Umwuka w’Uwiteka ukomeza kumpangaho,maze urambwira uti,mwana w’umuntu,dore za nkozi z’ibibi zashakihije uburyo bwose bwa kuguca igihanga kuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ribageze ahaga.None ube maso cyane kandi wirinde cyane kuko basigaje igihe gito ngo bakurwe ku ngoma bisangire basekuruza uwabo wa twese aho batumye abo bitaga abanzi babo kubabanziriza niko Uwiteka avuga.
Dore za nkunga ba magigiri bari barakwemereye babwiwe kutazazikoherereza kuko icyo bashakaga ni uko bagirango babone uburyo bwo kuzajya bavugana nawe kugirango kumunota wa nyuma bamenye icyerekezo cyawe kuko bafite impungenge yuko umunsi wavuye IBABYLON batazongera ku kubona niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho,nerekwa njya kugura amafi (FISH) uyagurishaga yarafite amafi[2] meza cyane manini,mu bwiye ngo angurishe arabyanga!Hanyuma ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,umugisha warutegereje ugiye guturuka muri za magigiri ntabwo ukibonetse kuko wamaze gufunga inzira zabo bakoreshega bagushakaho amakuru none bahisemo kuwuhagarika kuko bashakaga kuwukoresha ngo bakuboneho amakuru yo kuguca igihanga niko Uwiteka avuga.
Nuko rero utangire utegure inyandiko zabo ntukomeze gukorera mu bwiru ibyo wari waragize ibanga ubishyire ahagaragara kugirango bashyirwe ahagaragara bacirweho iteka n’Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yawe uko niko Uhoraho Nyiringabo avuga.Nkomeza kwerekwa ibyazo uburyo abayobozi bakuru bahgarariye inzego z’ubutasi baza kubaza za magigiri impamvu badafata Umuhanuzi,mbona bahawe ikizamini cyo gukora kuko bananiwe akazi kabo batagakora neza ngo kuko Umwakagara atumva impamvu badafata Umuhanuzi kandi yaraciye igihanga Col.Karegeya n’Umwami Ndahindurwa!!!
Ubwo se uwo witwa Umuhanuzi yabananije iki?Niko Umwakagara abaza!Ndabwirwa ngo,noneho yaritsize yariye karungu,ngo kuko ukomeje guhumura ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.Ibyiringiro yarafite by’uko yamaze gusenya ubwami bw’uRwanda,ngo byakuweho na Chancellor Benzinge Boniface wimitse Umwami mushya usimbura Umwami Ndahindurwa yaciye igihanga yibwira yuko ubwami bwimitswe n’Uwiteka aburangije.
Ahubwo aho kuburangiza akaba ariho bwatangiye bushya,byamubereye igisebo cyane imbere ya banyarwanda ndetse nisi yose,none ubu byamukomeranye kuko yamaze kumenya ko amahanga yose yafashe icyemezo cyo gushyigikira ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekonshinga none yabuze ayo akama yaba ay’iburyo cyangwa ay’ubumoso kugirango arebe ko yaramba kubutegetsi ariko ntibizakunda kuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi ryamaze kumukura ku ngoma niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo za magigiri zirimo gukora Tracing ya telephone yanjye,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,funga iryo koranabuhanga ryawe kuko umwanzi alimo kurigenzura maze abure intama nibyuma imigambi ye iburizwemo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka avuga.
Save