Babanje kugusha inzu y’ubucuruzi yitwa World Trade Centre iba muri America,bajya kuyigusha bari bamaze kugeza umushinga wo kumviriza amatelephone yose maze ugeze mu nteko nshingamategeko n’umutwe wa Senator barawanga nibwo bateguraga igitero bakoresheje Bin Laden HUSAMA maze nyuma yicyo gitero umushinga bahise bawusinyira ako kanya gahunda yabo iba igezweho.Barangije bakoze ibishoboka byose Bin Laden aricwa kugirango atazashyira amabanga ahagaragara deal irangira gutyo!?
Ibyo byose mbere yuko babikora babanje gukina filme yitwa 911 yakinnywe na SHWEZINEGA anyura mu gikuta.Nyuma yo kuyishyira ahagaragara nibwo baje gushyira umugambi wabo mu bikorwa.Ibyo babirangije bakomereza muri SYLIA aho bateje intambara na bugingo nubu ikaba yarananiranye bavuga ko ubutegetsi bwaho bukarana nabaterroliste ariko umugambi kwari ugukuraho Rusia kuko ariyo ifasha icyo gihugu.
Babonye bitinze nibwo bahise berekeza muri LYBIA urabona uko bahagenje na bugingo nubu nta mahoro bateze kuzabona.Umugmbi wa LYBIA nawo ubasha kusanga muri filme ya LEGENDS aho bavuga ku iyicwa ry’Igikomangoma Prince ABBUD kubufatanye bwa ACYDIA POLICY COUNCIL uburyo bakoresha abaharanira uburenganzira bwa muntu kugera kumugambi wabo ugasanga umuntu ari gukoreshwa ibintu abatazi aho biva naho bijya bashingiye kumurimo ukora kugirango nawe ubashe kugera kunshingano zawe uba waraharaniye.
Haje gukurikiraho kujya mu bihugu by’abarabu, aho bateye igihugu cya IRAQ bavuga ko SADAM ashyigikiye iterabwoba rikorerwa abatavuga rumwe n’Idini rya Islamu.Ndetse akaba yaramze gukora nibitwaro byakirimbuzi! Byatangiye ari uko byitwa, biza gufata indi ntera aho ibitero by’iterabwoba byaje gukwirwa mu isi yose.Nyuma y’intembara ya IRAQ,mu bushakashatsi bwakoze ni kinyamakuru inyangeNewss.com,byagaragaye yuko iterabwoba rivugwa kugeza ubu, ryaba ritavugwaho rumwe n’ibihugu byose, kuko ibihugu bimwe birikoresha mukuwanya abatavuga rumwe n’ubutegetsi aho kugirango bemere ko mu gihugu habaho ibirekerezo bitandukanye nurubuga rwa politike(Political Space);ahubwo babihindura ukundi bakabibatiza andi mazina kugirango bibabere iturufu ryo kwigizayo abo babona babarusha imbaraga zo gutekereza mu rwego rwa politike.
Aha twavuga nka Uganda n’uRwanda uburyo bafatamo ikibazo cy’ iterabwoba, usanga binyuranye cyane niterabwoba rivugwa rikorwa mu bindi bihugu wenda twavuga nk’igihugu cya Kenya,usanga iterabwoba rikorerwa aanyaKenya,ritadukanye kure cyane nirikorerwa abanyaUganda cyangwa abanyaRwanda.
Kuko ibyo bihugu byombi byemera ko umuntu wese batavuga rumwe cyangwa badahuje ibitekerezo nawe ari mu bantu bakora iterabwoba (Terrorism) bamufata bakamushyira mugatebo kamwe nabagize umutwe w’iterabwoba.
Babanje mu gihugu cya Iraq bajyayo bavuga ko,bafite amakuru ahagije ajyanye nuburyo icyo gihugu barimo gukora intwaro za kirimbuzi bakaba bafite umugambi wo guteza intambara ya [lll] y’isi yose.Bidateye kabiri George W.Bush avuye ku butegetsi ubwo bari mu matora yo guhererekanya ubutegetsi we na Obama nibwo yavuze ko,ngo urwego rwa CIA babeshye bagatanga amakuru atariyo ngo bitewe no kwibeshya kandi ngo bibaho batera Iraq baza gusanga nta ntwaro bakoraga za kirimbuzi.
Icyo gihe bari bavuye guteza akavuyo mu gihugu cya IRAQ ndetse bafata SADAM HUSSEIN muri 2004, bamuca igihanga kuko bashakaga gusahura igihugu cye,bamugerekaho urustyo bavuga ko,ngo akorana n’itetabwoba.Ibijyanye na IRAQ ushobora kubisanga muri filme yitwa LEGENDS SN1.
Babanje kugusha ubutunzi hasi muri 2008 mukwezi kwa [10] italiki [10] bateza akaga mu isi, bukungu busubira inyuma na bugingo nubu.Ibi byose babikoreye kugirango ibihugu byari bimaze gutera imbere nk’igihugu cy’Ubushinwa gisubire inyuma mu byubukungu kuko cyari kimaze kunyuraho igihugu cy’America.
Urugero mu mwaka wa 2014 Ubushinwa bwinjije Tiriyali ya $1.6, naho igihugu cy’America cyinjije Tiriyari ya $1.4 urumvako har’intambara yubukungu hagari y’ibihugu ndetse na mashyari utayasize inyuma.Hagati aho, America ikaba ifitiye Ubushinwa ideni rya Miriyali $10 urabona ko America yugarijwe nikibazo cy’ubukungu niyompamvu ikoresha uburyo bwose ngo izamure ubukungu bwayo binyuze mu nzira izarizo zose zishoboka.
Nta cyintu na kimwe babasha gukora batabanje kugikuramo amafaranga.Bakina filme bakayishyira ku isoko ahagaragara mukayigura barangiza bakabona amafaranga yo gukoresha muri izo gahunda zabo baba barateguye kuva cyera.Ngirango mwabonye uburyo bateguye filme mbarankuru yitiriwe Rwanda true story,uburyo Umwakagara yahanuye indege y’uwahoze ayobora uRwanda Perezida Habyarimana Yuvenal.Byaje guteza Genocide.Nibwo umwakagara yahise arakara afunga bbc gahuza miryango yibwira ngo arabahima.Baza kumukina agakino nibwo urwego rw’ubutasi rwa M16 bahise batumira Gen.Karenzi Karake agezeyo bahita bamuta muri yombi bityo baba babonye impamvu yo guhahamura Umwakagara bamushinja ibyaha byo mu ntambara uburyo ysihe abanye SIPANYE babihaye Imana byarangiye umwakagara apfukamye imbere yabo inkinamico irangira gutyo!
Nyamara ntibyatumye adashyirwa ahagaragara iyo filme ngo bayishyira ahagaragara, barangije kuyishyira ahagaragara Ubwongereza bucana umubano na leta y’uRwanda kugeza ubwo n’umwakagara yafungaga bbc gahunza,nabo bafunga Gen.Karenzi Karake kumufunguza hishyuwe miliyoni [1] ya mapound (One Milion Pound) ahwanye na Miliyari imwe y’amanyarwanda 1,000,000,000 na miliyoni 300,000,000 z’amanywarwanda yahise afungura gahuza miryango atumva atabona kuko nta kundi byari kugenda. Nyamara filme yagiye ahabona isi yose irayibona maze kwamamara kwe kuba kurangiriye aho ahinduka umwicanyi ruharwa na bungingo nubu.
Kirya cyari ikimeyetso cyuko bagiye kumukura kubutegetsi ariko aranga yishyira hejuru ubanza yaribwiraga yuko urutugu rushobora gusumba ijosi.Burya kurekura Miliyari nimisago ntibyiroshye naho waba ufite menshi byanze bikunze ugaomba gusigarana icyuho,yaba ayavue mubacuruzi azazana ibintu abasabe ko mutamusoresha kuko yatanze umusanzu wo gufunguza Gen.Karenzi ayakagiye mu isanduku ya leta ubwo akaba agiye gutyo nibwo bucyene mu bona bwamaze gusaza leta y’umwakagara aho abaturage bamaze guhunga igihugu ariko leta ikavuga ko,ari ntakibazo bafite.
Wa muturage uhunze iyo agiye hari icyuho gisigara byanze bikunze kabona naho wasigarana ubutunzi bwa bantu bose ariko ubutunzi budasaraganijwe ntabwo bwunguka!!!Ikibabaje ni ukuntu Umwakagara abonye ko Gen.Karenzi Karake yamaze kwamamara mu isi hose,amaze gufungurwa ageze ku kibuga abanyarwanda bateranije amafaranga yo kumufungura ntabwo bmerewe kuba bamuca iryera ngo nibura bamwakire babone uwo barwaniye ishyaka agafungurwa ahubwo bahise bamucisha mu gikari ku kibuga kindege I kanombe airport bamwuriza imodoka shishi itabona bamubuza kubonana nabaturage ngo nibura abahsimire uko niko umwakagara akora ntajya yifuza umuntu wamenyekana mubaturage kugirango atamutwara icyubahiro yigize imana ntawe ashaka ko basangira icyo cyubahiro.
Reba uburyo icyitwa iterabwoba (Terrorists) kimaze gufata indi ntera idasanzwe kugeza naho ibihugu bikomeye ubu bitagifite wa mutekano biratagaje.Ibi byose ubigenzuye neza ushobora gusanga hari umugambi ubyihishe inyuma.Byanze bikunze ikoranabuhanga rya Micro Cheap rigaomba kubona isoko kuko ritari ryemerwa n’ibihugu byose kugeza magingo aya.Ntabwo ibihugu byose babivugaho rumwe kuko uwo mushinga uzajya ukontorola isi yose mu minota [2] ikicaro gikuru kikazaba mu gihugu cy’UBUBILIGI mu murwa waho mukuru wa Brussels.
Uwo mushinga uzaba ushinzwe gushyira code ya PassPort cyangwa Passport N° yawe cyangwa diplome N° yawe, Drivng License N° yawe impapuro zose zishoboka (Profile) bazishyire muri ako kantu kangana na SIM Card kitwa (Micro Processor) ya telephone ndavuga ka kandi kaba kari inyuma a SIMCARD gasa zahabu.Maze bagacengeze mu mubiri wawe kugirango wemererwa kugura cyangwa kugurisha maze ibyanditse muri Revelation cyangwa APOCALYPSE 13:16-18 bibe birasohoje umurimo wabyo.
Reba uburyo umugabane w’Africa (African Union) AU bemeye gushyiraho urupapuro rumwe rw’inzira PassPort ruzajya ruhuza abanyafurika bose nyamara barananiwe kubahiriza uburenganzira bwa muntu.Ibi byose n’ukugirango bazabashe gukontorola buri kantu kose kuko byabagorana kumvisha ibihugu byose muri rusange umushinga wa Micro Cheap.
Ariko nibishyira hamwe ibyo bihugu byose bazajya bavugana n’umuntu ubihagarariye aho kuvugana na buri gihugu kuko byabagora kuzazenguruka Africa yose bumvisha uwo mushinga uburyo ari ngirakamaro.Ariko nibanyura mu nzira y’ubkungu no gushyira hamwe bazahabwa inkunga igaragara kugirango umwanzi abone uko acengera agere kumugambi we mubisha wo kurimbura abakiranutsi niba bishoboka. Ibi byose kugirango byemerwe ni uko babanza guteza umutekano mucye witiriwe ibyihebe (Islamu) kandi mu by’ukuri bifite ikindi bihishe cyangwa bigamije.
