Home Great Lakes Ministiri w’Ingabo mu Burundi mubuhungiro mu gihugu cy’Ububirigi.

Ministiri w’Ingabo mu Burundi mubuhungiro mu gihugu cy’Ububirigi.

0

Amakuru aturuka mu gihugu cy’Isamariya mu murwa mukuru wa Bujumbura,biravugwa yuko minisitiri w’Ingabo”Defense minister”ngo yaba yarahungiye mu gihugu cy’Ububirigi,ayo makuru arimo kuvugwa kugez’ubu twandika iyi nkuru ntamakuru afatika turabona nyakuri yemeza ko uwo mugabo yaba yageze mubuhungiro.

Gusa ikigaragara ni uko umuntu wese w’umuyobozi ureba kure arabona yuko amaherezo ya Pieere Nkurunziza azaba nk’aya Raurent Bagbo yarangiriye murukiko rw’I LA HAYE.Nkurunziza ngo yaba yahawe imbaraga z’ikuzimu nabagabo (2) bakomoka mu gihugu cya Nigeria igihugu gifatwa nk’igihugu cyemewe ku isi kubijyanye namarozi

Nyamara duheruka Nkurunziza avuga ko arumukizwa,ariko ubanza yarabivanze no gukunda ubutegetsi bikarangira yemeye shitani ko afite imbaraga kurusha Uwiteka Imana yo mu ijuru.

Amaraso yabarundi binzira karengane baharanira ubusugire bw’igihugu cyabo amaraso akomeje kumenwa niyo ntakebwa yanze kumvira Uwiteka Imana,none ngo arashaka manda ya (3) itemewe n’itegeko nshinga

Abarundi bataye izabo barabarirwa mu bihumbi birenga 100,aho kugirango yunamure icumu,ngo arashaka guhangana nabarundi yita ko ari 1%,nonese 1% iri mukuri ntabwo iruta ibihumbi biri mu makosa?

Niba se abandi batarasobaukirwa uburenganzira bwabo,ibyo babizira? Ese ntibashobora gufashwa niyo 1% imaze gusobanukirwa uburenganzira bwabo,abantu benshi ntabwo bazi uburenganzira!Ese umuntu yazira ko yamenye uburenganzira bwe?

Nyamara akatari kera abanyapolitike bo mukarere bazisanga barisamye baramaze gusangara,kuko ibihe turimo abantu bamaze kujijuka kuburyo humiriza nkuyobore yataye igihe cyayo ntabwo ijyanye n’igihe tugezemo

Nibemere umugati usangirwe kuko ntakundi byagenda kuko nta mwana n’igiti!ntavukiye amezi (12) ngo abandi bavukire (9) ntawavukanye ikariso ngo abandi bavuke bambaye ubusa!Iki n’igihe Uwiteka Imana yirahiye ko atazabura gutabara ubwoko bwe!

Igihe cy’abadayimoni kirarangiye nimureke twiringire Uwiteka Imana yabakiranutsi kuko yamaze kumva urusaku namarira y’ubwoko bwayo nayo hamanuwe no kureba kugirango imenye neza ibirego byaharega ko abakiranutsi baba bafite ukuri cyangwa ko ntakuri bafite kugirango Imana imenye uko igiye guca imanza zitabera kugirango abakiranutsi binjire mu masezerano ntazitizi

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar