HomeNewsMbere yuko usaba ubutabera,wowe waba utanga ubutabera?Uca imanza zitabera!

Mbere yuko usaba ubutabera,wowe waba utanga ubutabera?Uca imanza zitabera!

Ndashaka nanjye ko ubutabera bw’Uwiteka bungaragarira hamwe na bene data kuko UWITEKA agukaranga mu mavuta apfundikiye akaguhisha ngo rubanda batabona uko ugaragurika mu mavuta ndarushye ndashaka ubutabera.

Bakundwa nshuti z’umusaraba nukuri nukuri ndabwiz’ukuri yuko,uwiringira Uhoraho Imana data wa twese,byumwihariko Imana ya Majeshi Leon,ntabwo azakorwa nisoni kuko inshingano z’Uhoraho nukuduha ubuzima bwiza buzira umuze

Ariko kubera tubana n’inkozi zibibi usanga zidutegatega ahantu hose,zikaturiganya kuko usanga ziba no mu murimo wa data ariko kubera abagaragu b’Uhoraho(abahanuzi) birukanywe mu murimo niyompamvu mudashobora kugirirwa neza n’Uwiteka Imana ihoraho.

None se ubu iyo inkozi zibibi ziza kugirirwa Ubuntu zikanca igihanga izi mpuguro muba muzikura hehe?Uko niko bimeze bene data benshi bahamagariwe uyu murimo ariko kubera kutaba maso barahumanijwe bahidnuka nka Balamu wakunze impiya na zahabu by’UMwami Balaki

Ahubwo inkozi zikibi zikoresha imyuka mibi zirirwa zitera hejuru ubwoko bw’Uhoraho kugirango banamuke bave mu byizerwa bakurikire inzira zo gukiranirwa nyamara birakwiye yuko mukora ibishoboka byose mugashaka mu maso h’Uhoraho kugirango abashe kubagirira neza kandi uwiringira Uwiteka Imanayanjye ntakabuza azagirirwa neza na data kuko uwo niwo munezero we.

Nuko rero niba bimeze gutyo mujye mu miwherero abana b’Abantu bajya mu mwiherero nyamara uwo mwiherero uba ari uwo kuburizamo ibyanyazwe no guhanagura mu itwe ya bantu ibyo batekereza ku Mwami wogukiranirwa akabatera ubwoba bagahahamuka bakagaruka bahindutse bashya

Ariko mwebwe ho nimuramuka mufashe akanya mukihererena nawe ntakabuza yuko Uhoraho atazabura kumva gusenga kwanyu hamwe no kubagirira imbabazi.NB:Ibi ntabwo bihuye cyangwa ngo ubihuze no kuba wahindura ibyahanuwe niba utuye mu gihugu gipfukiriwe ni mbaraga z’Umwijima cyangwa ukaba utuye mukirere cy’UBUPERESI byumvikane neza yuko udashobora guhabwa ubutabera kuko ubwo bwami bwigenga kandi bukora umurimo wabwo cyeretse urautse ugize amahirwe hakaba hari umugaragu [umuhnauzi]hafi yawe naho ubundi biragoye cyane kuba waba uzicyo Uwiteka ayavuze hanyuma ukabyirengagiza ugashaka yuko Uhoraho yahindura ibyahanuwe kandi atajya yivuguruza.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments