Iyo witegereje uburyo abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’umwakagara,ukuntu birirwa binyuramo aho kugirango batahirize umugozi umwe,ahubwo usanga abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu cyangwa abatutsi bose bashaka kugaragaza imbaraga kuri buri ruhande ndetse bamwe bikanavugwa yuko baba bakorera agatsiko k’ubwicanyi kamennye amaraso yabanyarwanda muri 1994.
Hagati yabo barepubulike,batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’inkoramaraso bwa fpr,usanga nta numwe ushobora gutabara abanyarwanda,kuko ikiranga amahindura matwara ari uko batavuga rumwe n’ubutegetsi bishyira hamwe aho kugirango bitandukanye.Bivuze ngo nta shyaka cyangwa umutwe wa politike uwari wo wose washobora gutabara abanyarwanda usibye Imana yo mu ijuru yo nyine kuko abandi bose ar’ibigambo bahuragura bidashobora gukanga agaca kagiye gutwara umushwi w’inkoko.
Umwakagara nawe Uwiteka yamunangiye umutima kugirango aziheshe icyubahiro ubwo azaba avuye kubutegetsi kugirango ntihazagire uwongera kwirata imbaraga ze.Umwakagara ntakangwa n’amahanga cyangwa se abatavuga rumwe nawe kuko we ntabwo ar’umuntu usanzwe kuko aremwe mu mbaraga z’umwijima nk’uko ubuhanuzi bwo mu gice cya 1-3,bubivugako aorerwamo n’umwuka wa Nyirabiyoro wihimuye ku bwami bw’uRwanda.
Akaba ariyo mpamvu leta y’umwakagara ikomeje gushaka amayeri yose ngo ikurikirane abanyarwanda bose bahoze bakora umwuga wubucuruzi aho bari mu mahanga y’Africa ibashyiraho amadossier yuko bagiye batishyuye imisoro kubera ko batinya ko abo bacuruzi bazishyira hamwe cyera kabaye bagashyigikira abatavuga rumwe n’ubutegetsi bityo bagakuraho ingoma y’Abega bab’Akagara.
Nk’uko amakuru aturuka I Kigali abivuga,ngo byahindutse itegeko ko za restaurant zose zo mu murwa wa Kigali zigomba gukoresha amazi y’uruganda rw’inyange kugirango babashe kubona uboryo bwo kwica cyangwa kuroga abatemera ubutegetsi bwa fpr.
Aho usanga buri restaurant itegekwa guha akazi umwe mubakobwa babega bashinzwe gukora umwuga wo kuroga abatavuga rumwe n’ubutegetsi,abantu rero ntabwo baramenya ko ibintu byahindutse kandi ko umwakagara arumunyantegenke agomba gukoresha amayeri yose agahitana abatamwemera mbere yuko bamuhitana bityo bikitwa yuko umuntu yazize indwara nyamara yazize twa tuzi twa Col.Danny Munyuza.
Nubwo ibyo byise biri gukorwa kugirango bagera kuri mandate ya lll ya 2017,ntamahirwe umwkagara agifite kuko Uwiteka yamukuyeho amaboko nk’uko bigaragara mu gice cy’ubuhanuzi cya (7); ahoy amaze gutegurirwa imva izahambwamo ibice (3); byumubiri we.
Ibyo bikaba biriguterwa ni uko arumwe mu bayobozi b’africa byamenyekanye yuko bashyigikiye abakomonisiti muyandi magambo ibihugu by’Asia birimo Uburusiya,Ubushinwa,na Korea y’amajyepfo aho bashaka kwigarurira isi bagahangana n’America n’Uburayi.
Umwakagara rero mu mayeri yose ari gukoresha aho ateganya gutegura kamarampaka ya ll yokongera kumushyira kubutegetsi kugirango azaburambireho kugeza umuhungu we Ivan Cyomoro agejeje imyaka 35 kugirango amuhe ubutegetsi nk’uko nawe yabugezeho afite iyo myaka.