HomeNewsNibe nabo barahangana ubwabo ku bwabo ntibagire umututrage bahutaza!

Nibe nabo barahangana ubwabo ku bwabo ntibagire umututrage bahutaza!

 

Amatora yo guhitamo uzahagararira ishyaka ry’Abademokrate mu gihugu cy’america,akomeje gutuma abagize iryo shyaka batavuga rumwe.Nk’uko tubikesha itangaza makuru rya bbc bigaragara yuko mu isyaka ry’abademokrate ibintu bitoroshye aho abayobozi bakuru biryo shyaka bahengamira kuri Hillary Clinton.

Byagaragaye yuko iyo bataza guhengamira kuri Clinton,Sanders yari kumutsinda mu majwi y’uzahagararira ishyaka ry’Abademokrate akaba ari we wari kuziyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu cy’America.Mu gihe rero bari mundyane,uherwe Trump Donald ufite icyo Uhoraho yamuvuzeho,we urwo rwego yararusimutse yamaze kwemezwa nishyaka rya conservative ry’Abarepublike ko ari we uzahagararira iryo shyaka mu kwiyamamaza kumwanya w’umukuru w’igihugu.

Ikigaragara Uhoraho afite gahunda mur’iyi minsi,kuko inkozi z’ibibi ku isi hose zirimo kugenda zamburwa umwanya w’ubuyobozi hirya no hino ku isi.Kuba Trump imana yaratoye kuzaba umukuru w’Igihugu cy’America,kandi akaba akijijwe ntanywa inzoga,ntashyigikiye gukuramo amada,ntashyigikiye abatinganyi ndetse yanavuze yuko naba umukuru w’igihugu cy’america azasenya imikorere y’inkozi z’ibibi zitwa ILLUMINATI zamaze kwigarurira icyo gihugu.

Nibiramuka bibaye bizaba ar’ikimenyetso gikomeye yuko abakiranutsi bagiye kwinjira mu masezerano uhereye mu bihugu by’ibihangange byayobowe nizo nkozi z’ibibi.Abakiranutsi,mukwiye gusaba Imana ikabaha ubushobozi nububasha bwo kuyobora kuko igituma Satani adukina ku mubyimba ni uko ashyiraho abayobozi batuyobora barangiza bakadukorera ibyo bifuza byose kuko baba barafashe ubutegetsi.

Byarushaho kuba byiza cyane abakirnautsi baramutse bayoboye ibihugu byabo kuko bashobora kuzana amahoro byibuza abantu bakaruhuka.Ariko byose nyine bizaturuka mugushaka kw’Uhoraho kuko niwe ugenga byose.

Umukuru w’umugambwe w’abademokrate muri Amerika yavuze ko azotanga imihoho inyuma y’aho Wikileaks yerekaniye inyandiko zo mw’ibanga, aho biboneka ko abategetsi bakuru b’uwo mugambwe bateje ingorane ukwiyamamaza kwa Bernie Sanders.Ibyo vyanyeguruwe bishobora kugira ingaruka ku bumwe bw’uwo mugambwe.

Umukenguzamateka wa Vermont, Bernie Sanders, yari yasabye Debbie Wasserman Schultz, umukuru wa komite nkuru y’igihugu mu mugambwe w’abademokrate, ko atanga imihoho bucya haba ikoraniro kaminuza.

 Hashize igihe kirekire abashigikiye Sanders bagiriza umupfasoni Wasserman Schultz n’abandi bategetsi b’uwo mugambwe guhengamira cyane kuri Hillary Clinton.

Umupfasoni Hillary Clinton yari ahanganye na Sanders mu matora yo kurondera uwuzaserukira uwo mugambwe mu matora y’umukuru w’igihugu cya Amerika, byitezwe ko yemezwa ku mugaragaro mu gisagara ca Philadelphie.

Sanders yavuze ko umupfasoni Wasserman Schultz “adakwiye kurongora iryo koraniro” rya komite nkuru y’abademokrate mu gihugu cyose.”Nibaza ko izi nyandiko zerekana neza ko adakwiye kurongora iryo koraniro,” ni ko yavugiye mu kiganiro ca This Week kuri television ya ABC.

Sanders avuga ko umupfasoni Wasserman Schultz adakwiye kurongora ikoraniro kaminuza Hashize igihe kirekire abashigikiye Sanders bagiriza umupfasoni Wasserman Schultz n’abandi bategetsi b’uwo mugambwe guhengamira cane kuri Hillary Clinton.

Inyandiko 19.000 zari ku rubuga rwa Wikileaks itariki 22 ukwezi kw’indwi, n’izo abategetsi indwi bakomeye bo muri komite nkuru y’umugambwe w’abademokrate.

Zimwe zerekana bamwe muri abo bategetsi bakoresha amayeri menshi, harimwo uburyo bwo bazakoresha kugira bahungabanye ukwiyamamaza kwa Sanders.

 

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments