Home News Magigiri z’Umwakagara zigiye guhabwa ubwenegihugu bw’IBABYLON,kugirango zifashe WAMBOI mu matora,zibone uko zihitana...

Magigiri z’Umwakagara zigiye guhabwa ubwenegihugu bw’IBABYLON,kugirango zifashe WAMBOI mu matora,zibone uko zihitana ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo!?

0

Jan 16, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona icyegera cy’umukuru w’igihugu cya Kenya,William RUTO,ubwoko akomokamo bw’Abakalenjini bamushyigikiye kurusha Gedion MOI kugirango abe ari we ukomeza guhagararira ubwo bwoko mu gihugu cya Kenya dore ko,nubundi asanzwe ar’Umwami gakondo w’ubwoko bw’Abakalenjini wongeyeho na banandi bose batuye mukarere kamwe ka NANDI HILLS niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gahunda zawe z’uyu munsi ntabwo ziri butungane,kuko umwanzi wa bakiranutsi yasesekaye mu murwa mukuru w’IBABYLON.Dore abasingiza ubwami babuvuga neza nyuma yuko mwimitse Umwami YUHU VI,bageze mu murwa mukuru bazanywe no guca ibihanga abatemera repubulika iriho ku buryo butemewe na mategeko.Nuko rero wirinde kandi wigengesere kuko abo bari baragushyizeho ngo bakugigire karabananiye niyompamvu ya Motor uheruka kwerekwa yakoze impanuka.

Jan 17,2017 Ikindi nuko umwanzi yabuze uko akugenza,asa naho akwihoreye nyamara ntikwari ukukwihorera ahubwo yararimo gushakisha andi mayeri y’uburyo yakora nyuma y’itabarizwa ry’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa.Inama yabereye mu gihugu cy’Ubuhinde iheruka nibwo Umwakagara yahuye n’umukuru w’igihugu cy’IBABYLON,maze bumvikana yuko umwana w’UMUSITA n’Umwakagara bazamwoherereza za magigiri ziza zigize nk’abaturage ba Uganda,bagahinduka abenegihugu cy’IBABYLON,bakazahita batangira ibikorwa by’ubugizi bwa nabi byo gukorera urugomo abatavuga rumwe na leta yicyo gihugu cy’IBABYLON CORD,bakabaca ibihanga barangiza bakisubirira mu kadomo n’Ibuphilistian uko niko Uhoraho Nyiringabo avuga.

Ni muli urwo rwego bagiye kuza bakuzura igihugu cya WAMBOI kugirango bamufashe gukora ibikorwa by’urukoza soni nubwicanyi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Dore za magigiri zari zituye Uganda zose zaje zageze IBABYLON,burira ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,bube maso kandi cyane.Ndetse bwigegensese cyane,ufite inshuti ayereke kuko nizo zizabagambanira kugirango bacibwe ighanga uko niko Uhoraho Nyiringabo avuga.

Nkomeza kujyanwa mu iyerekwa mbona ndi kuri gakondo y’abakirantsi,mbona ndi mu nzu ya data,ngize ngo ndasohoka nkubitana n’urumuli rw’amajyini yaka umuriro,ubwo nsubira mu nzu,batanshikisha za mbaraga zabo.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,uyu munsi uvea ho utuye wigire murutare maze wirinde imbaraga z’umwanzi kuko yamaze kugera mu murwa kuko agukurikiranira hafi cyane kuko azi neza yuko usigaje igihe gito cyane ukamucika niko Uwiteka avuga.

Nkomeza kwerekwa buryo umukuru w’igihugu cy’IBABYLON agiye kwishyira mu kagagozi gakomeye adateze kuzakuramo,aho ashaka kwihemukira ngo arashaka madate ya ll kandi bidashoboka.Kuko ijambo ry’Uwiteka ryavuze yuko azategeko mandate imwe gusa itagira iya kabili.None dore ubwoko akomokamo abagore babo bazakorwa nisoni kandi bazamburwa ubusa ku karubanda ibitsina byabo bishyirwe ahagaragara n’umwana muto,azabona ubusa bwa nyina kuko banze kumvira ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyirngabo icyo gihe bazamenya yuko Uhoraho Uwiteka ari we Mana yaremye ijuru n’isi niko Uwiteka avuga.

Nerekwa gakondo ya bakiranutsi,igihugu gicikamo kabili bamwe bajya kuruhande rw’ubwami,abandi baguma kuri repubulika y’ikinyoma.Maze mbona bahanganye ntawuvugisha undi,ariko biranga abashyigikiye ubwami banesha repubulika kandi badakoresheje intwaro nyamara abarepubulike bo bakoreshaga intwaro za kirimbuzi kugirango bamareho rubanda rw’Umwami w’uRwanda maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abashyigikiwe n’Uwiteka Imana nibo batsinze urugamba naho abashyigikiwe na Satani baraneshejwe kuko ukuboko k’Uhoraho Imana ya bakiranutsi,guhora hejuru yabo kugirango kubakize imbaraga z’umubi uhora agambirira kugirira nabi ubwoko bw’Uwiteka hamwe n’Umuhanuzi wabo,kuko ijambo ry’Uhoraho ritabuze gukora umulimo waryo,ndetse n’ukuboko k’Uhoraho kutabuze kubaremerera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nongera kwerekwa imbere yanjye handitse ngo”UHURU Kenyatta September 2017”,maze ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,uwo mukuru w’igihugu cy’IBABYLON abonye ishyano muri uyu mwaka kuko igihugu kimunyuze mu myanya yintoke kandi amahanga yose akaba amauhagurukiye kugirango akorwe nisoni ijambo ry’Uhoraho risohoze ibyo ryamuvuzeho maze bimenyekane yuko Uwiteka ari we Mana niko Uwiteka avuze!

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar