Amakuru agera ku kinyamakuru inyangeNews aturuka muri za magigiri zikorana n’Umwakagara,avuga ko,ngo Umwakagara yashyizeho association yitwa ABEGA NETWORK COMMUNUTY (ANC) iyi association ikaba ikorera ku isi hose.Ariko ikaba ifite ibirindiro mu gihugu imbere aho Abega bakorera kuri network imwe iyo hari icyo bashaka kubwirana bahita bakoresha e-mail mu isaha imwe bose amakuru bahabwa aba amaze kubageraho.
Ubwo abasaza bakuze nabacyecuru bagashyirwa amakuru na bakiri batoya kugirango bakwirakwize igihuha mu gihugu no hanze y’igihugu icyarimwe kugirango bumve ibyo abantu batekereza.
Iyo bamaze gutegura guca igihanga umuntu runaka,baramwica barangiza bafatanije na za magigiri za bega ziba zikorera ku isi yose zifashishije internet imbuga nkoranya mbaga,bahita bakwirakwiza igihuha kugirango bayobye uburali bwuwo bamaze guca igihanga ubwo na rya perereza ryabo rikabona ibyo bandika bashingiye kuri bya bihuha bikarangira gutyo.
Ni muri urwo rwego abega bakomeje kwica abanyagihugu bagirango babacecekeshe ariko byarananiranye kuko nabagashaka buhake bo muri Africa y’Epfo byagezeho barananirwa bamanika amaboko hejuru.
Iri shyirahamwe rigizwe na Bega gusa,abana bo mu ngoma gusa gusa batavangiye,yewe habe numugabo bashatse cyangwa umugore washatswe ahandi ntabwo bemerewe kumenya iryo banga ryingoma yubutegetsi bwabo.
Save