Amakuru aturuka muri gakondo aravuga ko,ikinyamakuru inyangeNewss.Com, kugez’ubu leta y’umwakagara yamaze kongera gufunga urwo rubuga nyuma yo gushyira ahagaragara inkuru y’igiti cy’umuvumu uburyo bagitemye cyikarira amaraso.
Iyi nkuru bitewe nuko arukuri gusa gusa,byatumye umwakagara ategeka ko,bafunga urwo rubuga rw’inyangeNewss kugirango abanyarwanda badakomeze guhumuka amaso yo kumenya ibiriho gukorwa mbere yuko ingoma ngome yagatsiko kinkoramaraso irimburwa n’Uwiteka Imana yabakiranutsi.
Ikinyamakuru inyangeanewss kiramenyesha abakunzibacyo bari muRwagasabo yuko tuzajya tubashyirira amakuru kuri fb,na twiter na Google+ kugirango murusheho kumenya ibiri kubera muri gakondo yabakiranutsi ubutegetsi bw’umwakagara buzabatungura.





