Amakuru aturuka mu gihugu cya Kenya ataratangazwa aravuga ko,Uhuru Kenyatta ngo yaba agiye gutanga ubutegetsi yari yibye kumanywa yihangu.Ibyo bikaba bibaye nyuma yahoo hishwe abantu bigaragarambyaga bivugwa ko arashyigikiye Raila Odinga uyoboye ihuriro rya NASA.
RAILA yari yahagaritse imyigaragambyo ku wa mbere aho yasabye ko,hashyirwaho komisiyo izajya kugenzura ibyavuye mu matora muri SERVER ya IEBC kugirango hamenyekane uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu.
Twibutse yuko impande zombi zihanganye zari zemerewe kuba zifite paraller tallying station ifatanye na IEbc,aho bose bari bafite ubushobozi bwo kumenya ibyavuye mu matora.Bivuze ngo,RAILA ibyo saba kand avuga arabizi.