Ntawavuga ko America nk’igihugu cy’igihangange ku isi cyananiwe kugaruza umtekano mu gihugu cyabo, aho iterabwoba ubu rimaze kuba indiri yabo.Reba igihugu cya France, Ububiligi, Ubudage ibyo bihugu koko byananiwe kugaruza umutekano? Cyangwa haba har’izindi gahunda (Gender) twaba tutazi?Burya rero inyamaswa y’inyamakenga ntiyicwa n’umututizi twari dukwiye gutekereza cyane kandi tukagerageza gukurikirana makuru ku buryo buhagije tukitabaza iyo mu Ijuru kuko yo ntabwo ijya inanirwa.
Ntabwo nzi neza niba igihe cyo kurangira ku isi niba ar’iki,ariko niyo cyaba kigeze kuko isi nta cyo tuyishakamo.Ndatekereza yuko dukwiye kuba maso cyane tukita kubuingo kuruta kwita kuby’umubiri tuzasiga hano mu isi cyangwa kwita kuby’amadini.Umwanzi afite amayeri menshi cyane kandi agira ibanga rikomeye gahunda ze,azikorera mu ibanga nubwo Uhoraho adasiba kuzishyira ahagara akaba nimwe mu mpamvu duhora mu ntambara zitarangira urupfu rutugendaho akanya kose tukaba twarimburwa ni nkozi z’ibibi nuko zigira ibyago Uhoraho ijisho rye rikaba ritava kubugingo bwacu naho ubundi baba baraturimbuye cyera cyane.
Ushobora kureba filme yitwa XMEN.APOCALYPSE ushobora kumva ibyo nkubwira niho wamenya uburyo Satan gahunda ze azishyira mu mafilme kuko azi neza ko abantu benshi bareba za filme ariko iyi filme ikaba yarakozwe n’ikigo cy’ubutasi (SPY) cyitwa CIA cyo muri America uhita ubona gahunda zose uko ziteye uramutse ur’umuntu uzi gutekereza ushobora kumenya byinshi byarokora ubugingo bwawe.
Igihugu cy’Ubushinwa,Rusia,Korea ya Ruguru,Iran nibimwe mu bihugu biteye ubwabo cyane umugabane w’America,nibwira yuko,Uburayi nibumara kuzengerezwa nitera bwoba,buzemera gushyira hamwe na America kugirango begeranye imbaraga barebe yuko bahangana n’UBURUSIA kuko igihugu cya Germany giherutse kuburira umuryango wa NATO,ko badakwiye gutangiza intambara hagati yabo na Rusia.Kuko bashobora kuba bafite amakuru ashoboka kubijyanye n’uburyo igihugu cya Rasia kimaze kwiyubaka ku buryo buhagije mu bijyanye n’intwaro za gisirikare kuba bahangana nacyo bikaba bitaborohera ngo babe bakinesha.Rusia ubu yamaze gufata patrol yose munsi y’inyanja ya Mediteranian Ocian na Pasific aho hose bamaze gushyirayo ingabo zirwanira mu mazi bakoresha ubwato bwitwa SubMarine.Ngirango mu mpera z’umwaka wa 2014 aya makuru twayanditseho cyane.
Igihugu cy’Ubudage nk’igihugu cyatangije kandi kikarwana intambara y’Isi yose,gishobora kuba kizi byinshi kurusha ibindi bihugu byo mu Burayi.Mur’iyi mnsi Vurdamir Putin aravuga rikajyana kandi yagerageje gutangiza intambara ashingiye ku gihugu cya Ukrain ariko bananirwa guhangana nawe.Yigaruriye Kiremia barebera bamufatira ibhano ariko nta cyo byatanze na bugingo nubu.Nubwo bavuze ko ubukungu bwahantanutse kuburyo bugaragara ariko nta cyo byahindiye kuri politike ye mpunzamahanga ngo abe yajya gusaba kumvikana n’Uburayi cyangwa asubize intara ya KIREMIA yari yigaruriye.Ahubwo ayahise ayigenera budge ihwanye na madollar miliyoni $450 ya buri mwaka bazajya bakoresha muri gahunda za leta ya RUSIA.
Tekereza kugirango idini rya Anglican na Lutheran bemere ko bazajya basezeranya abahuje ibitsina, kandi bitirirwa izina ry’Uhoraho?Ubu byarasobanutse cyane ntabwo bigisaba kwigisha cyangwa guhanura kuri byo, ahubwo ijmabo ry’Uhoraho ryabivuze ukuri uwezwa yezwe n’ukiranirwa akomeze akiranirwe.
Ubungubu umuntu ugihagaze ku idini afite ibyago bikomeye cyane, kuko umwanzi amaze kwegeranya imbaraga zose arashaka gutegeka isi yose akoresheje ikoranabuhanga.Ibyanditswe bivuga ngwiki?Azatera abakomeye naboroheje ndetse niba bishoboka n’Intore (Abakiranutsi) abarimbure ariko sinzi ko bizamukundira kuko Uhoraho nawe ari maso.None se utekereza yuko intambara mpura nazo ari ukuberiki?Kuki ubuhanuzi bwateza ikibazo nimba nimba ibyo buvuga atar’ukuri? Ese ukeka yuko uwakwihanganira ubuhanuzi ari nde? Babukunda iyo bubavugaho ibyiza, ariko iyo butangiye kubatunga agatoki bihinduka ibindi bindi.
Iturufu y’iterabwoba niyo umwakagara yitwaje mu matora ya 2010 avuga ko, Gen.Nyamwasa Kayumba na Ingabire Victoire Umuhoza ko aribo bateje umutekano mucye bafatanije na FDLR.Urabona yuko iterabwoba ubwo benshi barishiriramo kubera guterwa ibisasu na leta kugirango irengere inyungu zayo kandi inyungu za mbere ar’ukurinda umuturage.Ahubwo aho kulinda wa muturage bagahitamo kumwica kugirango bitwaze yuko abo batavuga rumwe bishe abaturage murumva yuko biteye ubwoba.
Abantu bakicwa mubera amaherere y’ikinyoma cy’ubutegetsi, abari bafite ibitekerezo byo kubaka igihugu kabone naho byaba bidashimishije ariko burya bifasha ibitekerezo byiza ubona icyerekezo kuko hatariho NEGATIVE, ntabwo bishoboka yuko, habaho POSITIVE.Ntibibaho ko habaho umwijima hatariho umucyo.Kuko umwijima niwo utuma umwijima ubaho,hatabayeho umwijima umucyo nawo ntiwabaho.Niyompamvu ubwo hariho umwijima, isi ntiyarifite ishusho maze Uhoraho afata wa mwijima awuhinduramo umucyo nibwo byashobotse ko habaho amanywa nijoro, isi ibasha kugira ishusho.
Urabona yuko ihunga rya Gen.Kayumba Nyamwasa ryahindutse iturufu ku Mwakagara,kuza kwiyamamaza kwa Ingabire bigahinduka iturufu ku Mwakagara,ibyo babyita OPOTUNITESTY gukoresha amahirwe yundi muntu mukibazo wifitiye.None se Uhoraho atamanutse ngo agire icyo akora, abantu be ntibashira?
Bakarimbuka badafite kirengera kubera abanyembaraga badashaka kurekura ubutegetsi bafashe kungufu za gisirikare cyangwa bakaba badashaka ko twasangira ibyiza by’igihugu bagakomeza kubyiharira bonyine nibwo uzajya wumva ngo hariho interahamwe,Inyenzi,nibindi bakoresha kugirango bakumire abene gihugu be kugira uburrenganzira bunga haba imbere ya mategeko cyangwa mu byubukungu.Bakaduhindura abagaragu babo.Erega ruri hose ni uko gusa ibihugu bitadukanye haba mu buzima bw’igihugu cyangwa mu butabera.Naho ubundi ruri hose!!!
