Bishop Rugagi Innocent
Mar 2, 2017 njyanwa mu iyerekwa maze mbona uburyo abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu Kazi,bakora muri za restauration(inzu zuburiro)bitwaza amarozi ya kuroga abagabo kugirango babone abazarongora abakiliya baza gufungura bakabashyirira mu bifungurwa kugirango babakunde babarongore.
Sibyo gusa ahubwo banagaragaweho umwuka w’ubuhehesi nubusambanyi bukomeye cyane!Haramuka haje umugabo uje kubatereta,bagahita bamwemera batabanje no gushishoza ngo barebe uwari we cyangwa uko ameze bagahita bajyana nawe bakajya gukora imibonano mpuzabitsina batanitwaje agakingirizo.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanurira ubwoko bw’Abahutu Kazi,ubabwire uti,Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uku niko avuga.Dore afitanye urubanza namwe kuko mugendera mu nzira zo gukiranirwa mukagambanira ubugingo bwanyu kandi ari mwe mwakabaye mubukiza.
Nuko rrero ubwo mwuzuye ubuhehesi nubusambanyi bigatuma munanirwa no kwirinda ngo mukize ubugingo bwanyu,mumenye yuko muzarimbuka kubera ayo marozi mugendana ngo muhumanye abagabo kandi umugore mwiza cyangwa umugabo mwiza baturuka k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.
Dore nimutihana muzacirwaho iteka kuko musigaje agahe gatoya mukora ibyo,ngo mucirweho iteka cyangwa mwihane mubabarirwe.Ariko nimukomeza guhumanya abantu b’Imana kandi atari mwe mwabaremye,nta kindi muzaba musigaje usibye gucirwaho iteka n’ijambo ry’uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka avuze!Uyu munsi dore iri jambo ribageze mu matwi yanyu ntabwo muzavuga ngo ntimwabimenye niko Uwiteka avuga.
Ndoga ngeze muri ayo mazi maremare nibwira yuko nshobora kwicwa nayo maze,ndongera ndagaruka.Ndazamuka nerekeza kuri wa musozi wubatsweho inzu y aba BISHOP’s maze mbona mfashe agakoni mu ntoke(ubutware) ndakomeza ndazamuka ngera kuri rwa rugo rwabo ruturanye na za ndaya zo mu bwoko bw’Abahutu(Kazi) nzinyuraho zishaka kungaburira ariko ndazinanira ngeze kumuryango w aba BISHOP’s ya NKONI nyijugunya hasi imbere yaw a muryango ndinjira maze Bishop ambaza iyo nkoni aho nyisize nsubira inyuma ndayitora ndayimuha mbona arayifashe ayishyize munsi y’umukeka ushashe murugainiriro.
Ijambo ry’Uwiteka Imana ya bakiranutsi rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore aba Bishop bahiya ubutware,kandi bibujije kugira neza ishingiye kumbabazi(urukundo)kubera iyo mpamvu,uko batigeze bakugirira imbabazi ubwo wamanukaga werekeza ku Nyanja ngo nibura bashake kumenya ibyawe.
Uko niko nabo ntawuzakenera kumenya ibyabo ubwo ibyago byabo bizaba bigeze mu marembo yabo,kuko birinze kugaragaza imbabazi zituruka k’Uwiteka kuko ari ntazo bagira mu mitima yabo uko niko nabo bizabagendekera nta muntu numwe uzabagirira imbabazi ubwo bazaba bari mukaga gakomeye uko niko Uwiteka avuze!
Iriya NKONI wabonye nubutware bihaye bataturutse k’Uwiteka,bakoresha bashaka kugera ku nyungu zabo,barangiza bagahita bafata bwa butware bwabo bihangiye bakabushyira munsi y’umukeka cyangwa umusa-mbi.Nuko rero ubahanurire ubabwire uti,uku niko Uwiteka avuga,dore afitanye namwe urubanza kuba mwaranze gukora ibyo gukiranuka nubwo atari we wabibahamagariye.
Ariko nibura iyo muza kugaragaza gukiranuka mukagenza uko byari bikwiriye kugenza,nibura mwari kuba mugaragaje umutima wo kubaha Uwiteka Nyiringabo.Ariko nibyo ntabwo mwigeze mubigerageza ngo mugaragaze gukirauka imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana ikiranuka.
Kubera mwabujije abantu b’Imana mugahagarara mu nzira aho guhagarara kuruhande ngo mureke abantu banjye bashaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Imana ya Abraham,Issac,Yakobo na Majeshi Leon,niyompamvu muciriweho iteka none kuko ibyo mwakoze mwari muzi amategeko abigega ariko mwahatiye abandi kubahiriza amategeko kandi mwebwe mutayakozaho nimittwe y’intoki zanyu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Save
Save
