Amakuru aturuka mu gihugu cya Kenya,aravuga yuko perezida wicyo gihugu yamaze kurambirwa ruswa yamaze kumunga icyo gihugu,nyuma ya raporo ya Bank nkuru y’Isi yose y’umwaka ushize yagaragaje yuko igihugu cya Kenya cyiza kumwanya wa gatatu muri Africa murwego rw’ibihugu byamunzwe na ruswa bityo bikavugwa yuko icyo gihugu gishobora gusubira inyuma murwego rwubukungu dore ko ubukungu bwicyo gihugu bumaze guhananukaho 6% nyuma yahoo Uhuru Kenyatta agiriye kubutegetsi.
Iyo ruswa ivugwa muri icyo gihugu,bivugwza yuko yatangiranye na perezida wa mbere wicyo gihugu yaje gusigira ububtegetsi oerezida MOI Daniel waje gukomeza imizi ya ruswa muri icyo gihugu.
haravugwamo ikibazo cya Angro leasing,hakavugwamo ikibazo cyabaministiri barimo minisititri wibikorwa remezo Charty Ngiru,Minisitiri wabakozi bal eta Kazungu Kambi,Slas Smau,Ndumva Muli,Mutea Iringo Michael Kamau haravugwamo kandi nabashinga mateka barimo uwarishinzwe kurwanya ruswa akaba numuyobozi mukuru wiyo komisiyo Ababu Namwamba ukomoka mu ishyaka ritavuga rumwe nubutegetsi ODM,haravugwamo Gevernor wumurwamukuru wa Nairobi Dr.Ivan Gederu nawe ubarizwa mu ishyaka rya ODM ariko bikaba bivugwa yuko yamaze kugambanira iryo shyaka ngo ashobora kuba abarizwa muri TNA ishyaka riri kubutegetsi.
Haravugwamo ndetse n’ukuriye abasenateri Issac Ruto ubarizwa mu ishyaka rya vice perezida URP William Ruto wamaze gutangaza ko aziyamamariza umwanya wa perezida wa repubulika muri 2017.
Kugeza ubu bikaba bitaramenyekana niba ISSAC Ruto niba azava mu ishyaka riyobowe na vice president Wiliam Ruto utegerejwe kujya gusomerwa urubanza I LA HAYE mu gihugu cy ‘UBUHOLANDE,bikaba bivugwa yuko yaba yaramaze kubona ko azafungwa bityo agategura mugenzi we hakiri kare kugirango azakomeze kuyobora ishyaka rye rya URP ribarizwa ubwoko bwabakarenjini.
Umukuru w’igihugu Uhuru akaba yasabye abashing mateka kugira vuba bishoboka abashinjwa iyo ruswa bagakurwa mu myanya yabo dore ko yasabye ko baba bicaye kugatebe kugirango hakorwe iperereza batazaribangamira ubu bamaze kwicazwa hasi bakaba bategeje ibizava mu iperereza.
Amakuru aravuga yuko politike yicyo gihugu yaba igeze aharindimuka,ariko twifashishije ubuhanuzi,bwo mu gice cya (6)cy’ubuhanuzi havuga yuko inzoka ya shaba yagaragaye ku nteko nshinga mategeko bivugwa yuko inteko nshinga mategeko ya Kenya izashiraho hakongera kuba amatora bundi bushya ndetse bigashimangirwa nubuhanuzi yuko umukuru w’igihugu ishyaka rye riri kubutegetsi rizatsindwa amatora agiye kongera kuba muri icyo gihugu yabashinga mateka bagaragaweho na ruswa.
Haravugwa amayeri menshi cyane arimo gukoreshwa kugirango umukuru w’igihugu azongere kwiyamaamriza umwanya w’umukuru w’igihugu muri 2017,aho yashatse guhigika abatavuga rumwe nawe dore ko bakomeje kumutsinda mu matora yabashinga mateka.
Ibyo byaje gutuma abatavuga rumwe nawe bamena amabanga ajyanye na ruswa yamunze icyo gihugu uhereye igihe cya Moi yitwa Agro leasing bituma nabaminisitiri bo muri leta ya Uhuru bagerwaho ndetse bivugwa ko hagaragayemo nabacuti ba soma mbike.
Ibyo mu gihe biri kuvugwa,hari ikibazo cy’uhagarariye abakozi bal eta nabikorera kugiti cyabo bwana Francises Atwoli bivugwa yuko ngo yaba yaricishije umudepeti witwa Kabete warashwe mukwezi guheze ngo yaba yarazize uwo Atwoli kubera amabanga bari basangiye ya ruswa ngo byamenyekanye yuko agiye kuyashyira ahagaragara bituma uwo Atwoli hamwe nabagenzi be bafatanije mukurya ruswa ivuza ubuhuha muri icyo gihugu bamurasa ahagana mu masaha ya saa kumi nimwe z’igitondo.
Tukiri ku nkuru yo muri Kenya bivugwa yuko umwaka ushize muri Nyakanga kuwa 07 ibyo bita saba saba ngo mbere yuko uwo munsi wa saba saba ugera kuwa 06 nyakanga abanyaKenya bo mu bwoko bw’Abakikuyu bafashe inzeso zirindwi bazijyana muri uhuru park maze bakora imihanga yo kwamagana Raila Odinga bitewe nuko yari yabateye ubnwoba avuga yuko nibatemera ko habaho uwo munsi mukuru wemewe n’itegeko nshinga ngo bazakora imyigaragambyo yo gukura umukuru w’igihugu.
Byatumye rero bakora iyo mihango bivugwa yuko bahise bamena izo nzeso nyamara ngo ubusanzwe izo nzeso iyo uzimennye zihitana umwanzi wawe zamara kumurangiza zigahindukirana wowe nyirazo wazimennye kuko uba ushenye uruhimbi rwabadayimoni bivugwa yuko ntacyo muba mugipfana nabo badayimo kuko uruhimbi rwabo uba wamaze kurusenya.
Muri icyo gihugu rero hakaba hakomeje kunuka uruntu runtu rw’ibigiye kubaho mu minsi iri mbere niba batarebye kure ngo bahagarike amakuba agiye kubabaho bishoboka yuko bakwisanga mu ntambara ya moko ikomeye kuburyo kuzayihagarika bitazoroha.