Ubwo nashimutwaga mu murwa mukuru wa Kampala mu gihugu cya Uganda,bankuye muli gereza banjyana ahitwa Bugorobi kujya kuganira na za magigiri z’umwakagara zinsaba yuko nagaruka mu gihugu bakampa akazi nyuma yo kubasobanurira uburyo bagiye bampemukira banyambuye umushara nakoreye muri Congo ubwo batwoherezaga gukorera Congo tugura amabuye ya gaciro kugiciro cyo hasi kuko abanyeCongo bari bafite inzara kubera intambara yazengereje mbabwira ko banyambuye $36000 maze basaba ko nasubirayo ngahabwa akazi cyane yuko narimfite muramu wanjye Baricana Eugene ngirango ahari bari bavuganye nawe kuko niko bambwiye ngo mfite amahirwe kuba mfite muramu wanjye ukomeye muri RPF.
Narabahakaniye mbabwira ko bidashoboka kuko ibyo babivuze kuko babuze uko banyica,s’urundi rukundo bari bangiriye cyangwa izindi mpuhwe.Umwaka ushize mwabonye uburyo Gen.Nziza Jack(Nkurunziza Jackson) ubwo yansabaga kuvugana na First Lady,nyuma yo kubona yuko ngenda nshyira ahagaragara amakuru ajyanye na mabanga yabo uburyo bagenda bagambanira ubwami bw’uRwanda yewe bageze aho bampa inzu mu murwa mukuru wa Nairobi ahitwa LAVINGTON ubwo se nari kuyimaramo kangahe batarampitana?Iyo babonye yuko umuntu ashobora kuba umugabo nibwo bibuka ibitereko basheshe.Ahasigaye bakagushakira utuzi twa Col.Dann Munyuza ugacishwa iy’ubusamo.
Ariko tekereza gufata igihugu ukakigurisha ngo baguhaye inzu kandi nubundi inzu udashobora kuyibura kuko nabo bazibonye bashaje nubwo barimo kwiyemera bwose ntawabonye inzu muri bariya bose ari hasi y’imyaka [40] kuko bqvuye Uganda nta mazu bagiraga muri Kampala kuko igisirikare bakimazemo imyaka [4] bakimara gufata Uganda nibwo bahise bategura umushinga wo gutera uRwanda natwe kuko amahanga yari aturembeje turahaguruka tujya kubafasha ndetse banatubeshyaga ko baharanira itahuka ry’Umwami w’uRwanda kuko niwe muyobozi waruzwi nabanyarwanda ku buryo kujya muri rubanda ngo bababwire ko bashaka kubacyura ntabwo bari kubumva habe nagato.
None ya mahanga twahungaga twongeye kuyasubiramo ubu atumereye nabi mu gihe ingingo za RPF zavugaga yuko bazaca ubuhunzi.Iyo baza gukurikiza izo ngingo, uRwanda rwali kuba Paradise ariko se Umwakagara yari kuba yabyemeye?!Yewe havumwe uwiringira umwana w’umuntu iryo nijambo ry’Imana.
Cyakora har’ijambo rimwe izo za magigiri zaje kampala zambwiye naje kwemera ko ar’ukuri.Zarambwiye ngo,ntabwo uRwanda rushobora kugira amahoro igihe cyose nzaba naranze gutaha ndi hanze y’igihugu.Barongera barambwira abti,kandi natwe nubwi tuzaba tudafite amahoro nawe ntabwo tuzaguha amahoro.Surealy it was truth 100%,dukomeje kubuzanya amahoro kuko gushyikirana byarananiranye ubu ahasigaye nugutabarana uzarusha undi Imana agafata igihugu akagitegeka abandi bakayoboka nk’uko natwe twabayobotse!!!
Save