Home News Muzunga y’ubuhanuzi kumugabane w’UBURAYI!!!

Muzunga y’ubuhanuzi kumugabane w’UBURAYI!!!

0

Amakuru agera ku inyangeNews aratangaza yuko umuryango w’ubumwe bw’UBURAYI waraye ushize ahagaragara kuri uyu wa 16 Nzeri 16, gahunda ya matora ku bihugu ku bihugu bikeneye kuguma mu muryango w’ubumwe bw’UBURAYI EU,kandi banatangaje yuko bagiye gukora umutwe w’ingabo umwe uzajya utabara ibihugu bihuriye muri ubwo bumwe bwuwo mugabane.

Ibiro by’umukuru w’ubumwe bw’UBURAYI banatangaje  yuko,kuba igihugu cy’UBWONGEREZA bwari kuye mu humwe bugize ibihugu by’UBURAYI,bizagira ingaruka zikomeye ku BWONGEREZA ubwabwo,ndetse bikanagira ingaruka zikomeye ku bumwe bw’umuryango w’UBURAYI.

Amakuru avuga ngo bagiye gukora ifaranga rifite agaciro bakaba bagiye kuzamura ubukungu bw’uwo mugabane kuburyo budasanzwe,ndetse bakanarushaho gushakira abaturage buwo mugabane imilimo ku buryo bushoboka ngo ntibazongera kujya gushaka akazi mu gihugu cy’UBWONGEREZA uko byari bisanzwe.

Ndetse ntibatinye no kvuga kumugaragaro yuko har’ibindi bihugu bishaka kwikura muri uwo mugabane,akaba ariyo mpamvu bagerageza gukora gahunda zifite imbaraga zijyanye nubukungu hamwe numutekano noneho buri gihugu gituye kuri uwo mugabane gishobora kuba cya cyenera.

Ariko se ibi byaba bitewe nuko UBWONGEREZA bwikuye mur’iryo shyirahamwe,cyangwa ni uko hari gahunda zibyihishe inyuma?Isesengura ryakozwe nikinyamakuru inyangeNews,rigaragaza yuko UBWONGEREZA  bwikuye muri uwo mugabane w’umuryango w’ubumwe bw’UBURAYI kubera bwari bufite amakuru avuga yuko igihugu cy’UBURUSIYA kiyobowe na bwana VRADMIRI PUTIN ngo cyaba gishaka gutangiza intambara ya gatatu y’isi yose.

Amakuru akomeza avuga yuko,iyo ntambara yatangiranye ni gihugu cya UKRAIN cyahoze kibarirwa ku BURUSIYA kiza kwikukira nyuma y’intambara ya ll yisi yose.Icyo gihugu kikaba kibarizwa kumugabane w’UBURAYI.Amakuru afite gihamya ni uko ubumwe bw’UBURAYI bwagerageje gufasha UKRAIN binyuze mu nzira za diplomasi ariko bikananirana.

Banagerageje kwitabaza America,ariko nayo bihurirana ni uko bafitanye amakimbirane mu ntambara ya SYRIYA imaze imyaka irenga [5] America ikaba iri kruhande rwabarwanya leta,naho RUSIA ikaba iri kuruhande rwa leta ya All ASSADE kugez’ubu ukomeje kugaragaza imbaraga ku barwanya leta ye.

Muyandi magambo America na RUSIA nibyo birimo guhangana mu gihugu cya SYRIA ariko abahazaharira nabaturage bicyo gihugu,bakomeje kwamagana ubutegetsi bwa Assade bumaze kurambirana kubera kuba kubutegetsi igihe kirekire.

Ubwongereza murwego rwo kubumbatira amahoro yicyo gihugu nubwo bivugwa ko ari icya kabiri kumugabane w’Uburayi gifite ubukungu bwo hejuru kandi ko gikize cyane kurusha bimwe mu bihugu biri kuri uwo mugabane,bashobora kuba bikuye kuri uwo mugabane kugirango batazahura nikibazo cy’intambara zo kuri uwo mugabane.Kuba ubumwe bw’Uburayi bwarakomeje kuvuga yuko kuva k’Ubwongereza muri mugabane nta kibazo byabateye noneho bageza aho bererrura bavuga bizabagiraho ingaruka ariko n’UBWONGREZA budasigaye!

 

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar