HomeGreat LakesLeta zunz'ubumwe z'America,yamaganye icyemezo cy'Intekonshingamategeko Nyarwanda!

Leta zunz’ubumwe z’America,yamaganye icyemezo cy’Intekonshingamategeko Nyarwanda!

Admistration y’umukuru w’igihugu cy’america yatangaje ku wa 04 Nzeri ku nshuro ya lll ko,ihingayikishijwe n’ingoma y’umwakagara ukomeje guharanira ko,yazagwa kubutegetsi.

Itangazo ryashyizwe ahagaragara n’uhagarariye ibiro bya Obama,bwana John Kirby,yagize ati,nk’uko duhora tubivuga buri gihe,ntabwo igihugu cy’America kizihanganira ko, icyemezo cyafashwe n’intekonshingamategeko y’uRwanda  kizashyirwa mubikorwa,aho bakuye umubare wa za manda zigena umukuru w’igihugu manda akwiye kuyobora.

America ishyigikiye ihererekanya bubasha bw’ubutegetsi,binyuze mu mahoro no mu mucyo.Ntidushatse kuvuguruza icyemezo cy’intekonshinga mategeko y’uRwanda,ariko kandi tributsa yuko,ari byiza kubahiriza itegeko nshinga kuko inteko ihagarariye abaturage,bityo tukaba tutavuguruza icyemezo cy’intekonshinga mategeko ahubwo twibutsa ko hakwiye kubahiriza icyemezo cyatowe nabaturage ubwo bitoreraga itegeko nshinga muri 2003 muri kanama.

Iyi mvugo uyiteze amatwi neza,kandi ukaba urumuntu usesengura neza udakoresheje amaranga mutimwa,urasanga har’icyo ivuze kuguhindura itegeko nshinga ry’uRwanda,ndetse no kuba atar’ubwambere ibi biro bisohoye iri tangazo.

Kumuntu rero wize nkaba Prof.Nshuti  Manaseh,Dr.Murigande Charles bakagombye kuba wumva iyi mvugo yoroheje kandi irimo ubuhanga buhanitse,icyo isobanura!Ikigaragara ibyahanuwe biregereje bigeze mu irango yamarembo y’uRwagasabo.Nyamara uwabishobora yaba yimisera utwenda twe,izuva rikiva mu gihe imvura dutegereje dore ibicu dutangiye kubibona birimo gukuba itaragwa bityo umuntu akazabona aho yayugama.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments