Amakuru aturuka mu gihugu cya Kenya,ajyanye nubuhanuzi,aravuga yuko ministeri wamashuli Jackobo Kaimenyi yavuze yuko amashuli yo muri icyo gihugu uhereye mu mwaka wa lll wa mashuli yisumbuye kugeza hasi mu mashuli abanza ko bataziga iki gihembwe cya nyuma cy’umwaka wamashuli.
Binyuze kubitangaza makuru byatangaje yuko amashuli azatangira umwaka utaha,ibi bije nyuma yuko ishyirahamwe rya ryitwa “Teacher’s Service Commission” TSC yakoze imyigaragambyo nyuma togutsinda leta murubanza baburanaga rwobongeza umushahara nk’uko biteganywa n’itegeko nshinga.
Bamaze gutsinda leta ,urukiko rwategetse leta guhita rwishyura ako kanya abalimu ariko amakuru avuga ko,leta yananiwe kwishyura ayo madeni bari babereyemo abalimu uhereye igihe iryo tegeko ryagiriryeho kugeza uyu munsi haciriweho urubanza.
Ubuhanuzi bwo mu gice cya (14) no mu gice cya (15) bwavuze ko,umukuru w’igihugu Uhuru Muigai Kenyetta agiye kurya ibigori.Ibinyamakuru byo muri icyo gihugu byatangaje yuko abalimu bagiye kwirukanwa.Twibutse yuko abalimu bahagarariwe n’Umwalimu wabo witwa Sossion.
Willison Sossion aciye agahingo kuba abashije gutsinda leta ya Jubilee Coalition iyobowe na Uhuru Muigai Kenyetta,amakuru atarashyirwa ahagaragara aturutse muri icyo gihugu,biravugwa yuko ababyeyi mucyumweru gitaha bagiye kwigaragambya kugirango leta yongere ifungure amashuli imaze kwishyura inyongeza z’imishahara z’abalimu.
Byibukwe yuko iki gihugu kimaze (3) aho abalimu bagera kubihumbi (3000) bahagaritse kwigisha ahagana mu majyaruguru y’uburengerazuba bw’icyo gihugu cya Kenya,kugeza magingo aya iyo myigaragambyo ije ikurikira icyo kibazo kitarabonerwa umuti.





