore nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi,YOHANA 15. Dore nzarinda ubugingo bwe kuko yakomeje guhamya izina ryanjye kugirango amenye yuko nd’Uwiteka uca imanza zitabera uko niko Uwiteka avuga.

April 28, 2016 Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwazi yongeye gusenya gakondo y’Umuhanuzi ikinyamakuru InyangeNews kubera agahinda gakomeye ko kuba warabacitse.No kuba warahinduye technology bakaba batabasha kubona no kumenya ikirere uhereyemo.Dore bashatse undi muntu w’umuhanga mu by’ikoranabuhanga ngo yongere asenye icyo kinyamakuru gakondo yabakiranutsi.

None haguruka werekeze mu biro bikuru maze uhangane nabo kuko iyi ntambara ntitez kurangira kuzageza igihe ingoma y’igitugu umwanzi w’ibyiza azakurirwa ku ngoma.Dore ababajwe cyane ni uko abantu biyongereye cyane aho kugabanuka ibyo akora byose zigenda zivamo,ubuhanuzi nabwo niko bukomeza gusohoza ubutitsa maze ubwoba bukabataha bakabura amashwemo umutima ukabahagarara bakabura ibyiringiro by’Ejo hazaza nuko rero ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho akiri ku ngoma uko niko Uhoraho avuga.

Mwana w’umuntu,dore umwanzi agiye kohereza magigiri ugiye kwigira umuntu ukijijwe maze akwandikire agusaba ko wamusngera uzamusegere kandi uzagenze kwa kundi kuko icyo bashaka nawe urakizi kuko bakubuze epfo na ruguru maze babone kandi bamenye yuko Uhoraho ari we Mana yabakiranutsi kandi Uwiteka aca imanza zitabera uko niko Uhoraho avuga.

KingIjambo ry’Uhoraho ryongera kumbwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa agiye kugira urugendo kumugabane w’Africa urwo rugendo ruzaba ar’urw’umugisha kandi ruzaba kimwe mubimenyetso bikomeye cyane byo mu marembera y’umwakagara na FPR.Nuko mbona aragiye agezeyo amahoro bamwakirana urugwiro kandi mu ibanga rikomeye cyane maze mbona alinzwe na bigina bitukura bihagarariye isi yose kugirango umutekano we udahutazwa

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore uko Uwiteka yabivuze niko bibaye kuko ibyahanuwe bisohoye bikaba bigeze kumuryango w’Iszerano ry’UHOROHO nk’uko yabivugiye mukanwa kabahanuzi b’Uhoraho

Nuko mbona umwe mu ntabwa z’ubwami wagombaga kubonana na Nyir’urwanda araza barabonana ariko Nyir’uRwanda ababazwa ni uko iyo ntabwa yahindutse umusinzi aramureka ntiyavugana nawe bynshi kubera ko yamubonyemo kuba ntagahunda afite umuntu usinda mu gihe gisa nk’iki?Akirengagiza igihugu kirwana nikindi nakumiro birababaje maze mbona uwo mugabo wikigina kandi wigikundiro ababjwe ni uko Nyir’uRwanda amugaye kubera isindwe rye kandi yari yiringiye yuko amubwira ijambo ryiza uko niko Uwiteka avuga.

LeonNjyanwa mu iyerekwa mbona bohereza imbaraga zumwijima kumuhanuzi Majeshi Leon no kumuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe hamwe n’Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe ngo basubizwe kandi bajyanwe mu gihugu cyo mu butayu.Mbona umwuka w’urukoza soni uraje utangirira kumuhanuzi mukuru ariko mukanya gato mbona uwo mwuka nawo wongeye guhabwa kwinjira muri ubwo butayu bakiburimo batarabuvamo ababwoherejwemo maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntabwo nzemerera inkozi zibibi ko zongera kujyana abagaragu banjye mu gihugu cyo mu butayu ahubwo dore mucyimbo cy’Ubutayu nongeye kubaha umugisha uko nko Uhoraho abitegetse

Nerekwa muri gakondo yabakiranutsi abadayomini bakorerayo basubiranamo maze birara mu butunzi bwabanagandorero bwose uko bwakabaye baratatanya bwose barabumara maze numva abanyagakondorero bavuga ngo”Uyu ntawundi utari wa muhanuzi waduhanuriye nabi none ibyo yaduhanuyeho bidusoyeho kuko twananiwe kumwica ngo areke gukomeza kuduhanurira nabi none iryavuzwe riratashye!Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu.ukwiye kumenya impamvu bahora bashaka ku kwica”Ni uko hatabayeho umuhanuzi uhanura iby’Uwiteka,ntabwo ubuhanuzi bwasohora kubo bureba iyo rero bishe umuhanuzi ibyago byabo biba biburijwemo ntibishobora gusohora kuri bo kuko umwuka ubisohoza uba mu muhanuzi iyo niyompamvu ibatera gushaka kwica abahanuzi”.

NzizaMaze umwuka arakomeza arambwira ati,ariko ikibazo ni uko bica abahanuzi b’Uhoraho maze abakonikoni ba sekibi bagasigara,ariko se babica gute kandi aribo babikora kuko baba banga kwmaburwa umulimo kuko bigize abahanuzi kungufu za sekibi ntibashaka undi umuntu ukora uwo mulimo kugirango abantu badakomeza kwizera Ihoraho kandi Satani avuga ko ari we Mana itegeka isi n;ijuru bityo bagahora bahiga abagaragu bUhoraho bakabaca ibihanga kuri babandi batagira ubwenge cyangwa badafitekwizera guhagije bagatinya guhangana nibihe biba byarateganije bakibwira yuko guhanura ar’umulimo w’icyubahirongusa kandi utagira ingaruka bityo bakabaca ibihanga kubera kutaba maso nokutammenya agaciro kumulimo bakora!

RNCIjambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umutwe wa Politike wa “Rwanda National Congress” (RNC) bagiye gukoresha film izatuma uwo mutwe wa politike umenyekana cyane hirya ni hino ku isi.Ariko nubwo bimeze gutyo nta cyo bizahindura ku byahanuwe bazamenyekana nibyo ariko se bizafasha iki ku bwoko bw’Uhoraho.

Dore abo bantu nta matwi bagira kuko bahora bahakana ubuhanuzi bw’ijambo ry’Uhoraho kandi bakirengagiza iby’ijambo ryabwo nyamara muri ubwo buhanuzi nimwo halimo ubugingo kandi nimwo hakubiyemo gahunda zose z’Uhoraho nukuri nukuri nongeye kwirahira ntabwo abo bantu bazafata igihugu ngo bakiyobere kuko bagaragaje gukiranirwa cyane nabagiriye neza mbarinda umwakagara ariko hebe no gushima ngo bamenye yuko arijye wabikoze ahubwo bitwaza izina ryanjye kugirango bigarurire imitima y’ubwoko bwanjye bababeshya yuko ngo nabo bemera kandi bakziera Uhoraho.Nyamara baba babeshya ngo barebe yuko imbaraga zabo zakwiyongera.

Dore igihugu nzagiha Umwami w’uRwanda nk’uko Mutara lll yabinsabye ko ntazibagirwa abantu no bwoko bwe,nuko rero kuko nd’Uwiteka kandi nkaba nubahiriza isezerano nasezeraniye abantu banjye ntabwo igihugu kizasubira mu maboko ya barepubulike kuko bakunze gukiranirwa bananirwa gutunganira Uhoraho imbere ya maso ye

RNCNone mwana w’umuntu,hanura uvuge uti,yewe RNC we wanze kumvira Uhoraho nicyo kizatuma Uhoraho ataguha igihugu wigeze guhabwa ukagitobatoba kandi wamennye amaraso menshi yuzuye ibiganza byawe umuntu wese ufite amaraso mukiganza ntabwo Uhoraho azamuha igihugu ngo ayobore ubwoko bw’Uwiteka ahubwo azagiha Umwami Uhoraho yitoranirije atari kibw’imilimo ahubwo ni kubw’Uwiteka yashimye ko akomeza kuba Umwmai wabanyarwanda mu gihe cy’Uhoraho kugirango azakorere imilimo uko niko Uhoraho abitegetse.

Nuko RNC muce bugufi musabe Umwami w’uRwanda azababere umubyeyi maze azabacire imanza zitabera kuko mwakiraniwe kubwoko yahawe ho umwandu n’Uwiteka ngo abuyobore.Dore ibyanyu byararangiye ntabwo muzongera guhabwa repubulika ngo habeho perezida ahubwo hazabaho ubwami muzajya muyoborera munsi y’ukuoboko k’Umwami uzimikwa n’Uhoraho kugirango mumenye neza yuko Uwiteka yababajwe nimilimo mwakoze yo kumena amaraso y’ubwoko bwe maze abambura ingoma ayisubiza aho ahoze kugirango yongere agerageze imitima yabahoze ku ngoma nimba bazagenza nk’uko Uhoraho abyifuza.

Nuko rero imbaraga mukoresha zose zizahinduka impfabusa kandi muzamenya yuko iri jambo ryaturutse k’Uwiteka ari uko mumaze kubona umwakagara avuye ku ngoma Umwami akima ingoma aho niho muzamenya yuko burya koko umuhanuzi yabahozemo uko niko Uhoraho abitegetse!

LeonDore mwarwanije umugaragu wanjye Majeshi Leon ndetse munacura imigambi y’ubugizi bwa nabi,niyompamvu imbaraga zanyu nzazihindura imfabusa!Dore umuvumo w’umuhanuzi ubari kugahanga none se mwabona gute umgusha kandi umuvumo ubariho?Niko Uhoraho abaza!Sinshobora guha abantu umugisha bavumwe n’umugaragu wanjye kuko yabikoze bimuvuye kumutima kuko mwababaje ubugingo bwe kandi koko mwarahemutse kuko nanjye Uwiteka narimpari nabitangira ubuhamya ndetse mwamuvuze amagambo atari meza kandi icyo gihe narumvaga maze ndabihorera kugirango abanze ace akenge hanyuma azamenye igikwiriye none amaze guca akenge yamenye ibyanyu nuko rero ninde wundi wamuvuguruza ngo abavumure?

Cyeretse umunsi mwaciye bugufi mukamusanga mukasaba imbabazi kandi nabwo niyo mwasaba imbabazi ntabwo yabasabira umgusha wo gutegeka igihugu ngo yivuguruze mu byo yahanuye mwabona uwundi mugisha utari ugutegeka igihugu ariko sukuba umukuru w’igihugu [perezida]

 

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments