May 11th ,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore ube maso kuklo umwanzi wawe Atari kuye yawe,kubw’ubwubugingo bwawe ukwiye kugira ubwenge kuko agutegereje uko niko Uwiteka avuga
Dore umwanzi wawe yaguteze ku isaa ya 7:18 z’umugoroba,rero ukwiye kumenya uko ugemza kugirango utagwa mugico cy’abanzi bawe.Mwana w’umuntu ijambo ry’Uwiteka urifate cyane kandi urikomeze kuko ariryo rizaguha umugisha w’ubungingo uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa abacamanza bo mu rwagasabo nabo bahabwa igihano cyo kujyanwa mubutayu bugufiya kubera guca imanza zibera bakirengagiza ukuri kandi ubuzima bw’abanyagihugu buri mu maboko yabo,maze nerekwa bajyanwa mubutayu bugufiya kugirango bigishwe kubaha Uwiteka Imana yo mu ijuru
Nerekwa ibikomerezwa by’umwakagara hamwe nabacamanza bahuza inama zo kuriganya abacika cumu n’Abahutu imitungo yabo,ako kanya Uwiteka ahita ategeka ibigori bimera mu mirima yabyo bikomerezwa uhereye mu Bugesera kugeza mu murwa mukuru w’urwagasabo KIGALI.
Nerekwa amazu yose yubatswe n’umwkagara amazu meza yibitabashwa,mbona umuriro uvuye mu ijuru uraza utwika ya mazu yose uko yakabaye,maze umurwa wose w’urwagasabo uhinduka umuyonga.Maze numva jwi rivugira mu kirere ngo:AMABOKO Y’UMWANA W’UMUNTU NTABWO AHWANYE NAY’UWITEKA IMANA.Ijambo ry’Uwiteka rirakomeza rirambwira riti mwana w’umuntu dore umwakagara amaze kwiyubakira gakondo yabakiranutsi nyamara nararahiye yuko atazaragwa gakondo yabakiranutsi habe nabamukomokaho ntabwo bazayiragwa kuko yakoze ibyangwa n’Uwiteka Imana.
Umwuka arambwira ngo nikebuke ikasikazi n’ikusi ndakebuka mbona gakondo yose yabakiranutsi yatse umuriro yamazu yose yibitabashwa yose afatwa n’inkongi y’umuriro
Bambarize uti,ese mwategetse kubera amashuri meshi mwari mufite?Ese ntimuzi yuko mwategetse ibikoerezwa n’ibikomangoma?!Niompamvu umujinya wanjye uzaruhuka aruko mbakuye ku ngoma nkabakoza isoni imbere yamahanga uko niko Uwiteka avuga
Mwana w’umuntu ongera uhanure uvuge uti,dore Umwami w’uRwanda KIGELI V.Ndahindurwa azahamagarwa na ONU ahabwe igihugu kuko agatsiko kabanyabyaha nzagaheha nk’uheha amazira ntoki uko iko Uwiteka avuga
Mubuhanuzi butaramara ukwezi bwasohotse harimo umutingito wo muri NEPAL,umwuzure wo muri NEPAL,impanuka ya Train yo mu gihugu cy’America,umwuzure wo muri Malaysia,na Indonesia,ibi byose bikabanziriza ikimenyetso gikomeye kiiye kuba ku isi aho ukwezi kuzahinduka umuhondo n’icyatsi kibisi kugirango Uwiteka yerekane ko arakariye inkozi zibibi zikomeje gukiranirwa no kwica ubwoko bw’Uwiteka zikoresheje agasuzuguro.
